FESPAD isanzwe ihuza ibihugu bitandukanye biza kugaragaza umwihariko mu mico yabo, yaherukaga mu Rwanda mu 2013. Kuri iyi nshuro yahujwe n’Umuganura nawo usanzwe umenyereye mu Rwanda usobanura kwishimira igihe cyo kweza.
Kigali Today izakomeza kubakurikiranira ibi bikorwa ariko twanahabagereye, tubahitiramo amwe mu mafoto yaranze urugendo rwiswe Carnival.

Tumwe mu dushya turi kuranga umutambagiro wa Carnival.

Imbyino za Kinyarwanda nazo ntizahatanzwe.

Habayeho umutambagiro kuva mu mujyi rwa gati kugera Nyabugogo.

Abana bakora imikino ngororangingo bereka ubuhanga bwabo abagenzi.





Abantu baje kwihera ijisho ari benshi.

MENYA UMWANDITSI
Ohereza igitekerezo
|