Mu mukino w’ikirarane w’igikombe cy’Amahoro wa 1/8 wabereye i Rubavu, Etincelles yanganyije na Rayon Sports igitego 1-1
Mu mukino wabereye ku kibuga cyuzuyemo ibyondo, APR Hc yatsinze ikipe ya ADEGi Gituza ibitego 30 kuri 22
Intumwa ziturutse mu ihuriro ry’ibigo bygisha abana umupira w’amaguru muri Oman, zageze mu Rwanda aho zije mu biganiro byo guteza imbere umupira w’abana mu Rwanda
Mu gace ka kabiri ka Tour du Senegal, isiganwa rizenguruka Senegal, umunyarwanda Munyaneza Didier yegukanye umwanya wa kane akoresheje ibihe bingana n’iby’uwa mbere
Umunyarwanda Kagere Meddie ukinira ikipe ya Gor Mahia, yamaze kugera i Kigali aho aje kurahirira ubwenegihugu yemerewe
Abakinnyi 11 barimo Kagere Meddy ufite inkomoko mu gihugu cy’Ubugande, bahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda, bubemerera gukinira mu Rwanda nk’Abanyarwanda.
Ikipe ya Kiyovu na Rayon Sports zaguye miswi mu mukino w’umunsi wa 17 wa Shampiona, umukino wabereye kuri Stade ya Kigali I Nyamirambo
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 isezereye iya Kenya mu mukino wo kwsihyura wabereye kuri Stade ya Kigali I Nyamirambo
Muri Tombola y’amatsinda ya CAF Confederation Cup, Rayon Sports itomboye itsinda ririmo Gor Mahiana Yanga zikinamo abanyarwanda babiri
Mu gihe ikipe ya Rayons Sport iri mu byishimo by’intambwe yateye bwa mbere mu mateka ya Ruhago mu Rwanda, Ikipe ya Police FC yo yamaze gutakaza abatoza bayo bombi, umukuru n’umwungirije.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu ikipe ya Rayon Sports yakiriwe n’abafana benshi cyane ubwo yavaga i Maputo muri Mozambique mu mukino wa CAF Confederation Cup
Imvura yaguye muri Kigali ikangiza ikibuga cya Kicukiro, yatumye umukino Police Fc yari kwakiramo Mukura vs usubikwa
Ikipe ya Rayon Sports yanditse amateka mashya mu Rwanda nyuma yo guserera ikipe ya Costa do SOl, mu mukino wo kwishyura wabereye i Maputo muri Mozambique
Umukinnyi w’Umunyarwanda ukibyiruka uzwi ku izina rya Wandege ari kwitwara neza mu cyiciro cya Gatatu cya Shampiyona yo mu Bubiligi.
Abakinnyi batandatu b’ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare barerekeza mu irushanwa ryitwa Tour du Senegal rizatangira kuri iki Cyumweru
Ikipe y’igihugu y’abagore irateganya kuba yazakina imikino ya gicuti mbere y’uko CECAFA itangira, ariko bakazakina n’amwe mu makipe azaba yayitabiriye
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere, ni bwo Rayons Sport yageze i Maputo muri Mozambique, aho igiye mu mukino wo kwishyura izakina na Costa do Sol yo muri iki gihugu, izatsinda indi ikazahita yerekeza mu matsinda ya CAF Confederation Cup
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusesekara i Maputo, aho yasanze abafana amagana batuye i Maputo bayitegereje
Antoine Hey wahoze atoza Amavubi ariko akaza kuba ahagaritse amasezerano ye na Ferwafa yo gutoza Amavubi, arasaba Komite nshya kuayavugurura agakomeza akazi
Ikipe ya Rayon Sports yerekeje i Maputo muri Mozambique, aho ijyanye intego yo gusezerera Costa do Sol, ikandika amateka yo kugera mu matsinda bwa mbere ku ikipe y’u Rwanda
Mu mikino ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza (Commonwealth Games) yaberaga muri Australia, iraza gusozwa nta munyarwanda n’umwe ugize igihembo na kimwe yegukana.
Mu mvura nyinshi Rayon Sports itsinze Costa Do Sol yo muri Mozambique ibitego 3-0 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ikipe ya Rayon Sports irakira Costa do Sol yo muri Mozambique mu mikino ya CAF Confederation Cup, umukino ubera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Mu mukino wari wasubitswe kubera imvura, wasubukuwe kuri Stade Mumena, Bugesera yari yakiriwe inganya na Kiyovu Sports igitego 1-1
Umutoza Kayiranga Baptiste wamenyekanye cyane mu ikipe ya Rayon Sports, yagizwe umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’abagore
Umutoza wa Real Madrid Zinedine Zidane yatangajwe n’igitego umukinnyi we Christiano Ronaldo yatsinze ikipe ya Juventus.
Umukino wagombaga guhuza ikipe ya Kiyovu Sports na Bugesera ukaza gusubikwa kubera imvura yari yishe ikibuga urasubukurwa kuri uyu munsi
Mu mikino ya 1/8 ibanza mu gikombe cy’Amahoro, APR Fc yatsinze La Jeunesse naho Amagaju na Police zitsindirwa hanze
Nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports iciwe amande na CAF ndetse n’abayobozi bayo bane bagahagarikwa, Caleb nawe yahagaritswe imikino ibiri
Nyuma yo kuvugwaho gushaka gutanga ruswa ku basifuzi basifuye umukino na LLB wabereye i Burundi, abayobozi bane ba Rayon Sports bamaze guhagarikwa na CAF