• Yishimiye ko umwana we yakize indwara yari amaranye imyaka 14

    Uwimana Vestine wo mu Mudugudu wa Humure, Akagari ka Nyakiga, Umurenge wa Karama, ari mu byishimo by’umwana we, Habanabakize Olivier, wari umaranye uburwayi bw’ingingo z’amagufa y’imbavu, imyaka 14, ubu akaba yarakize nyuma yo kuvurirwa mu Gihugu cy’u Buhinde ku bufatanye bw’Inzego za Leta n’abaturage b’Umurenge wa Karama.



  • Isoko rya Rwentanga ryuzuye ritwaye hafi Miliyoni 100

    Nyagatare: Batandukanye n’igihombo baterwaga no gucururiza hasi

    Abacururiza mu isoko rito rya Rwentanga, Umurenge wa Matimba, bavuga ko batandukanye n’ibihombo bahuraga nabyo kubera gucururiza hasi, kuko imvura yagwaga ibicuruzwa byabo bikanyagirwa rimwe na rimwe bagahura n’igihombo.



  • Umudugudu watujwemo imiryango 72

    Nyagatare: Imiryango 72 yatujwe mu nzu z’icyitegererezo

    Mu Karere ka Nyagatare tariki ya 14 Gashyantare 2023, hatashywe imidugudu itatu y’icyitegererezo yubakiwe imiryango 72, yimuwe ahakorera umushinga wa ‘Gabiro Agro Business Hub’.



  • Inshuti z

    Nyagatare: Imiryango 240 ifitanye amakimbirane igiye gufashwa kuyavamo

    Imiryango 240 yo mu Mirenge ya Karangazi na Katabagemu ibana mu makimbirane, igiye gufashwa kuyavamo binyuze mu mushinga ‘BAHO’ wa RWAMREC ku bufatanye na Care International, hagamijwe kugira imiryango itekanye kandi iteye imbere.



  • Nyagatare: Batatu bahitanywe n’impanuka y’ikamyo

    Abantu batatu bahitanywe n’impanuka y’ikamyo itwara gaz abandi batanu barakomereka barimo abanyamaguru n’abamotari, nyuma y’uko ihunze umumotari wari mu muhanda ikagonga abari munsi yawo.



  • Uwarokoye Abatutsi muri Jenoside yorojwe inka y

    Boroje abarokoye Abatutsi, basura n’umuhora w’urugamba rwo kubohora Igihugu

    Mu kwizihiza Umunsi Mukuru w’Intwari z’Igihugu, mu Ntara y’Iburasirazuba hibanzwe ku gusura umuhora w’urugamba rwo kubohora Igihugu, kuremera abagize ubutwari bwo guhisha Abatutsi muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 no kwiyemeza kuba aba mbere mu kwishyura ubwisungane mu kwivuza no muri Ejo Heza.



  • Ubwo Mukansanga yashyikirizwaga iyo nzu

    Nyagatare: Abanyeshuri b’abanza bafashije utishoboye kubona icumbi

    Abanyeshuri b’urwunge rw’amashuri rwa Rwimiyaga, Akarere ka Nyagatare, ku wa Kane tariki ya 26 Mutarama 2023, bashyikirije umukecuru Mukagasana Valerie w’imyaka 68 y’amavuko inzu, bamwubakiye ifite agaciro k’arenga miliyoni eshatu z’Amafaranga y’u Rwanda.



  • Bimwe mu byo Nyirasangwa atunganya mu mpu

    Yinjiza asaga ibihumbi 800 ku kwezi kubera gukora ibikomoka ku mpu

    Nyirasangwa Claudine wo mu Karere ka Nyagatare, Umurenge wa Nyagatare Akagari ka Nyagatare, avuga ko umushinga wo gukora ibikomoka ku mpu umwinjiriza asaga ibihumibi 800 buri kwezi.



  • Abaguze ubutaka mu nzuri bakabukoreraho ubuhinzi barasaba Leta guca inkoni izamba bakabubonera ibyangombwa

    Nyagatare: Abaguze ubutaka bakabukoreraho icyo butagenewe bari mu gihirahiro

    Bamwe mu baturage baguze ubutaka bwari bugenewe ubworozi bakabukoreraho ubuhinzi, bari mu gihirahiro kuko n’ubwo babukoresha batabufitiye ibyangombwa, kandi banabwiwe ko badashobora kubihabwa mu gihe batabukoreyeho icyo bwagenewe.



  • Nyagatare: Afunzwe akurikiranyweho gutererana abana

    Ku wa gatanu tariki 13 Mutarama 2023, Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze umwarimu wigisha muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda ishami rya Nyagatare, witwa Kamali Yves w’imyaka 43 y’amavuko, akurikiranyweho icyaha cyo guta cyangwa gutererana abana.



  • Inka zari zibwe muri Uganda zasubijwe nyirazo

    Kuri uyu wa Gtanu tariki ya 13 Mutarama 2023, Ubuyobozi bw’Umurenge wa Gatunda, Akarere ka Nyagatare, bwashyikirije Gakwaya William, umuturage wa Mpororo mu Gihugu cya Uganda, inka 39 yari yibwe zigafatirwa mu Rwanda.



  • Gushyingura mu irimbi i Nyagatare birahangayikishije

    Nyagatare: Babangamiwe n’ibiciro bihanitse by’amarimbi

    Bamwe mu baturage mu Karere ka Nyagatare bavuga ko babangamiwe bikomeye n’ibiciro byo gushyingura mu irimbi rusange, kuko ngo biri hejuru bikaba bituma bamwe bahitamo gushyingura ahatemewe cyangwa abandi bakagurisha imitungo kugira ngo babone ubushobozi bwo gushyingura.



  • Izi nka zibwe muri Uganda zizanwa mu Rwanda

    Nyagatare: Babiri bafatanywe inka 39 bikekwa ko zibwe muri Uganda

    Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Mutarama 2023, Police ikorera mu Karere ka Nyagatare, yafashe Tuyisenge Hassan w’imyaka 24 w’Umunyarwanda na Nabasa Ezra w’imyaka 32 y’amavuko w’Umugande, bafite inka 39 bikekwa ko zibwe mu Gihugu cya Uganda.



  • Guverineri Gasana yasabye aborozi kubona inka nk

    Inka ikwiye kuba iy’ubucuruzi aho kuba iy’umuco - Guverineri Gasana

    Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Emmanuel K. Gasana, arasaba aborozi guhindura imyumvire bakava mu bworozi bushingiye ku muco n’urukundo, ahubwo bakorora bagamije ubucuruzi.



  • Bakeneye imashini ifite imbaraga yumisha umusaruro w

    Nyagatare: Bakeneye imashini ifite imbaraga yumisha umusaruro w’ibigori

    Umuyobozi wa kompanyi Nyagatare Maize Processing/UNICOPROMANYA, Twizeyimana Jean Chrysostome, avuga ko bakeneye imashini yumisha umusaruro w’ibigori ifite imbara, hagamijwe gufasha abahinzi n’uruganda rusya kawunga, kugira ngo umusaruro rwakira ube ufite ubuziranenge, bakaba bafite ikizere ko bazayibona muri 2024, n’ubwo (…)



  • Nyagatare: Umugabo yamennye ibirahure by’imodoka ebyiri

    Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 05 Mutarama 2023, umugabo utaramenyekana umwirondoro we, yamenaguye ibirahure by’imodoka ebyiri zitwara abagenzi akoresheje amabuye ariko nta mugenzi wakomeretse, bigakekwa ko yaba afite uburwayi bwo mutwe.



  • Ukekwaho ubujura yafungiranywe mu nzu bayimushakiyemo baramubura

    Bamwe mu baturage b’Umudugudu wa Barija B, Akagari ka Barija, Umurenge wa Nyagatare, baribaza niba umuntu bikekwa ko yari umujura agakingiranwa mu nzu, niba yari umuntu nyawe cyangwa igini kuko inzego z’umutekano zahageze zikamushakira mu nzu zigaheba, ntihaboneka n’aho yaciye agenda mu gihe n’inzu yari igoswe.



  • Ndagijimana yazindutse adoda inkweto nk

    Nyagatare: Hari abizihije ubunani bari mu mirimo isanzwe

    Umunsi Mukuru utangira umwaka wa 2023, bamwe mu baturage ba Nyagatare bahisemo kuwutangirira mu mirimo isanzwe, kuko ngo kuwutangira udakora ari ukwikururira ubunebwe n’ubukene.



  • Ibiciro bihanitse: Imbogamizi mu kwizihiza Noheli

    Mu gihe mu Rwanda kimwe n’ahandi hirya no hino ku Isi bizihiza iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, bamwe mu baturage bavuga ko iyi minsi mikuru batarimo kuyizihiza neza kubera ibiciro by’ibiribwa bihanitse.



  • Ababanza ibumoso ni abayobozi ba Nyagatare, abakurikiraho ni aba Tanzania bitabiriye igikorwa cyo guhererekanya izo nka

    U Rwanda rwashyikirije Tanzania inka zari zibweyo

    Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Ukuboza 2022, ku mupaka wa Rusumo, Akarere ka Nyagatare kashyikirije ubuyobozi bwa Tanzania inka 11 zafatiwe mu Rwanda bikekwa ko zibwe umworozi wo muri Tanzania.



  • Bamwe mu bahinga umuceri bavuga ko igiciro ari gito bagereranyije n

    Abahinzi b’umuceri bakiriye bate igiciro fatizo cyashyizweho?

    Bamwe mu bahinzi b’umuceri bagaragaje ko batanyuzwe n’igiciro fatizo cy’umuceri udatonoye giherutse gutangazwa na Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda. Ni igiciro inganda zitunganya umuceri zitagomba kujya munsi zigurira umuhinzi umusaruro we.



  • Gutera imiti ku nkuta hanze biri mu birinda abantu kurumwa n

    RBC irashaka uburyo abantu barindwa imibu ibarumira hanze y’inzu

    Umuyobozi wa gahunda yo kurwanya Malariya mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), Dr Aimable Mbituyumuremyi, avuga ko hagiye gushakishwa ubundi buryo bwunganira ubwo gutera imiti yica imibu mu nzu no kuryama mu nzitiramibu, ahanini hagamijwe kurinda abarumwa n’imibu bari hanze y’inzu zabo.



  • Hatewe ibiti by

    Nyagatare: Abanyarwanda baba mu mahanga bateye ibiti kuri hegitari 15

    Itsinda ry’Abanyarwanda n’inshuti zabo z’Abanyamahanga baturutse mu bihugu byo ku mugabane wa Afurika, u Burayi, Amerika na Asia, bifatanyije n’abaturage b’Umurenge wa Karangazi, Akagari ka Nyagashanga mu gutera ibiti ku buso bwa hegitari 15.



  • Urubyiruko rusanga ukunda ubuzima atatinya kugura agakingirizo

    Rumwe mu rubyiruko mu Karere ka Nyagatare ruraburira bagenzi babo batinya kujya kugura udukingirizo ngo batitwa abasambanyi, ko ibyo ari ubujiji no kudakunda ubuzima bwabo.



  • Abantu bafite ubumuga batatu borojwe inka

    Abafite ubumuga barashishikariza bagenzi babo gukora cyane

    Abafite ubumuga mu Karere ka Nyagatare basaba bagenzi babo gukora bakiteza imbere kuko ubushobozi babufite aho gusabiriza. Bimwe mu bikorwa bishimira bagezeho harimo ubworozi, ubukorikori n’ibindi.



  • Nyagatare: Umugabo akurikiranyweho gusambanya abana 11 mu kwezi kumwe

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), tariki ya 20 Ugushyingo 2022 rwafunze umugabo w’imyaka 32 y’amavuko, akaba akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana cumi n’umwe (11), harimo abana b’abahungu icumi (10) n’umukobwa umwe (1).



  • Ibitaro bya Gatunda

    Yitabye Imana amaze umwaka mu bitaro yarabuze ubushobozi bwo kwivuza

    Niyonizera w’imyaka 18 y’amavuko wari umaze umwaka mu bitaro bya Gatunda i Nyagatare kubera imvune y’umugongo, yitabye Imana nyuma yo kubura ubuvuzi kubera ubushobozi buke bw’umuryango we.



  • Poste de santé ya Gakagati bifuza ko yagirwa ikiho nderabuzima

    Bakomeje gusaba ko ivuriro ry’ibanze bubakiwe rihindurwa Ikigo Nderabuzima

    Abaturage b’Akagari ka Rutungo na Cyamunyana mu Murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare, bivuriza ku Ivuriro rito rya Gakagati, bavuga ko hashize imyaka irindwi bizezwa ko rizaba Ikigo Nderabuzima ariko ntibikorwe, bikabagiraho ingaruka zirimo kubyarira mu ngo.



  • Kayonza: Hagiye kubakwa uruganda rukora foromaje mu mata y’inyambo

    Umuyobozi w’Akarere ka Kayonza, Nyemazi John Bosco, avuga ko muri Werurwe 2023, imirimo ya mbere y’uruganda ruzakora foromaje mu mata y’inyambo izaba yatangiye.



  • Nyagatare: Barindwi bafunzwe bakekwaho kwiba mudasobwa 45

    Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rwimiyaga, Bagabo Anthony, yemeza ko abantu barindwi (7) bamaze gutabwa muri yombi barimo bakekwaho kwiba mudasobwa 45 n’ubwo zose zagarujwe, agasaba Kompanyi zicunga umutekano kujya zitanga amakuru hakiri kare ku bujura buba bwakorewe aho barinda.



Izindi nkuru: