Bamwe mu borozi b’amagweja bo mu murenge wa Murambi, baravuga ko hari intambwe bateye mu bijyanye n’ubukungu babikesheje korora amagweja.
Ubushakashatsi bwakoze n’umushinga wa ActionAid mu Murenge wa Muko, akarere ka Musanze bwerekanye ko abagore batereranwa n’abagabo babo mu buhinzi.
Water melom ni urubuto melon rukunzwe kuri iki gihe kubera uburyo kiryoha mu bihe by’izuba ariko by’umwihariko kikagira n’intungamubiri zihariye.
Kuri uyu wa 17 Nzeri 2015, mu karere ka Nyabihugu hatangijwe ku mugaragaro igihembwe cy’ihinga 2016 A.
Koperative KOTWIDUKA y’abajyanama b’ubuzima mu murenge wa Kansi muri Gisagara, yemeza ko ubworozi bw’inkoko ikora bufasha kurwanya imirire mibi.
Koperative Twihangire umurimo y’abatubuzi b’imbuto y’ibigori n’ibishyimbo ihangayikishijwe n’igihombo cy’amafaranga asaga miliyoni 30, ishobora kuzaterwa n’ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi (RAB).
Igikorwa cyo kubaka urugomero rw’amazi ruherereye mu murenge wa Rwabicuma mu karere ka Nyanza rwatwaye arenga miliyari esheshatu y’amanyarwanda.
Muri iki gihembwe cy’ihinga A abaturage baraswa kuba baretse gutera imyumbati bitewe n’uko imbuto nshya itaraboneka kugira ngo birinde Kirabiranya.
Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba Mukandasira Caritas, asaba abahinzi bo muri iyi ntara gukora ubuhinzi bw’umwuga ku buryo beza bakihaza bagasagurira n’amasoko.
Abahinzi 4250 bo mu karere ka Ngoma, bahawe ifumbire n’imbuto zo gutera, n’umushinga ukora mu by’ubuhinzi witwa “Tubura”.
Ikigo giteza imbere ubuhinzi mu Rwanda, RAB kiratangaza ko hari imbuto y’imyumbati nshya igiye gukwirakwizwa mu bahunzi kuva mu kwa 12/2015.
Ikigo gishinzwe ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) kiratangaza ko abafasanyumvire mu buhinzi ari bo bazateza imbere ubuhinzi bifashishije ishuri ryo mu murima.
Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango, burasaba abayobozi bo mu nzego z’ibanze guha umwanya abahinzi bahuje ubutaka, kwihitiramo imbuto bagomba guhinga.
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nkungu baravuga ko hakoreshwa ikimenyane mu gutanga inka muri gahunda ya Girinka Munyarwanda.
Bamwe mu bashumba bo mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze bavuga ko bafatwa nabi n’abakoresha babo bakabaraza habi kurusha inka.
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) itangaza ko guhera mu gihembwe cy’ihinga cya 2016 A nta musaruro uzongera gutakara mu gihe cy’isarura.
Bamwe mu bahinzi bo mu Karere ka Gatsibo barahamya ko iterambere ryabo rigenda ryiyongera babikesha gukoresha inyongeramusaruro mu buhinzi bwabo.
Abaturage bo mu karere ka Kayonza bavuga ko bahangayikishijwe bikomeye n’icyatsi cyitwa “Kurisuka” kinyunyuza amasaka n’ibigori bikuma bitarera.
Abahinzi b’imbuto n’ibirungo mu murenge wa Sake mu karere ka Ngoma, bavuga ko bubinjiriza ibihumbi 25 ku munsi bikabasha kubatunga.
Aborozi mu karere ka Ngoma barashima ubwisungane mu kuvuza amatungo, kuko ubyaje inka bayibaze atakishyura ibihumbi 50 yishyura bitanu gusa.
Abahinzi b’ikawa nziza kurusha izindi bo mu karere ka Nyamagabe, umwaka urashize bagerageza kwishyuza NAEB amafaranga y’ibihembo by’ikawa zabo.
Abaturage bo mu Karere ka Bugesera cyane cyane abo mu Murenge wa Rilima baravuga barashinja imbuto bahawe gutuma barumbya bigatuma bacika integer zo kongera guhinga soya.
Umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi mu Rwanda washyizwemo ingufu haba ku bahinzi ubwabo no ku bafatanyabikorwa mu buhinzi kugira ngo abakora ababukora bihaze mu biribwa kandi basagurire amasoko.
Abahinzi bo mu Karere ka Burera batangaza ko abajyanama b’ubuhinzi babafashije cyane babigisha guhinga kijyambere, batera imbuto z’indobanure kandi bashyiramo n’ifumbire bityo umusaruro urushaho kwiyongera.
Bamwe mu bahinga igishanga cya Rwabashyashya batangaza ko guhinga mu mpeshyi bibaha umusaruro ufite agaciro karuta uwo babona mu bihe bisanzwe; kuko n’ubwo bakoresha ingufu nyinshi bavomerera ngo imyaka ya bo ituma, imboga bahinga ziba zikenewe cyane ku isoko.
Abahinzi n’abashinzwe ubuhinzi mu karere ka Nyamasheke biteze ko ubuhinzi bwabo bugiye guhindura isura umusaruro ukiyongera, nyuma y’uko bagiye guhabwa indi fumbire yunganira izari zisanzwe.
Abahinzi barakangurirwa kongera ikoreshwa ry’ifumbire mva ruganda, nyuma y’uko bigaragariye ko umusaruro ukomoka ku bihingwa wagabanutse, nk’uko bitangazwa na Henry Gitau, umuyobozi w’ikigo gikwirakwiza ifumbire mva ruganda mu Rwanda Balton Rwanda.
MFARMS, ni uburyo bw’ikoranabuhanga buzajya bufasha abacuruzi b’amafumbire hirya no hino mu gihugu, kugaragariza Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, uko ibikorwa by’ubucuruzi bw’amafumbire bihagaze.
Minisiteri ifite mu nshingano zayo gucunga Ibiza no gucyura impunzi, MIDIMAR, kuri uyu wa 15 Nyakanga 2015, yahaye imiryango 53 yo mu Murenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu igizwe n’abahungutse kuva mu mwaka wa 2009 kugeza ubu inkunga y’amabati afite agaciro ka miliyoni zibarirwa muri 12 z’amafaranga y’u Rwanda.
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) ifatanyije n’Urugaga n’Abikorera ndetse n’amakoperative y’abahinzi bumvikanye ku buryo bushya bwo gukusanya umusaruro w’ibirayi no kuwugeza ku isoko bwitezeho kurinda abahinzi igihombo bahuraga na cyo mu buhinzi bwabo.