Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports Davis Kasirye yahamagawe na Milutin Micho utoza Uganda, mu kwitegura umukino uzabahuza na Zimbabwe mu mpera za Gicurasi
Ishyirahamwe ry’umukino wa Karate mu Rwanda FERWAKA, rizibuka ku nshuro ya 22, abakarateka n’abakunzi b’umukino wa Karate muri rusange bazize Jenoside yakorewe abatutsi.
Manchester United ntiyabashije gutsinda Bournemouth ibitego 19 ku busa yasabwaga ngo ibe yaza mu makipe ane azahagararira u Bwongereza muri champions league.
Mu mikino y’umunsi wa 25 wa Shampiona yabaye kuri uyu wa kabiri, ikipe ya Gicumbi yanganyije na Rayon Sports 1-1 bituma Rayon Sports iguma inyuma ya APR Fc
Muri shampiyona zikomeye I Burayi iy’abongereza irasozwa nyuma kubera kwikanga igisasu.
Kuri uyu wa kabiri kuri Stade Amahoro i Remera haratangira igikombe cy’Afurika mu mukino wa Rugby, igikombe kiza guhuza ibihugu bine bigize ikitwa "African cup Division 2 East"
Ku myaka 14 y’amavuko Nirere Xaverine uvukana na Valens Ndayisenga yatangiye kwitabira amarushanwa mu mukino w’amagare ndetse anatangira yitwara neza
Umutoza Masudi Djouma w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje abakinnyi 11 abona ko ari bo bari kwitwara neza mu makipe yose ari gukina Shampiona y’u Rwanda
Umurenge wa Kamembe wo mu karere ka Rusizi watsinze umurenge wa Mahembe wo mu karere ka Nyamasheke muri Kagame cup,umukino utari woroshye.
Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango buranyomoza amakuru yakomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga zivuga ko hari abakinnyi n’abayobozi b’akarere baraye mu buroko.
Mu isiganwa ry’amagare ryitiriwe Kwibuka,Byukusenge Patrick na Niyonsaba Clementine begukanye imyanya ya mbere kuva Bugesera kugera Kigali
Kuri uyu wa Gatandatu,harakomeza isiganwa "Rwanda Cycling cup 2016", aho haza gukinwa isiganwa ryitiriwe kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994
Kuri uyu wa gatanu b=nibwo Eric Dusingizimana yakuyeho agahigo kari gafitwe n’umuhinde Virag Mare
Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Cricket Eric Dusingizimana yakoze amateka atarakorwa ku isi nyuma yo kumara amasaha 51 agarura udupira mu mukino wa Cricket, atararyama.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika ryafashe icyemezo cyo gusezerera Uganda kubera umukinnyi ufite ibyangombwa bidahura
Umukinnyi Ernest Sugira wakiniraga AS Kigali yaguzwe n’ikipe ya AS Vita Club yo muri Congo ibihumbi 130 by’ama dollars
Ikipe ya Rayon Sports yanyagiye ikipe ya Bugesera iyitsinze ibitego 4-0 harimo bitatu bya Ismaila Diarra, mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali kuri uyu wa gatatu
Tony Blair wahoze ari Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza yitabiriye igikorwa cyo gushyigikira Umunyarwanda Eric Dusingizimana wihaye intego yo gukora amateka mashya muri Cricket.
Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Cricket Eric Dusingizimana agiye gukora amateka atarakorwa ku isi yo kumara amasaha 51 agarura udupira mu mukino wa Cricket
Ikipe ya Bugesera Fc ikeneye Milioni 78Frws ngo ibashe gusoza shampiona nta kibazo igize, iraza kwakirira Rayon Sports i Kigali
APR Fc yatsinze ikipe ya Gicumbi ibitego 3-0 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali kuri uyu wa kabiri, bituma ikomeza kuyobora urutonde rwa Shampiona
Shampiona y’icyiciro cya mbere irakomeza kuri uyu wa kabiri hakinwa imikino y’umunsi wa 23 wa Shampiona, aho abakinnyi bane bahagritswe kubera amakarita
Umukino wagombaga guhuza ikipe ya Bugesera na Rayon Sports wimuriwe i Kigali kuri uyu wa Gatatu ku i Saa cyenda n’igice z’amanywa
Ikipe ya Nyagatare FC yatsinzwe kimwe ku busa na Pepiniere, umutoza wayo yikoma ubuyobozi budatanga inkunga.
Ku munsi wa 37 ari nawo ubanziriza uwa nyuma, Leicester City yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona cy’Ubwongereza umwaka wa 2015-2016.
Umukinnyi Areruya Joseph ukinira Les Amis Sportifs y’i Rwamagana niwe wegukanye agace ka mbere ka Rwanda Cycling cup kuva Kigali kugera Nyagatare
Muri Europa league ikipe ya Liverpool yo mu Bwongereza yasezereye Villareal yo muri Espagne naho Seville yo muri Espagne isezerera Shaktar Donestk yo muri Ukraine.
Shampiona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru irakomeza kuri uyu wa gatanu hakinwa imikino ibiri y’umunsi wa 22
Irushanwa ry’amagare rizenguruka u Rwanda rizwi nka Rwanda Cycling cup ya 2016 riratangira kuri uyu wa Gatandatu riva Kigali kugera Rwamagana
CIMERWA yateguye isiganwa ku maguru rigamije gukangurira abantu imikoreshereze myiza y’umuhanda hagamijwe kurwanya impanuka zo mu mihanda rizaba taliki ya 07 Gicurasi 2016.