Ikipe ya Muhanga itsinze Rayon 1-0, Apr Fc ihita yegukana igikombe n’ubwo isigaje gukina na As Kigali
Ikipe ya Rayon Sports na Muhanga kuri uyu wa kane, aho iza gukina yaruhukije bamwe mu bakinnyi benshi bayifashije kwegukana igikombe cy’Amahoro
Ikipe ya Rayon Sports bitarenze muri Mutarama 2017, iraba ifite ikibuga cyayo cy’imyitozo, ndetse ikazagikoreraho n’indi mishinga miremire iteganya imbere.
Umunsi wa nyuma wa shampiona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda wongeye kwimurwa, uvanwa taliki ya 16 ushyirwa ku ya 17 Nyakanga 2016.
Mu minota y’inyongera Ismaila Diarra afashije ikipe ya Rayon Sports gutsinda APR FC ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro ihita inakegukana nyuma y’imyaka icumi itagikoraho.
Muganga Hakiri Jean Pierre uziw ku izina rya Hakiri Mabula wakiniraga As Kigali, yamaze gusinya anatangira imyitozo mu ikipe ya Sydney Olympic Fc yo muri Australia
Mu mukino wo kwishyura wa ½ mu gikombe cy’Amahoro. Rayon Sports itsinze As Kigali ibitego 3-2, bituma izahura ku mukino wa nyuma na APR Fc yatsinze Espoir 1-0.
Abahoze bakinira ikipe y’u Rwanda banyagiye aba Uganda ibitego 5-3 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade ya kigali i Nyamirambo kuri uyu Kane.
Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda ryamaze kwemeza ko Adrien Niyonshuti ukina mu ikipe ya Dimension data yo muri Afurika y’epfo ari we uzitabira imikino Olempike izabera muri Brazil muri Kanama 2016
Kuri uyu wa Kane kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo harabera umukino uhuza abahoze bakinira ikipe y’igihugu y’u Rwanda n’iya Uganda mu mupira w’amaguru
Muri Shampiona y’igihugu y’amagare yakinwe kuri uyu wa Gatandatu, Adrien Niyonshuti na Girubuntu Jeanne d’Arc nibo basize mu gusiganwa umuntu ku giti cye harebwa igihe umuntu yakoresheje
Kuri uyu wa Gatandatu no ku cyumweru harakinwa harakinwa Shampiona y’igihugu mu mukino w’amagare, ikazanitabirwa n’Abanyarwanda bakina hanze
Mu mikino ya 1/8 y’igikombe cy’Amahoro, Amagaju yasezereye Police, Gicumbi isezerera Mukura, Rayon isezerera Police naho Apr isezerera Bugesera
Nyuma y’iminsi mike amaze mu Bwongereza, umunyarwanda Eric Dusingizimana waciye agahigo mu mukino wa Cricket ku isi, yakusanyije hafi miliyoni 140FRW yo kubaka Stade ya Cricket mu Rwanda
Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ari we Nzamwita Vincent de Gaulle yasabwe kwegura na bamwe mu banyamuryango ayobora
Mu mukino wa gicuti wo kwibuka abasportifs bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, Amavubi atarengeje 20 yanganyije na Maroc 1-1
Ikipe ya Rwamagana na Musanze zamaze gusezera mu mikino y’igikombe cy’Amahoro igeze muri 1/16, kubera amikoro adahagije kuri ayo makipe
Ku munsi wa 29 wa Shampiona y’icyiciro cya mbere, APR yatsinze Marines 1-0 i Rubavu, naho Rayon Sports inyagira Amagaju ibitego 6-0
Muri Shampiyona y’icyiciro cya kabiri, mu mukino wahuje Kirehe FC na Etoile de l’Est ku wa14 Kamena 2016, warangiye Kirehe FC itsinze1-0, ivana Etoile de l’Est ku mwanya wa mbere.
SHampiona y’u Bwongereza mu mupira w’amaguru ya 2016/2017 izatangira taliki ya 13 Kanama 2016, aho Arsenal izatangirana na Liverpool
Minisitiri w’ubutgetsi bw’igihugu Francis Kaboneka, aranenga abayobozi b’inzego z’ibanze batekinika mu marushanwa “Umurenge Kagame Cup” agamije gushimangira amahame y’Imiyoborere myiza.
Umuhanzi wamenyekanye cyane hambere Byumvuhore Jean Baptiste, avuga ko yahimbiye indirimbo RayonSport nyuma yo gukorwa ku mutima n’ubumwe Abanyarwanda bari bagaragaje.
Shyaka Victor umwana w’imyaka 14 ukinira mu ikipe ya Karate yitwa Lion Karate Do, yatangiye guhatana n’abakuze kandi akiri umwana muto.
Minisitri Uwacu Julienne kuri uyu wa mbere yasobanuriye Abasenateri ba komisiyo y’Imibereho myiza ibikorwa bya siporo mu Rwanda n’icyo Minisiteri ikora muri gahunda yo kuzamura impano
Ikipe y’abakobwa y’umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, na Cyanika ya Nyamgabe zegukanye umwanya wa gatatu imu mikino yabaye kuri uyu wa Gatandatu.
Kuri iki cyumweru mu karere ka Bugesera harabera isiagnwa ku maguru no ku magare ryateguwe na Gasore Foundation
Umushoramari Antonio Souaré Mamadou uturutse muri Guinée Conakry, yageze mu Rwanda aho aje mu bikorwa by’ishoramari azatangirira muri Siporo.
Kuri uyu wa Gatatu nibwo hatangajwe inzira zizakoreshwa muri Tour du Rwanda 2016, aho ishyamba rya Nyungwe riri mu nzira zizifashishwa.
Niyonzima Haruna Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda "Amavubi", yakebuye abafana b’Amavubi, abasaba gufana ikipe aho gufana igitego.
Kuri uyu wa Gatatu shampiona y’icyiciro irakomeza ku munsi wayo wa 27, aho imikino itegerejwe ari uhuza APR n’Amagaju, ndetse na Espoir na Rwamagana