APR Fc yatsinze Amagaju ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 12 wa Shampiona wabereye kuri Stade ya Kigali I Nyamirambo
Ikipe ya Bugesera ku kibuga cyayo ihagaritse umuvuduko ya Mukura vs yari imaze iminsi iyoboye urutonde rwa shampiona nyuma yo kuyitsinda 1-0
Ibinyamakuru byo muri Tunisia byamaze kwemeza ko uwitwa Nizar Khanfir wari umutoza wa Stade Gabésien yerekeje muri APR Fc yo mu Rwanda
Bamwe mu bakinnyi bagize ikipe y’u Rwanda yari iri muri Shampiona y’Afurika yaberaga muri Maroc bageze mu Rwanda nyuma yo guhesha ishema u Rwanda
Ikipe y’Amagaju yatsinze Rwamagana City ibitego 2-0 mu mukino wabaye kuri uyu wa mbere ku kibuga cya Rwamagana,bituma inganya na Kiyovu amanota 17
Nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports idakiniye umukino wa Shampiona wagombaga kuyihuza na Kirehe taliki ya 20/02/2016,ngo ishobora gufatirwa ibihano
Apr Fc yageze muri 1/16 mu mikino ya CAF Champions league itsinze Mbabane Swallows ibitego 4-1 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Bamwe mu bakinnyi bakomoka ku mugabane wa Afurika bazwiho kuba bafite abagore bafite uburanga buhebuje bavugwa cyane
Ikipe ya Police Fc mbere yo gukina umukino wo kwishyura na Atlabara,ikomeje gukora imyitozo ku zuba ryinshi kugira ngo irimenyere
Ikipe ya Mukura yatsinze AS Kigali ihita iyikura ku mwanya wa mbere,mu gihe Rayon Sports nayo yatsinze Kiyovu 2-0 mu mikino yabereye i Nyamirambo
Nyuma y’aho yari amaze gutsinda Kiyovu Sports ibitego 2-0,Ivan Jacky Minnaert watozaga Rayon Sports yatangaje ko atkiri umutoza wa Rayon Sports
Umunyarwanda Valens Ndayisenga yabaye uwa mbere mu batarengeje imyaka 23 muri Shampiona y’Afurika yo gusiganwa ku magare ahabwa umudari wa Zahabu
Abafatabuguzi batabonaga amahirwe yo kureba ama shampiona akomeye i Burayi kubera ifatabuguzi rya make,bongerewe imirongo ibiri izabafasha kureba ayo mashampiona.
Kuri uyu wa gatatu kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo harabera imikino ibiri ya Shampiona ihuza amakipe ahanganye kugeza ubu
Muri Shampiona nyafurika iri kubera muri Maroc,Girubuntu Jeanne D’Arc yegukanye umwanya wa kabiri ahabwa umudari wa Silver.
Nyuma yo kutifashishwa ku mikino ibiri iheruka,Kwizera Pierrot yagarutse muri 18,mu gihe Davis Kasirye we atiyambajwe muri 18 bazakina na Kiyovu kuri uyu wa gatatu
Abdu Mbarushimana wari Team manager wa Rayon Sports yamze kwirukanwa n’iyi kipe nk’uko byatangajwe kuri uyu wa mbere mu kiganiro n’abanyamakuru
Mu gihe championnat y’umukino w’intoki(Volleyball) yatangiye kuwa 20/02/2016 umukino wagombaga guhuza Rayon sports VC na Kirehe VC i Kirehe wasubitse bitunguranye bitera urujijo.
Kuri iki cyumweru mu karere ka Rwamagana habereye isiganwa ku maguru,isiganwa ryateguwe n’akarere ka Rwamagana ku bufatanye na AVEGA na MSAADA
Amagaju yanganije na Poliice fc i Nyamagabe igitego 1-1,maze AS Kigali yari yatsinze Etincelles ibitego 4-2 ku wa Gatanu ikomeza kuyobora urutonde
Abakinnyi 11 bahagarariye u Rwanda mu mukino w’amagare berekeje muri Maroc muri Shampiona nyafurika izatangira tariki ya 21-26/02/2016.
Kuri uyu wa gatandatu no ku cyumweru muri ES Kigoma mu mukino wa Handball harakinirwa irushanwa ryitiriwe Intwari mu bagabo n’abagore
Akarere ka Rwamagana ku bufatanye na AVEGA na MSAADA,bateguye isiganwa ku maguru mu ngeri zose rizaba kuri iki cyumweru i Rwamagana
Ikipe ya AS Muhanga ya nyuma ku rutonde rwa Shampiona yanganije na Rayon Sports ubusa ku busa mu mukino wabereye i Nyamirambo
Kuri uyu wa kabiri nibwo shampiona y’icyiciro cya mbere iza kuba ikomeza ku munsi wayo wa 11,imikino izakomeza no kuri uyu wa gatatu
Davis Kasirye na Kwizera Pierrot bakuwe ku rutonde rw’abakinnyi 18 ba Rayon Sports bakina na Muhanga muri shampiona ikomeza kuri uyu wa kabiri.
Hagamijwe kwibuka Padiri Kayumba Emmanuel wahoze ayobora ishuri GSOB, muri iri shuri habaye imikino ya Volleyball kuva tariki 13-14 Gashyantare 2016.
Rayon Sports ibifashijwemo na rutahizamu mushya yakuye muri Mali yatsinze ikipe ya Gicumbi ibitego 2-0 mu mukino wabereye i Gicumbi kuri uyu wa gatanu.
Ikipe ya Rayon Sports yashyize ahagaragara abakinnyi 18 bazakina na Gicumbi kuri uyu wa gatanu barimo rutahizamu mushya wavuye muri Mali
Abayobozi n’umutoza ba Rayon Sports bakoranye ikiganiro n’abanyamakuru berekana umukinnyi mushya baguze ndetse banatangaza andi makuru ari mu ikipe