Urwego rw’Igihugu rushinzwe kwihutisha Iterambere (RDB) ruratangaza ko amasezerano y’imyaka itatu rwasinyanye na Paris Saint-Germain azabyara inyungu mu ngeri zitandukanye
Nyuma y’imyaka ine akinira ikipe ya APR BBC, Byiringiro Yannick yerekeje muri Tigers aho yashyize umukono ku masezerano yo kuyikinira mu gihe cy’imyaka ibiri.
Mu mukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona wasozaga indi, Rayon Sports yaguye miswi na Police Fc kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Abakinnyi 25 batarengeje imyaka 15, bakomeje imyitozo yo kwitegura guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 17 kizaba muri 2021.
Nyuma y’imikoranire y’u Rwanda n’ikipe ya Arsenal, ubu hagiye gukurikiraho ikipe ya Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa mu gihe cy’imyaka itatu.
Umusifuzi Umutoni Aline wasifuye umukino wahuje ikipe ya Gasogi na Gicumbi ku munsi wa 10 wa shampiyona, yahagaritswe ukwezi adasifura imikino ya shampiyona.
Guhera kuri uyu wa kane tariki ya 05 Ukuboza kugera tariki ya 14 Ukuboza 2019, ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball rifatanyije na Banki ya Kigali (BK) bateguye irushanwa ryiswe BK Preseason 2019.
Ikipe ya Gicumbi inganyije na APR FC igitego kimwe ku kindi, ku mukino w’umunsi wa 12 wa Shampiyona.
Irushanwa rihuza amakipe yo muri Afurika y’i Burasirazuba no hagati muri Handball (ECAHF), APR na Gicumbi zatsinze imikino ya mbere
Mu gihe umwaka w’Imikino wa 2019/2020 watangiye, ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA) rifatanyije na Minisiteri ya Siporo mu Rwanda ryamaze kwemeza abatoza b’amakipe y’Igihugu mu byiciro bitandukanye haba mu bagabo no mu bagore.
Mu mukino umaze imyaka myinshi urangwa no guhangana mu kibuga ndetse no hanze mu bafana, Rayon Sports yatsinze Kiyovu igitego 1-0
Kuri iki cyumweru tariki 01 Ukubuza 2019 mu Rwanda hasojwe irushanwa Rya Rwanda Open ryegukanwe n’Umunyakenya Ismael Changawa mu bagabo n’ Umunyarwandakazi Ingabire Meghan mu bagore.
Mu mukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona wabereye kuri stade ya Kigali i Nyamirambo, Rayon Sports itsinze Kiyovu Sports igitego 1-0 cyo ku munota wa nyuma
Kuri iki cyumweru tariki 01 Ukuboza 2019 mu Mujyi wa Kigali habaye Siporo rusange izwi nka ‘Car Free Day’ aho ibinyabiziga biba byakumiriwe muri imwe mu mihanda kugira ngo yifashishwe n’abari muri siporo, bisanzuye.
Kuri uyu wa gatandatu tariki 20 Ugushyingo 2019, habaye umukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda. Kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo, ikipe ya APR FC yatsinze Musanze ibitego 5-0.
Umunya-Esipanye Unai Emery watozaga ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yirukanywe atamaze kabiri muri iyo kipe, dore ko yahawe akazi ko kuyitoza muri Gicurasi mu mwaka ushize wa 2018 asimbuye Arsene Wenger.
Nyuma y’iminsi akora igeragezwa mu ikipe ya Rayon Sports, rutahizamu Drissa Dagnogo yamaze kuyisinyira amasezerano y’imyaka ibiri
Umukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona ugomba guhuza Kiyovu Sports na Rayon Sports wamaze guhindurirwa amasaha n’ikibuga
Shampiyona y’icyiciro cya kabiri itangira kuri uyu wa Gatandatu, izakinwa hatarimo amakipe nk’Intare Fc na Kirehe zangiwe kubera kutuzuza ibyangombwa byasabwaga
Mu mukino w’umunsi wa cumi wa shampiyona waberaga kuri stade Mumena, Kiyovu Sports ihanyagiriye Bugesera ibitego 5-2
Ikipe ya Musanze nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya Heroes yafashe umwanzuro wo gusezerera umutoza mukuru n’uwari umwungirije kubera umusaruro muke
Mu mikino y’umunsi wa 10 wa shampiyona, APR FC itsindiye i Nyagatare mu mukino utari woroshye, Gasogi nayo itsinda Gicumbi igitego 1-0 kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 Ugushyingo 2019, Seninga Innocent wari umutoza w’ikipe ya Etincelles yo mu Karere ka Rubavu yandikiye iyi kipe ibaruwa isezera ku kazi ko gutoza iyi kipe.
Akarere ka Musanze karatangaza ko kamaze kunoza umushinga wo gutangiza ikipe y’umukino w’amagare, ikazatangira guhatana mu mwaka utaha wa 2020
Shampiyona y’icyiciroc ya mbere mu mpira w’amaguru irakomeza kuri uyu wa Kabiri, aho abakinnyi barindwi batemerewe gukina imikino y’umunsi wa cumi kubera amakarita
Umutoza Seninga Innocent wari umaze amezi make yongeye kugirwa umutoza mushya wa Bugesera yamaze gusesa amasezerano n’iyi kipe
Ku mukino w’umunsi wa cyenda wahuje ikipe ya Rayon Sports yari yakiriwe na Gicumbi Fc, abafana ba Rayon Sports bagiye kubona igitego imitima yenda guhagarara
Shampiyona ya Volleyball yakomeje ku munsi wayo wa kabiri ku cyumweru tariki ya 24 Ugushyingo, ikipe ya REG VC itsinda UTB VC amaseti atatu kuri abiri.
Rayon Sports itsinze Gicumbi igitego 1-0, cyatsinzwe na Michael Sarpong ku mukino wabereye kuri stade ya Kigali i Nyamirambo