Kuva tariki 27-28 Gicurasi 2020, u Rwanda rushobora kwakira imikino ya 1/4 ya Basketball Africa League.
Muri Tombola y’amatsinda ya CHAN yabereye muri Cameroun kuri uyu wa Mbere, u Rwanda na Uganda bisanze mu itsinda rimwe
Kuri uyu wa mbere ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda ryatangaje abakinnyi bazaba bagize Team Rwanda muri Tour du Rwanda 2020
Muri Tombola ya 1/8 mu gikombe cy’Amahoro, Rayon Sports yatomboye Mukura, APR FC icakirana na Kiyovu
Mu mikino y’umunsi wa 20 wa shampiyona, Rayon Sports yatsindiwe i Nyamirambo na Sunrise ibitego 2-0, bituma APR yatsinze Muhanga iyirusha amanota arindwi.
Ikipe ya REG BBC yatsinze Patriots BBC amanota 77 kuri 64 ,Tigers itsinda Espoir BBC amanota 102 kuri 97.
Nyuma y’uko ikipe ya Rayon sports ijuririye Komisiyo y’ubujurire ya FERWAFA, nyuma yo kutemera ibihano yahawe n’iryo shyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ubwo ititabiraga amarushanwa yo guhatanira igikombe cy’intwari, ibihano byagabanyijwe mu buryo bukurikira:
Umutoza Mashami Vincent amaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi bagomba gutangira imyitozo yo gutegura imikino ibiri ya gicuti iri muri uku kwezi
Abakinnyi bagize amakipe azahagararira u Rwanda muri Tour du Rwanda 2020 bari mu mwiherero mu kigo gitoza abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda (Africa Rising Cycling Center), bahigiye guharanira ishema ry’igihugu batwara Tour du Rwanda.
Akarere ka Ruhango katangije ikipe y’umukino w’amagare izajya yitabira na Shamiyona y’umukino w’amagare mu Rwanda.
Ikipe ya Gicumbi imaze iminsi myinshi yakirira imikino yayo kuri Stade Mumena i Kigali, irasaba Ferwafa ko yayikomerera ikongera kwakirira imikino yayo mu rugo
Mu mikino isoza indi y’ijonjora ry’ibanze ry’igikombe cy’Amahoro, Rayon Sports itinze Intare Fc ibitego 2-0, naho Kiyovu izamuka mu makipe yatsinzwe
Mu mikino yo kwsihyura mu ijonjora ry’ibanze ry’igikombe cy’Amahoro, ikipe ya AS Kigali yakatishije itike ya 1/8, mu gihe Kiyovu igitegereje uko indi mikino izagenda
Isiganwa ku magare rizenguruka u Rwanda (Tour du Rwanda) rimaze kwigarurira imitima ya benshi, baba abatuye mu mijyi no mu cyaro, dore ko ari isiganwa ribasanga aho batuye.
Amakipe y’ibigugu mu mukino wa Basketball hano mu Rwanda Patriots bbc na REG BBC azahura Ku munsi wa karindwi wa shampiyona wa BK basketball national league.
Ikipe ya ESPOIR yo mu karere ka Rusizi yamaze gusezera mu gikombe cy’Amahoro cya 2020, aho yari imaze gukina umukino umwe ubanza.
Minisitiri wa Siporo, Aurore Mimosa Munyangaju, yatunguwe n’abaturage b’ingeri zinyuranye yasanze muri siporo ya bose muri gahunda ya ‘Car Free day’ yabereye mu Mujyi wa Musanze ku cyumweru ku itariki 09 Gahyantare 2020.
Mu mikino y’umunsi wa 19 wa Shampiyona yakinwe kuri iki Cyumweru, Rayon Sports yatsinze Bugesera 1-0, APR nayo yihererana Marines
Ku rubuga www.regivia.com bavuga ko siporo yo gusimbuka umugozi ifasha amaraso gutembera neza mu mubiri cyane cyane mu gice cy’amaguru, bikagabanya ibinure byitsindagira ku matako.
Umuyobozi wa Rayon Sports Munyakazi Sadate aragira Ferwafa inama yo kwegura kuko abona itagifitiwe icyizere n’abo iyobora
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gufatirwa ibihano, aho yamenyeshejwe ko nta mukino wa gicuti n’umwe yemerewe kwitabira mu Rwanda no hanze, kubera kutitabira irushanwa ry’Ubutwari
Mu gihe haza gukinwa umunsi wa 19 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, abakinnyi barindwi ntibemrewe gukina kubera amakarita
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi igiye gukina imikino ibiri ya gicuti mu mpera z’uku kwezi, mu rwego rwo kwitegura imikino ya CHAN
Mu mukino w’igikombe cy’Amahoro wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, Rayon Sports yanyagiye Intare FC ibitego 4-0
Mu mikino yabimburiye indi yo guhatanira igikombe cy’Amahoro 2020, ikipe ya APR FC itsinze Etoile de l’Est igitego 1-0 ku munota wa nyuma, mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ku mugoroba wo ku itariki 02 Gashyantare 2020, ikipe y’abacuruzi, yatsinze igitego 1-0 ikipe igizwe n’aba ofisiye biga mu ishuri rikuru rya gisirikare, Guverineri Gatabazi atorwa nk’umukinnyi wagaragaje ubuhanga muri uwo mukino.
IPRC Huye yegukanye irushanwa ryahariwe kuzirikana intwari nyuma yo gutsinda The Hoops amanota 70 kuri 49 ,mu gihe REG yatwaye iki gikombe itsinze APR BBC ku mukino wa nyuma amanota 71 kuri 62.
Irushanwa ry’Ubutwari mu mikino itandukanye ryaraye risojwe kuri iki Cyumweru mu mikino yari isigaye, aho yakinwe mu byiciro by’abagabo n’abagore
kipe ya Police HC mu bagabo na Kaminuza ishami rya Huye mu bagore ni bo begukanye igikombe cy’Ubutwari cyasojwe kuri iki cyumweru ku Mulindi w’Intwari.
Amakipe ya Kaminuza ya UTB , ikipe y’abagabo ndetse n’ikipe y’abagore, yombi yegukanye igikombe cy’Ubutwari 2020.