Nyuma y’amagambo yatangajwe na KNC mbere y’umukino uhuza Gasogi United na Kiyovu Sports kuri uyu wa kane kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo Minani Hemed yamusubije.
Amakipe ya Musanze, Bugesera, Muhanga na Kiyovu agiye gutangira kubyaza umusaruro abafana bayo binyuze mu myambaro yayo mu rwego rwo guhangana n’ibibazo by’amikoro make.
Mu mikino y’umunsi wa gatandatu wa shampiyona yakinwe kuri uyu wa kabiri, irangiye Rayon Sports inganyije na Etincelles naho Mukura iratsinda ihita inayobora urutonde
Kuri uyu wa mbere tariki 28 Ukwakira 2019 ku cyicaro cya UTB giherereye ku Kicukiro ahazwi nka Sonatube, habereye umuhango wo kwerekana abakinnyi bashya amakipe ya UTB y’abagabo n’iya bagore azakoresha mu mwaka w’imikino wa 2019/2020.
Kakooza Nkuriza Charles uyobora Gasogi United yavuze ko yiteguye gufata ku gakanu Kiyovu bazakina kuri uyu wa Kane
Nyuma y’iminsi atagaragara mu kibuga, umukinnyi wo hagati Mugheni Fabrice yongeye kugaruka mu ikipe bwa mbere muri iyi shampiyona 2019/2020
Mu mukino wa shampiyona usoza indi y’umunsi wa gatanu, APR FC itsinze AS Muhanga ihita yongera kuyobora urutonde rwa shampiyona
Umunyarwanda Mugisha Moise yegukanye agace ka gatatu ahita anambara umwambaro w’uyoboye isiganwa
Mu mikino y’umunsi wa gatanu wa shampiyona y’u Rwanda, Rayon Sports yatsindiwe i Nyagatare mu gihe Mukura ibimburiye abandi gutsinda Gasogi United
Mu isiganwa ry’amagare rizwi nka Tour du Faso riri kubera muri Burkina Faso, ikipe y’u Rwanda yaje ku mwanya wa kabiri
Uwari umutoza wa Patriots BBC Henry Muinuka yamaze gutandukana n’iyi kipe nyuma yo kuyihesha igikombe cya shampiyona ndetse no kuyifasha kwitwara neza mu majonjora ya Basketball Africa League
Ikipe ya Rayon Sports yerekeje i Nyagatare aho igiye gukina na Sunrise mu mukino w’umunsi wa gatanu wa shampiyona
Rutahizamu wa APR Fc Sugira Ernest yamaze guhagarikwa amezi abiri n’ikipe ye aho ashinjwa amakosa atandatu
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwemererwa ko imikino yose isigaje kwakira mu mikino ibanza izajya Saa kumi n’ebyiri z’umugoroba
Igihugu cy’u Rwanda mu mupira w’amaguru cyazamutseho umwanya umwe ku rutonde ngarukakwezi kwa FIFA rwasohotse uyu munsi
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru y’u Rwanda mu bagore, ntiramenya niba izitabira CECAFA y’ibihugu izabera i Dar es Salam mu kwezi gutaha
Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare, Mushabe David Claudian, arasaba abatuye n’abakomoka mu Karere ka Nyagatare gushyigikira ikipe yabo kuko aribwo izarushaho gukomera.
Rutahizamu wa APR FC wahagaritswe n’ikipe ye igihe kitazwi, yasabye iyi kipe n’abakunzi bayo imbabazi kubera amagambo aheruka gutangaza
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru yari igeze ku munsi wa kane, aho amakipe nka APR Fc na Rayon Sports zacyuye amanota atatu
Mu mukino usoje indi y’umunsi wa kane wa Shampiyona yabaye kuri uyu wa kabiri, Rayon Sports itsinze Bugesera ibitego 2-1.
Umukino uhuza abakinnyi bitwaye neza mu mwaka w’imikino muri Basketball muri Amerika uzwi nka All-Star Game, ugiye kongera kubera mu Rwanda nyuma y’imyaka itanu.
Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports Jules Ulimwengu agiye kuyivamo, akerekeza mu ikipe yo mu Bushinwa ishobora kumutangaho Ibihumbi 50$
U Rwanda rwasabye kwakira icyiciro cya Kabiri cy’amajonjora ya Basketball Africa League kizatangira tariki ya 26 Ugushyingo kugera 01 Ukuboza 2019.
Rutahizamu w’ikipe ya APR FC Ernest Sugira biravugwa ko yamaze guhagarikwa n’ikipe ya APR FC nyuma y’ikiganiro aheruka kugirana n’itangazamakuru ari mu Mavubi
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mukino w’amagare igiye kongera kwitabira Tour du Faso yaherukaga kwitabira mu mwaka wa 2006
Kuri uyu wa mbere tariki ya 21 Ukwakira 2019, ikipe ya Musanze FC yahaye umutoza wayo Niyongabo Amars intego yo kubona amanota 7 mu mikino itatu iri imbere.
Ku mukino w’umunsi wa kane wa Shampiyona uzahuza ikipe ya Rayon Sports na Bugesera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, amafaranga make yo kwinjira ni ibihumbi bibiri
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yaraye abonye itike ya CHAN 2020, izabera muri Cameroun 2020. ikaba ari inshuro ya kane u Rwanda rugiye kwitabira aya marushanwa
Kuri iki cyumweru tariki 20 Ukwakira 2019 muri Tanzania hakinwaga imikino ya nyuma mu itsinda rya 4 mu rwego rwo gushaka itike ya Basketball Africa League.
Ku munsi wa kane wa Shampiyona y’u Rwanda, ikipe ya Mukura yaraye ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Gicumbi ibitego 3-1