• Brezil : Umugabo yaryaga abantu akanacuruza inyama zabo

    Umugabo wo mu gihugu cya Brésil ari mu maboko ya polisi, guhera tariki 12/04/2012, ashinjwa kwica abagore batatu akabarya ndetse akanifashisha inyama za bo mu gukora imigati akayicuruza.



  • Mu Budage : Yananiwe gutera urubariro ahamagara polisi

    Umugabo w’umunyabukorikori w’Umudage w’imyaka 43 y’amavuko yananiwe kubahiriza inshingano z’abashakanye za hato na hato yigira inama yo gutabaza polisi kugira ngo abashe kuva mu nzara z’umugore w’imyaka 47y’amavuko.



  • Umwongereza ashobora ku yarabyaye abana barenga 600

    Umugabo witwa Bertold Wiesner wo mu Bwongereza ashobora kuba yarababyaye abana bagera kuri 600 hagati y’imyaka ya 1943 na 1962 aho yateraga abagore intanga ze abikoreye mu ivuriro rye mu rwego rwo kubafasha kubona urubyaro.



  • USA : Umwana w’imyaka 9 yafungiwe aho bogera imyaka 8

    Umugore w’Umunyamerikakazi, Rivae Hart, ukomoka muri Leta ya Ohio wo mu kigero cy’imyaka 50 afunzwe akurikiranyweho gufungira mu cyumba bogeramo (douche) akana k’agakobwa yari abereye nyirakuru.



  • Ku myaka 10 gusa yibarutse umukobwa

    Umwana w’umukobwa wo mu gihugu cya Kolombiya ufite imyaka icumi y’amavuko, yabyariye umwana w’umukobwa mu bitaro bya Manaure mu cyumba cyakirirwamo indembe.



  • Umubiri we wuzuye amaherena

    Afite amaherena agera kuri 6925; amenshi ari ku gitsina cye

    Umugore witwa Elaine Davidson utuye Edinburgh mu gihugu cya Scotland yaciye agahigo ko kugira amaherena menshi ku mubiri; nk’uko bitangazwa na Guinness World Record.



  • Stanley muri berceau

    Ku myaka 31 umugabo w’Umunyamerika yiberaho nk’uruhinja

    Umugabo w’Umunyamerika w’imyaka 31 y’amavuko amaze imyaka 18 yiberaho mu buzima nk’ubw’umwana w’uruhinja haba ku myambarire, ku mirire ndetse no mu buryo aryamamo.



  • Yagize inzoka inshuti y’amagara kuva afite amezi atatu

    Umwana w’umuhungu witwa Sambath Uon afite imyaka 6 y’amavuko wo muri Cambodia mu mujyi witwa Sithbou yagize inshuti magara inzoka y’uruziramire ireshya na metero 6.1, ipima ibiro 120.



  • Amaze imyaka 4 anywa inkari ze

    Umugore w’imyaka 53 y’amavuko witwa Carrie wo mu mujyi wa Colorado Springs muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatahuweho ko amaze imyaka 4 yica akanyota akoresheje inkari ze kandi akanazikaraba. Ibyo byavumbuwe mu kiganiro cya televisiyo kitwa “My Strange Addiction.”



  • Biringiye Internet baratsindwa karahava

    Mu gihugu cy’u Bufaransa, umwarimu yashatse kwereka abanyeshuli ko badakwiye kwiringira internet maze ategura ibibazo anabiha ibisubizo bitari byo abishyira kuri intenet. Abanyeshuri babikopeye batazi ko ibyo barimo gukopera ari amafuti maze baratsindwa.



  • Susanne amara amasaha umunani ahaha ibyo kurya azakoresha ukwezi

    Arifuza kuba umugore wa mbere munini ku isi

    Susanne Eman, umugore w’imyaka 32 wo muri Leta ya Arizona muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika arashaka kuzaba ari we mugore munini ku isi mu mpera z’umwaka wa 2012. Ubu afite ibiro 335 akaba ashaka kurushanwa n’umuntu wa mbere, Donna Simpson, ufite ibiro birenga 700.



  • Karongi: Avoka yamuhaye isomo ryo kuboneza urubyaro

    Nta munsi Abanyarwanda badasabwa kwitabira gahunda yo kuringaniza imbyaro ariko ugasanga hakiri ababifata nk’aho bitabareba, ariko burya hari igihe ugwirirwa n’ishyano ugatangira kwicuza impamvu wabyaye abo udashoboye kurera.



  • Nguwo umwenda ukoze mu icebe ry

    Umwenda ukoze mu icebe ry’inka

    Umuhanga mu by’ibyimyambarire ukomoka mu gihugu cy’u Bwongereza witwa Rachel Freire aherutse gushyira ahagaragara umwambaro udasanzwe kuko ukoze mu mabere y’inka cyane cyane yibanda ahari imoko (cow’s nipple).



  • Amaze imyaka ibiri akubita ibitwenge bidashira

    Huug Bosse, umugabo uri mu zabukuru ukomoka mu gihugu cy’u Buholandi ntiyari yahagarara guseka guhera mu mwaka wa 2010 kubera ikinya yatewe ubwo yabagwaga mu mayunguyungu.



  • Afite inzara zimutwara amadorali 200 mu cyumweru

    Umugore witwa Ayanna w’imyaka 54 y’amavuko wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika afite agahiga ko kugira inzara ndende kuri iyi si ya Rurema. Yateretse inzara z’intoki n’ibirenge ziba ndende bigera aho yazirebaga akazita abana be.



  • Yakatiwe gufungwa imyaka 6060 azira ubwicanyi

    Urukiko rwo mu gihugu cya Guatemala rwemeje igihano kidasanzwe cyo gufunga uwitwa Pedro Pimentel imyaka 6060 azira kuba yaragize uruhare mu bwicanyi bukomeye bwakorewe imbaga y’abaturage mu mwaka wa 1982.



  • Yaciye agahigo ko kubyara ashaje

    Umugore w’umuvugabutumwa ufite imyaka 66 y’amavuko akaba ari no mu kiruhuko cy’izabukuru, kuri uyu wa 4 Werurwe 2012, yabyariye impanga ku bitaro byo muri komini ya Grisons mu mujyi wa Croire mu gihugu cy’Ubusuwisi.



  • Muri Indoneziya babonye umuti utuma abagabo badaca inyuma abo bashakanye

    Mu rwego rwo kurandura ingeso yo gucana inyuma ku bashakanye, ubuyobozi bw’intara ya Gorontalo mu majyaruguru y’igihugu cya Indonoziya bwafashe icyemezo cyo kujya bushyira imishahara y’abakozi babwo b’igitsina gabo ku makonti y’abagore babo.



  • Juana Bautista ashobora kwesa agahigo k’umugore ukuze kurusha abandi ku isi

    Juana Bautista de la Candelaria Rodriguez, umukecuru wo mu gihugu cya Cuba ni we mugore ushaje kurusha abandi kuri iyi si. Impapuro zimuranga zerekana ko yavutse mu 1885 bivuze ko afite imyaka 127.



  • Yambikanye impeta y’urukundo afite myaka 100

    Umukecuru rukukuri w’imyaka 100 y’amavuko yakoze ubukwe n’umusaza w’imyaka 87 mu kigo cy’izabukuru biberamo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.



  • Ruyenzi: Yanyweye uducupa 13 tw’inzoga yitwa African Gin bucya yapfuye

    Umusore witwa Iyamuremye bakundaga kwita “Kagina” basanze yapfiriye mu icumbi yari atuyemo mu mudugudu wa Rubumba, mu murenge wa Runda, nyuma y’aho ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 23/02/2012, yari yanyweye uducupa 13 twa African Gin ku ntego.



  • Gicumbi:Umukobwa yibye inka ajya kuyikwa umuhungu mu ijoro

    Umukobwa witwa Mukanyonga Laurence wo mu murenge wa Muko mu karere ka Gicumbi wibye ababyeyi be inka maze ajya kuyikwa rwihishwa umuhungu bakundana.



  • Atwite inda y’amezi 6 yatewe n’umuhungu we ndetse barashaka kubana

    Umugore witwa Betty Mbereko wo muri Zimbabwe yatangarije imbere y’inteko mu mudugudu w’iwabo ko atwite inda y’amezi 6 yatewe n’umuhungu we Farai Mbereko kandi bombi bemeza ko bazakomeza kubana nk’umugore n’umugabo.



  • Imiryango 9 yakoze ubukwe yambaye ubusa mu rwego rwo kudasesagura

    Mu mujyi wa Negril mu gihugu cya Jamaica habereye ubukwe budasanzwe, aho imiryango icyenda yiyemeje gusezerana yambaye ubusa buri buri mu rwego rwo kudasesagura nk’uko babitangaje.



  • Uko abantu bagufi ku isi ubu barutana

    Habonetse umuntu mugufi kurenza abandi ku isi

    Guinness World Records yemeje ko umugabo witwa M. Chandra Bahadur Dangi ariwe muntu mugufi cyane ku isi kuko afite uburebure bwa santimetero 53 n’ibiro 12.



  • Basanze umwana w’imyaka 3 atwite

    Abaganga bo mu gihugu cya Perou basuzumye umwana w’imyaka itatu basanga atwite undi mwana w’umuhungu.



  • Ngoma: Umuco wo kwambura inkwano ureze

    Mu gihe muri iki gihe usanga hari abasore benshi bibera ba seribasaza (gusazira mu busiribateri kubera amikoro make yo kubona inkwano cyangwa gucyuza ubukwe), mu karere ka Ngoma haravugwa abasore bahitamo kwikopesha inkwano bakayijyamo ideni ubundi umukobwa bakamujyana.



  • Igiti cy

    Zimwe mu nyamaswa zinywa ibiyobyabwenge

    Inyamaswa nazo zifata ibiyobyabwenge zibizi kandi zibishaka.. Mu byo zifata habamo ibimera byose bisindisha (cyangwa bihindura imikorere isanzwe y’ubwonko ) kuva ku mbuto n’ibibabi by’ibyatsi.



  • Yigishijwe imibonano na se w’umukobwa bari buryamane

    Umusore ukiri imanzi yiyemeje gukora imibonano mpuzabitsina ngo abe nk’abandi kuko yumvaga benshi muri bagenzi be bamwigambaho ko babikoze! Ni uko agufatiye inzira no muri farumasi ngo ba ! Ahageze abwira nyiri farumasi ko ashaka udukingirizo kandi ko ari ubwa mbere agiye gukora ibyo bintu.



  • Umugabo yashyize umwana we ku isoko akoresheje facebook

    Mu gihugu cya Arabie Saoudite abayobozi bidini bakurikiranye umugabo wagerageje kugurisha umwana we w’umuhungu abinyujije kuri facebook.



Izindi nkuru: