Isaha nziza abagore bishimira gutera akabariro yaba yamenyekanye
Nyuma y’uko abagabo benshi bagaragarije impungenge zo kutamenya isaha nziza bashobora kuba batera akabariro, kugira ngo barusheho kunyura abagore babo, ikinyamakuru Women’s Health Magazine cyakoze ubushakashatsi kuri iki kibazo.
Benshi mu bagabo bagezaga ikibazo kuri iki kinyamakuru, bavugaga ko iyo begereye abagore ngo bagire icyo bimarira, bababwiraga ko bafite akazi kenshi, bananiwe cyangwa se atari igihe gikwiye, bigatuma bibaza igihe gikwiye icyo aricyo.
Ubu bushakashatsi, buvuga ko isaha nziza inyura abagore mu gutera akabariro ari 23h00 ku wa Gatandatu.
Gusa iki kinyamakuru kivuga ko bitabuza Abongereza, ari nabo ubu bushakashatsi bwakoreweho, guhuza urugwiro n’abo bashakanye byibura gatatu mu cyumweru.
Ubu bushakashatsi bwavuze ko ibyagaragajwe n’ubushakashatsi bwabanje bivuga ko ku bagore babyuka nyuma ya 7h30 bashobora kugira icyo bimarira atari byo, kuko abagore baba bitekerereza akazi bagiye kujyamo.
Jean Noel Mugabo
Ibitekerezo ( 197 )
Ohereza igitekerezo
|
Mwaramuts ndinkunzimana j de diue ndashaka umukobwamwiza muremure ariko ataricanewakayobegak
Muraho urebye amasaha yo kubaka urugo yagenwa nabashakanye igihe nabona umwana wabo bakurikijeimikorere yabo nimigirire yabo kuko abana iyo batarasinzira ntagikorwa Kandi igikorwa cyurukundo nicyo kubahirizwa.
mwiriwendi umusore wimyakamakumyabi 26 bavandimwe ndashaka akazi akarikokose nagakora neza nakubaha uwakampaye nimerayareni 0726273352
AHUBWO NJEMBONA UMUNGO ABAGOR BESHI BASHAKA GUCENGA ABAGABO NKUKO WOMENGO NTIBAZI ICABAZANYE KOHARIMWO NUKURONDOKA EREGA BURYA URETS NIVYO UMUGOR NAHO MWOBAMWASHAVURANIY UMWABIRIY BIRAGABANUKA NAHOBITAZIMANGANA BURUNDU
Najye lyosabye umugore wange saine kugeza sasaba zijora arangangazi.
Najye lyosabye umugore wange saine kugeza sasaba aranganga.
Nchaka umukunzi utarengeje 40 ufite gahunda yambwira 0781320629
Mwiriwemute najyedumusore ufite imyaka 24 ndashaka umukobwa mwizakumutima nokumubiri muremure kd winzobe mukarwahirabura nkimyaka 19-20 wumva waba urugo warushora number +256750032238 amazina ndi Mugisha fred .
Ariko ibyo muhoramo mubona har’icyo bimarira Abantu, ibyo ko byaremwe n’imana bigakorwa n’umugore n’umugabo biherereye mw’ibanga, kuki mushyaka gushira Abantu kw’irari ryanyu cg Abo bongereza batangira gusambana bakivuka, none namwe mwabigize ibikinishyo murasambana n’uwo mubonye wese, mukifotoza mwambaye ubusa hose, ejo ngo mwabuze abagabo, umugabo wahe warongora indaya zamazeho, Mujye mwiyubaha mwubaha n’umubiri yanyu kuko n’insengero z’imana, ibyo ntawubyigish’undi kimwe ko na Adamu na Eva ntawabi igishije mwa ndaya mwe.
Nange mundangire akazi ako mwabona kose nimero ni0785987407 narize mfit A2
mbega abahanga mwarizekoko.
njyembona
amasahayukuriyogutera
akokabariro
yaba ari saa saba(01h00
nasaa5h00mugitondo.
cgwanigihecyose
uruhutsemumutwe
Nifuje guhuzwa nutanga akazi kizamu ngo ambwire ibisabwa murangire ugashaka kd yavakora neza.murakoze
Mwiriwe? Murakoze kubw’inama zanyu muduha.gusa njye ndi umusore wimibiri yombi,sindimuto kd simbyibushye mpfite 1.70m na 65kg ku myaka 27 mpfite akazi kantunze .ndifuza umukobwa umukobwa w’nzobe iringaniye kd utari muremure kd atabyibushy cyane,ufitd gahunda yo kubaka urugo azi urukundo icyaricyo kd usenga abaye afite akazi byaba byiza kurushaho.kd akaba ari kigali cg mu nkengero zaho phone 0785729098 na watsap