Uwizeye Jean Claude yegukanye irushanwa rya kabiri ry’amagare rya Rwanda Cycling Cup 2017 nyuma yo gusiga bagenzi be akoresheje amasaha atatu n’iminota 41.
Umukino w’umunsi wa 26 wa shampiyona wahuzaga Kiyovu Sport na Police Fc urangiye Police itsinze 2-1, bituma Kiyovu igumana igitutu cyo kumanuka mu cyiciro cya kabiri.
Karekezi Leandre wari watsinzwe mu matora yo kuyobora ishyirahamwe ry’umukino wa Volley Ball mu Rwanda (FRVB) yabaye ku wa 4 Gashyantare 2017, aratangaza ko yongeye kwiyamamariza kuyobora iri shyirahamwe.
Ikipe nshya y’umukino w’amagare y’Akarere ka Karongi izwi nka Vision Sports Center, ngo ije gususurutsa no gukura mu bwigunge Akarere ka Karongi katagiraga undi mukino uhabarizwa.
Bamwe mu batoza b’amakipe yo mu cyiciro cya mbere mu Rwanda batangaza ko bo ubwabo badahagije ngo batware igikombe cya shampiyona ahubwo ko hari ibindi bisabwa.
Ubuyobozi bwa Kiyovu Sport buratangaza ko uwari Perezida wayo Gasamagera Louis Claude yamaze kubatangariza ko abaye ahagaritse kuyobora iyo kipe.
Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda FERWACY butangaza ko uwahoze ari umuyobozi wungirije muri iri shyirahamwe Nyakwigendera Byemayire Lambert atazibagirana bitewe n’ibikorwa yakoze muri uyu mukino.
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 1 Mata 2017 Nsengimana Jean Bosco ukinira ikipe ya Benediction mu magare yegukanye irushanwa ry’amagere Rwanda Cycling Cup 2017 nyuma yo gusiga bagenzi be akoresheje amasaha ane n’iminota 14.
Kuri uyu wa 31 Werurwe 2017, ni bwo ku ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa hasojwe amahugurwa y’abifuza kuba abatoza b’ejo hazaza bo ku rwego rwa Licence D.
Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umukino njyarugamba TAEKWONDO buratangaza ko abakinnyi 4 bamaze kuvanwa ku rutonde rw’abemereewe kwitabira imikino nyafurika ya Taekwondo y’abafite ubumuga (Para-Taekwondo Open 2017)
Mu gihe ikipe ya Sunrise izakina na Rayon Sport mu mukino w’ikirarane, abakinnyi ba Sunrise bari kwinubira kuba bamaze amezi 2 badahembwa ndetse bakanavuga ko batarya nk’uko babyifuza.
Ikipe y’umukino wa Basket Ball Patriots yanyagiye 30 Plus mu mukino wa shampiyona wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Werurwe 2017, iyitsinda ibitego 134 kuri 47.
Umutoza wungirije mu ikipe ya Musanze Ndikumana Hamad wamenyekanye cyane ku izina rya Katawuti akinira Ikipe ya Rayon Sports n’ikipe y’igihugu Amavubi, aratangaza ko kugira ngo azabe umutoza ukomeye cyane bimusaba gukora cyane
Ku wa 21 Werurwe 2017 nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryerekanye Antoine Hey umutoza mushya w’ikipe y’igihugu Amavubi
Nkurunziza Gustave wari watorewe kongera kuyobora ishyirahamwe ry’umukino w’intoki Volley Ball yamaze kwandika asezera ku mirimo ye.
Ikipe ya Onze Createurs yo muri Mali yamaze kugera I Kigali aho ije gukina na Rayon Sports mu mukino wo kwishyura mu rwego rw’amakipe yatwaye ibikombe iwayo(Caf Confederation Cup).
Ku munsi wa 14 wa Shampiyona y’icyiciro cya kabiri ikipe ya Rwamagana City yatsinzwe n’ikipe ya Aspor 1-0 maze amakipe yombi avuga ko yasifuriwe nabi.
Minisitiri w’umuco na Siporo Uwacu Julienne atangaza ko irushanwa ryo mu mashuri abanza n’ayisumbuye “Amashuri Kagame Cup” rizafasha ababyiruka kwimakaza umuco wo gukunda igihugu.
Umutoza w’ikipe ya APR Fc Mulisa Jimmy aratangaza ko ikipe ya Kirehe bazakina ku wa gatandatu tariki ya 11 werurwe 2017 ayubaha ariko ngo bifuza kuzayitsindira iwayo n’ubwo hari abakinnyi abura.
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 7 werurwe 2017 nibwo hatangizwa imikino y’ijonjora ry’ibanze ryo guhatanira igikombe cy’amahoro(Rwanda Peace Cup 2017).
Umukino wo ku munsi wa 19 wa shampiyona wahuje ikipe ya Kiyovu na Mukura kuri stade ya Kigali i Nyamirambo, warangiye amakipe yombi anganyije igitego 1-1.
Nyuma y’uko APR itsinzwe ku wa 1 Werurwe 2017 na Gicumbi yongeye gutakaza amanota inganya na Musanze 1-1.
Mu mukino wa shampiyona w’ikirarane wahuzaga ikipe ya Police FC na Rayon Sports urangiye amakipe yombi anganya ibitego 2-2.
Ubuyobozi bw’ikipe ya Sunrise buratangaza ko bwahaye Cassa Mbungo Andre akazi ko gutoza iyo kipe by’agateganyo.
Ubuyobozi bw’ikipe ya Bugesera, buratangaza ko bwababajwe n’umukinnyi wayo Ruhinda Sentongo Farouk wataye akazi, bukaba buteganya kumuhana bwihanukiriye.
Ikipe ya Rayon Sport yongeye gutsinda ikipe ya Wau Salaam yo muri Sudani y’Epfo ibitego 2-0, mu marushanwa y’amakipe yatwaye ibikombe iwayo Caf Confederation Cup.
Ikipe ya Police FC yananiwe kwikura imbere y’iya Bugesera, aho mu mukino wa Shampiyona wazihuje ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane, Umukinnyi wa polisi yahesheje intsinzi ikipe ya Bugesera aho yitsinze igitego kimwe.
Zanaco FC, ikipe y’umupira w’amaguru yo muri Zambia yageze mu Rwanda aho ije gukina umukino wo kwishyura na APR FC.
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 14 Gashyantare 2017, Ishyirahame ry’umupira w’amaguru (FERWAFA), ryashyize hanze urutonde rw’abatoza umunani bazatoranywamo umwe ugomba gutoza ikipe y’igihugu Amavubi.
Mukundiyukuri Jean De Dieu, umukozi wa Komite Olempike y’u Rwanda (CNOSR) ari mu maboko ya Polisi y’igihugu akurikiranweho icyaha cya Ruswa.