Umunyarwanda Areruya Joseph yegukanye agace ka gatatu k’isiganwa rizwi nka Giro d’Italia y’abatarengeje imyaka 23.
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru "Amavubi" yageze i Kigali nyuma yo gutsindwa mu minota ya nyuma n’ikipe ya Centrafurika.
Ikipe ya APR yo gusigawa ku maguru niyo yegukanye irushanwa ryiswe 20 Km de Bugesera aho yegukanye ibihembo ya byose.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi atsinzwe ibitego 2-1 mu mukino wa mbere w’amajonjora wo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika
Ikipe ya MAMARU Karate Do yitoreza i Kigali mu Karere ka Kicukiro, yahize izindi kipe zarushanwaga mu mikino yo kwibuka ku nshuro ya 23, abakinnyi n’abakunzi b’umukino wa Karate bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
Ubuyobozi bwa Hotel La Palisse buratangaza ko bwiteguye korohereza abakora Siporo zitandukanye zihakorerwa, kandi ko bazanye ibikoresho bihagije n’abatoza bafite ubunararibonye.
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi, Antoine Hey, yatangaje ko mu makipe y’ibihugu yatoje, atigeze abona Abakinnyi bafite ubwitange nk’ubw’Abakinnyi b’Amavubi.
Nshimiyimana Canisus wakiniye ikipe ya Mukura Victory Sports ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi, yatangaje ko yanditse igitabo kivuga ku buzima bwe mu mupira w’amaguru ndetse no kuri ruhago Nyarwanda muri rusange.
Ubuyobozi bwa Rayon Sports buratangaza ko bwatangiye kuvugana na bamwe mu bakinnyi bayo barangiza amasezerano ngo babe bakomezanya.
Nyuma y’imyaka ikabakaba 20 atoza ikipe ya Marines, umutoza Nduhirabandi Coka yamaze gusezererwa n’iyi kipe
Guverinoma ya Centrafrique yategeye buri mukinnnyi w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru agahimbazamusyi ka Miliyoni imwe n’igice z’Amasefa asaga Miliyoni ebyiri z’Amanyarwanda, nibaramuka batsinze Amavubi.
Antoine Hey utoza ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 19 bazavamo 18 bazerekeza muri Centrafurika
Mu mpera z’iki cyumweru mu Rwanda haberaga imikino yo kwibuka, imikino yanitabiriwe n’amakipe aturutse hanze y’u Rwanda.
Umukino wa kabiri wo kwibuka abakunzi, abayobozi n’abakinnyi bazize Jenoside yakorewe Abatutsi wahuzaga Amavubi n’ikipe ya Maroc urangiye Amavubi anyagiye Maroc3-0.
Ikipe ya Police y’u Rwanda mu bagabo, n’iya Police ya Uganda mu bagore ni zo zegukanye ibikombe byo kwibuka Abasiporutifu bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994
Umukino wahuzaga Amavubi n’ikipe ya Maroc mu rwego rwo kwibuka abari bafite aho bahuriye n’umupira w’amaguru bazize Jenoside yakorewe Abatutsi warangiye Amavubi atsinze 2-0.
Ku rutonde ngarukakwezi rukorwa na FIFA u Rwanda mu mupira w’amaguru rwongeye kwisanga ku mwanya mubi rutaherukaga kuba 2013, aho ubu rubarizwa ku mwanya wa 108
Kuri uyu wa Gatandatu mu Rwanda haratangira irushanwa ryo kwibuka Abasportifu bazize Jenoside yakorewe Abatutsi by’umwihariko babarizwaga mu mukino wa Handball, rikitabirwa n’amakipe yo muri Uganda no mu Rwanda.
Amashyirahamwe y’imikino mu Rwanda yateguye irushanwa ryo kwibuka abari abakunzi, abakinnyi ndetse n’abayobozi ariko yaniyemeje gukusanya inkunga yo gufasha uwacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Mu ikipe y’igihugu Amavubi abakinnyi bashya n’abatari baherutsemo bari gutegurirwa umuhango wo kunnyuzurwa uzarangwa no kuririmbira abakinnyi basanzwemo
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri ikipe y’igihugu ya Maroc y’umupira w’amaguru aho ije kwifatanya n’Amavubi mu irushanwa ryo Kwibuka abakinnyi n’abakunzi b’umupira w’amaguru bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.
Ishyirahamwe ry’umukino w’intoki (Volleyball) mu Rwanda (FRVB riratangaza ko amakipe ya Ruhango VC na Gs St Aloys atakitabiriye irushanwa ryo kwibuka abakunzi, abakinnyi ndetse n’abayobozi bazize Jenoside yakorewe Abatutsi.
Umunyezamu akaba na Kapiteni wa Rayon Sports Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame aratangaza ko yiteguye kongera amasezerano igihe cyose Rayon yaba ikimubonamo ubushobozi
Kuri uyu wa Gatandatu mu karere ka Bugesera habereye isiganwa rya moto ryitabiriwe n’abakinnyi batuye mu Rwanda
Bonaventure Uwizeyimana ukinira ikipe y’igihugu y’Amagare yamaze kumvikana n’ikipe ya LowestRates.ca yo muri Canada, aho agomba kuyerekezamo kuri uyu wa mbere.
Umukino w’umunsi wa 29 wa shampiyona wahuzaga APR na Rayon Sport urangiye amakipe yombi anganyije igitego 1-1 APR ibura amahirwe yo gufata umwanya wa kabiri.
Umukino w’umunsi wa 29 wa shampiyona wahuzaga ikipe ya Police FC na AS Kigali warangiye Police iyitsinze ibitego 3-1 ihita inafata umwanya wa kabiri wari uriho APR FC.
Umutoza w’Amavubi amaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 25 bagomba gutangira umwiherero w’ikipe y’igihugu izaba yitegura Centrafrika
Mu ibaruwa yandikiye Ferwafa, Perezida wa FIFA yashimiye ikipe ya Rayon Sports kuba yaregukanye igikombe cya Shampiona cya munani
Ikipe ya Kiyovu Sports yahakanye amakuru yavugaga ko yeguje umutoza wayo Kanamugire Aloys nyuma y’umusaruro mubi muri iyi Shampiona