Ikipe y’igihugu ya Senegal yihereranye Sudani y’Amajyepfo iyitsinda amanota 104 kuri 75, iba ikipe ya mbere yujuje amanota 100 muri iyi mikino ya AfroBasket
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda ‘’Amavubi ’’ yatangaje urutnde rw’abakinnyi 23 bagiye kwerekeza mu gihugu cya Maroc mu gushaka itike y’Igikombe cy’isi kizabera muri Qatar 2022.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda “AMAVUBI” ikomeje imyitozo yo gutegura imikino ibiri yo gushaka itike y’igikombe cy’isi izabera muri Qatar umwaka utaha.
Mu mukino wa kabiri wo mu itsinda A u Rwanda rutsinze ikipe y’igihugu ya Angola rwongera amahirwe yo kubona itike ya ¼ bwa mbere mu mikino ya AfroBasket
Kuri uyu wa Gatatu muri Kigali Arena hakomeje imikino y’umunsi wa kabiri ya AfroBasket 2021, aho itatu ari yo yabaye muri ine yari iteganyijwe
Umukino wo mu itsinda D wagombaga guhuza ikipe ya Cameroun ndetse na Sudani y’Amajyepfo guhera i Saa Cyenda z’amanywa, wamaze gusubikwa kubera icyorezo cya COVID-19
Umukinnyi wo mu kibuga hagati Nshimiyimana Imran wari umaze imyaka ibiri akinira Rayon Sports, yamaze gutandukana nayo aho yerekeje mu ikipe ya Musanze Fc
Mu mikino y’umunsi wa mbere wa AfroBasket 2021, u Rwanda rutsinze Republika iharanira Demokarasi ya Congo amanota82 kuri 68 , mu mukino Perezida Kagame yitabiriye
Rutahizamu Marc Olivier Boue Bi ukinira ikipe ya Mogadishu City Club yo muri Somalia yatangaje ko biteguye guhangana n’ikipe ya APR FC batomboye mu mikino ya CAF Champions League.
Kuri uyu wa Kabiri mu Rwanda haratangira ku mugaragaro irushanwa rya AfroBasket rizahuza ibihugu 16 byo ku mugabane wa Afurika, irushanwa u Rwanda narwo ruzitabira
Myugariro Mutsinzi Ange uheruka gusoza amasezerano muri APR FC, yasinye amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe yo mu cyciro cya kabiri muri Portugal.
Mbere yo kwemererwa gukina shampiyona y’icyiciro cya kabiri, amakipe yamaze kumenyeshwa igihe imikino izatangirira ndetse n’ibisabwa ngo babashe kwitabira iyi mikino
Impuzamashyirahamwe y’umukino wa Volleyball muri Afurika yashimye aho u Rwanda rugeze rwitegura igikombe cya Afurika kizabera mu Rwanda mu byumweru bibiri biri imbere.
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu “AMAVUBI” na APR FC, Jacques Tuyisenge, yaraye asezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Musiime Recheal Jordin.
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Basketball Dr Cheikh Sarr yatangaje urutonde rwa nyuma rw’abakinnyi 12 azifashisha mu mikino ya AfroBasket, batarimo usanzwe ari kapiteni wayo Mugabe Aristide
Ishuri ry’umupira w’amaguru rya The Winners Football Training Center ryo mu Karere ka Muhanga rigiye gukina bwa mbere shampiyona y’u Rwanda, ryamuritse umwambaro mushya bazakinana
Umunyezamu w’ikipe y’igihugu, Kimenyi Yves, n’abo bafatanywe bane baricuza amakosa bakoze yo kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 bikabaviramo gufungwa.
Minisitiri wa Siporo mu Rwanda yatangaje ko ubu abakunzi b’umupira w’amaguru bemerewe kugaruka ku kibuga ariko hubahirjwe ingamba zo kwirinda Coronavirus
Kwizera Olivier ufatira ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, yamaze gusezererwa mu mwiherero w’Amavubi ashinjwa imyitwarire mibi
Ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda ryatangaje ko ryamaze kwemererwa kwakira abafana mu gikombe cya Afurika kizabera mu Rwanda
Kapiteni w’ikipe y’igihugu, Amavubi, y’abakina imbere mu gihugu, Jacques Tuyisenge, arakora ubukwe mu mpera z’iki Cyumweru.
Ikipe y’igihugu ya Tunisia yabaye igihugu cya gatanu kigeze mu Rwanda, mu guhatanira igikombe cya AfroBasket 2021 igiye kubera mu Rwanda
Umunye-Congo Héritier Luvumbu Nzinga wakiniraga ikipe ya Rayon Sports, yamaze kwerekeza muri Clube Desportivo Primeiro de Agosto aho yasinye amasezerano y’umwaka umwe
Federation ya Basket mu Rwanda (FERWABA) ku bufatanye na Minisiteri ya Siporo, baramenyesha Abanyarwanda ko mu mikino ya Afrobasket 2021 izabera mu Rwanda muri Kigali Arena, abafana bazaba bemewe.
Ikipe y’igihugu ikomeje imyitozo yo gutegura imikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi, aho bamwe mu bakina hanze bamaze gutangira imyitozo hamwe n’abandi
Umunyarwanda Kevin Monnet-Paquet uheruka kurekurwa n’ikipe ya Saint-Etienne, yasinye amasezerano mu ikipe ya Aris Limassol yo muri Chypre
Ikipe ya APR FC ndetse na AS Kigali zamaze gutanga urutonde rw’abakinnyi zifashisha muri CAF Champions League na CAF Confederation Cup
Minisiteri ya Siporo y’u Rwanda yahaye Ferwafa uburenganzira bwo gusubukura shampiyona y’icyiciro cya kabiri mu bagaho ndetse na shampiyona z’abagore
Umukinnyi Jamil Kalisa usanzwe akinira ikipe ya VIPERS yo muri Uganda, yongewe mu ikipe y’igihugu Amavubi iri gutegura umukino wa Mali n’uwa Kenya
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda “AMAVUBI” Mashami Vincent yasobanuye impamvu uheruka gusezera mu mupira w’amaguru