Izindi nkuru: Ibimera - kanda hano ...
  • Ibinyabutabire byarengeje igihe bigira ingaruka ku buzima bw

    Ibinyabutabire byarengeje igihe biri mu mashuri n’ahandi bigiye gukurwaho

    Minisitiri w’Ibidukikije Dr Uwamariya Valentine, yavuze ko ibinyabutabire byose biri hirya no hino mu bigo by’amashuri ndetse no muri za Laboratwari, bazafatanya na REMA bakabikuraho, kugira ngo bitazateza ingaruka ku buzima bw’abantu.



  • Guhenda kwa Gaz biracyari imbogamizi ku kubungabunga ibidukikije

    Igiciro cya Gaz, imbogamizi mu kubungabunga ibidukikije

    Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Uwamariya Valentine, mu biganiro yagiranye n’Abadepite bagize Komisiyo y’imiyoborere, ubwuzuzanye bw’abagabo n’abagore mu Nteko Ishinga Amategeko, ku wa Mbere tariki 10 Werurwe 2025, yavuze ko ikiguzi cya Gaz kiri hejuru kikiri imbogamizi ku kubungabunga ibidukikije.



  • Hakenewe Miliyari 26Frw yo gusubiranya ibirombe binini

    Hakenewe Miliyari 26Frw yo gusubiranya ibirombe binini

    Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Gaz na Peteroli, bwavuze ko hakenewe ingengo y’imari ya Miliyari 26 z’Amafaranga y’u Rwanda, yo gusubiranya ibisimu binini byasizwe mu gihe cy’ubukoloni n’igihe hacukuraga sosiyete za Leta.



  • Ruhurura ya Mpazi igera Ngabugogo ndetse n

    Indwara z’ubuhumekero n’imyuzure byateza akaga Kigali itongereye amashyamba

    Uko abatuye muri Kigali bagenda biyongera, ni ko umwuka mwiza wo guhumeka ugenda ugabanuka bitewe n’uko imyubakire n’ibindi bikorwa remezo bituma amashyamba atemwa, icyo kibazo kikaba kiri mu bituma inzego z’ubuvuzi zakira abarwaye indwara z’ubuhumekero benshi, kikanateza imyuzure ihombya benshi n’Igihugu muri rusange.



  • Umuyobozi Nshingwabikorwa w

    Kigali: Ubwiyongere bw’abaturage bwagombye kujyana n’ubw’ibiti

    Ikibazo cy’amashyamba yagiye agabanuka mu Mujyi wa Kigali giteye inkeke, mu gihe abawutuye biyongera umunsi ku wundi kandi bakeneye umwuka mwiza wo guhumeka, icyakora ubuyobozi by’uyu mujyi bukomeje kongera imbaraga mu gutera ibiti mu guhangana n’icyo kibazo.



  • Abanyeshuri bo muri EP Cyamburara bishimiye kubona amashanyarazi bwa mbere mu kigo cyabo

    Abatwara imizigo biyemeje kurinda ikirere guhumana

    Ibigo bitwara ibicuruzwa mu Rwanda no mu mahanga, CMA CGM na CEVA Logistics, byiyemeje gutanga ingufu z’imirasire y’izuba no gutera ibiti, mu rwego kugabanya imyuka ihumanya byohereza mu kirere.



Izindi nkuru: Ibungabunga - kanda hano ...
Izindi nkuru: