• One Acre Fund (Tubura) igiye gufatanya na Leta gutera ibiti Miliyoni 30

    Umuryango mpuzamahanga uteza imbere ubuhinzi witwa One Acre Fund, ku bufatanye n’inzego zitandukanye za Leta, bagiye gutera ibiti Miliyoni 30 mu Turere twose tw’u Rwanda, birimo iby’imbuto n’ibindi bivangwa n’imyaka.



  • Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa ‘Coalition Umwana Ku Isonga

    Gasabo: Ibiti by’imbuto byatewe muri G.S Ruhanga bizabafasha kurwanya imirire mibi

    Ihuriro ry’Imiryango 27 ikora ku burenganzira bw’abana, rizwi nka ‘Coalition Umwana Ku Isonga’ ryatangije gahunda yo gufasha abana kumenya akamaro k’ibiti, mu rwego rwo kurengera ibidukikije, ariko rigamije no kugira ngo abana bakure bafite umuco wo kumva ko igiti ari kimwe mu bifasha mu kurinda ubuzima bw’abantu haba mu (…)



  • Minisitiri w

    Ingemwe z’ibiti Miliyoni 65 zigiye guterwa hirya no hino mu Rwanda

    Minisiteri y’Ibidukikije hamwe n’abafatanyabikorwa barimo Umuryango mpuzamahanga uteza imbere ubuhinzi, One Acre Fund(OAF) uzwi ku izina rya Tubura, batangije gahunda yo gutera ingemwe z’ibiti zigera kuri miliyoni 65 hirya no hino mu Gihugu.



  • Inzu z

    Imidugudu ya Green Gicumbi iri mu bizamurikirwa Abakuru b’Ibihugu i Dubai muri UAE

    Minisiteri y’Ibidukikije ivuga ko ibyagezweho n’Ikigega gitera inkunga imishinga y’ibidukikije (FONERWA) mu myaka 10 kimaze gishinzwe, harimo imidugudu yubatswe mu mirenge ya Rubaya na Kaniga mu Karere ka Gicumbi, bigiye kumurikirwa abakuru b’ibihugu bigize Isi bazahurira muri Leta zunze Ubumwe z’Abarabu(UAE).



  • Abakinnyi ba Basketball bagiye gutera ibiti bihwanye n’inshuro umupira watewe

    Ishyirahamwe ry’Imikino ya Basketball mu Rwanda (FERWABA) hamwe na Orion Basketball Club(Orion BBC), bijeje Minisiteri y’Ibidukikije ko bagiye gukoresha amakipe y’u Rwanda n’u Burundi hamwe n’abafana babo, muri gahunda yo gutera ibiti bihwanye n’inshuro umupira watewe muri buri mukino.



  • Abayobozi beretse abaturage uko ibiti by

    Huye: Batangije ubukangurambaga bwo gutera imbuto mu busitani

    Mu Murenge wa Huye mu Karere ka Huye, batangije ubukanguramgaba bwo gutera ibiti by’imbuto ahari ubusitani hose, bise icyanya cy’ubuzima. Iyi gahunda yatangirijwe mu busitani bw’ibiro by’Umurenge wa Huye tariki 29 Werurwe 2023 ahatewe ibiti by’imbuto zitandukanye, n’abaturage bahagarariye abanda bibutswa ko gutera ibiti (…)



Izindi nkuru: Ibimera - kanda hano ...
Izindi nkuru: Ibungabunga - kanda hano ...
Izindi nkuru: