MENYA UMWANDITSI

  • Abasura Rubavu mu minsi mikuru nta rungu - Meya Kambogo

    Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Ildephonse Kambogo yijeje abantu bagenderera Akarere ka Rubavu gususurutswa n’ibitaramo byagiye bitegurwa mu gusoza umwaka wa 2022, abizeza kuzumva bamerewe neza kuko umutekano uhari.



  • Père Noël yahaye abana noheli

    Vision Jeunesse Nouvelle yahaye Noheli abana bo mu miryango ikennye

    Abana 100 bakomoka mu miryango ikennye mu Karere ka Rubavu, bahawe Noheli n’ikigo cya Vision Jeunesse Nouvelle.



  • Meya Kambogo aganira n

    Mfite ubwoba ko bagiye kudutwara abakinnyi - Meya Kambogo

    Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Kambogo Ildephonse, asangira n’abakinnyi b’ikipe y’Akarere ka Rubavu, Étincelles, mu kwizihiza Noheli, yatangaje ko ashingiye uko abakinnyi b’iyo kipe barimo kwitwara, ngo afite ubwoba ko ayandi makipe azabatwara.



  • Gare nshya yubatswe igiye gutangira gukoreshwa

    Rubavu: Gare nshya izaca akajagari mu gutwara abagenzi

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatangaje ko butangira umwaka wa 2023 bufite ahategerwa imodoka hashya nyuma y’imyaka imodoka zitwara abagenzi zicumbikirwa.



  • M23 yemeye kuva muri Kibumba

    Ubuyobozi bwa M23 bwemeye kuva muri Kibumba bwari bwarambuye ingabo za Congo (FARDC) igasubira inyuma nk’uko yabisabwe mu myanzuro y’abakuru b’ibihugu yafatiwe i Luanda muri Angola mu kwezi k’Ugushyingo 2022.



  • U Rwanda rwongeye kwamagana abarushinja gufasha M23

    Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibirego ishinjwa byo gufasha umutwe wa M23 urwanya Leta ya Congo, nta shingiro bifite, ahubwo bikaba bigamije kurangaza amahanga ku mpamvu ya nyayo yateye intambara ihuje Leta ya Congo n’umutwe wa M23.



  • Minisitiri w

    Rubavu: Basabwe kwitandukanya n’ibikorwa bya FDLR

    Minisitiri w’Umutekano, Alfred Gasana, yabwiye abatuye Umurenge wa Bugeshi bafite abavandimwe mu mutwe wa FDLR ukorera mu Burasirazuba bwa Congo uhora ushaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda kwitandukanya na bo.



  • Hari inzira zinyuramo amazi ava mu birunga zamaze gutunganywa

    Izindi nzira z’amazi ava mu Birunga zigiye gutunganywa

    Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi mu Rwanda (RWB), butangaza ko burimo gushaka amafaranga atunganya imikoke 53 y’amazi ava mu Birunga agasenyera abaturage.



  • Ntibahagaritse gusoroma icyayi n

    Abahinzi b’icyayi barasaba Leta nkunganire ku ifumbire

    Ku wa Kane tariki 15 Ukuboza 2022 abahinzi b’icyayi mu Rwanda bongeye guhura bizihiza umunsi wahariwe umuhinzi w’icyayi, nyuma y’igihe badahura kubera icyorezo cya Covid-19, baganira ku cyateza imbere umurimo wabo.



  • Abangavu baterwa inda ngo bagorwa no gusubira mu ishuri

    Abakobwa bigaga bagaterwa inda bahamya ko gusubira mu ishuri bitaborohera

    Impugucye mu birebana n’ubuzima bw’imyororokere zitangaza ko umwana w’umukobwa watewe inda imburagihe, atagombye kubuzwa amahirwe yo kwiga kubera ko yabyaye. Gusa, bamwe mu bangavu batewe inda bavuga ko ubuzima bubi bahura nabwo butaborohereza kongera gusubira mu ishuri.



  • Imboga zikomeje kubura isoko

    Rubavu: Harashakishwa umuti w’ikibazo cy’imboga zikomeje kubura isoko

    Amezi atatu arashize abatuye Akarere ka Rubavu bahedwa ku musaruro w’ibitunguru, uboneka mu Mirenge ya Busasamana na Mudende, none hiyongereyeho n’uw’amashu nawo bavuga ko batizeye kubonera isoko, gusa Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI), ngo hari umushinga iteganya gukora wakemura icyo kibazo.



  • Rubavu: Impanuka yaguyemo abantu batatu

    Ibitaro bya Gisenyi byagonzwe na Fuso yikoreye imyembe, batatu mu bari bayirimo bahita bapfa. Ni impanuka yabaye mu rukerera tariki 10 Ukuboza 2022. Imodoka yo mu bwoko bwa Fuso ifite plaque RAC 209B yari ivanye imyembe mu Karere ka Rusizi yabuze feri igonga ibitaro bya Gisenyi abari bayirimo bahasiga ubuzima.



  • Urujeni Martine, umuyobozi w

    Umujyi wa Kigali warahiriye kuba hafi abavuye Iwawa

    Ubuyobozi bw’umujyi wa kigali butangaza ko bugiye gukurikirana ibibazo by’urubyiruko rugororerwa ku kirwa cya Iwawa hirindwa ko hari uwagorowe wakongera kwisanga mu bikorwa bituma asubira yo.



  • Umuyobozi wa M23, Bertrand Bisimwa, ari kumwe na Sultani Makenga ukuriye igisirikare cya M23

    M23 yemeye gusubira inyuma

    Ubuyobozi bw’umutwe w’inyeshyamba za M23 bwatangaje ko wemeye gusubira inyuma nk’uko wabisabwe n’Abakuru b’Ibihugu mu Karere i Luanda muri Angola tariki ya 23 Ugushyingo 2022.



  • Ibijumba bifite ibara rya Orange byera Iwawa

    Ikigo cya Iwawa gikoresha ibijumba mu kuvura amaso abahagororerwa

    Abakozi b’ikigo gishinzwe igororamuco ku kirwa cya Iwawa batangaza ko bifashisha ibijumba bya Orange bikize kuri Vitamine A mu kuvura amaso bamwe mu bagororerwa kuri iki Kirwa.



  • M23 aho gushyira intwaro hasi, yakomeje imirwano

    Abarwanyi ba M23 basabwe guhagarika imirwano bagasubira inyuma, ariko aho kubyubahiriza bakomeje imirwano ndetse bigarurira uduce dushya.



  • Umuyobozi wa M23, Bertrand Bisimwa, ari kumwe na Sultani Makenga ukuriye igisirikare cya M23

    M23 yavuze ko itagejejweho imyanzuro iyisaba kuva mu bice yafashe

    Umuyobozi w’umutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko batigeze bashyikirizwa imyanzuro y’abakuru b’ibihugu bayisaba kuva mu bice bya Congo yafashe. Umuyobozi wa M23 abitangaje nyuma y’iyo nama yahuje Abakuru b’ibihugu barimo Perezida wa Angola João Manuel Gonçalves Lourenço, Perezida wa RDC Félix-Antoine Tshisekedi, (...)



  • RDC yemeye ko umusirikare warasiwe mu Rwanda ari uwabo

    Ubuyobozi bw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokasi ya Congo bwasabye ko umurambo w’umusirikare wabo warasiwe mu Rwanda uzanwa muri Congo. Umuyobozi w’igisirikare cya Congo mu Karere ka 34 Maj Gen Mpezo Mbele Bruno yandikiye ishami rya EJVM asaba ko babafasha mu gikorwa cyo gucyura umurambo w’umusirikare wabo (...)



  • Uwarashwe yambaye imyenda y

    Rubavu: Itsinda rya EJVM ryasuye aharasiwe umusirikare

    Itsinda ry’ingabo za EJVM ryashyiriweho kugenzura imipaka ya Congo n’u Rwanda ryageze mu Mudugudu wa Gasutamo, Akagari ka Mbugangari mu Murenge wa Gisenyi aharasiwe umusirikare wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.



  • Umusirikare wa FARDC yarasiwe mu Rwanda

    Umusirikare w’ingabo za Congo (FARDC) yarasiwe ku butaka bw’u Rwanda mu masaha y’ijoro nyuma yo kurasa ku basirikare b’u Rwanda. Ni amakuru yemejwe n’ingabo z’u Rwanda zivuga ko uyu musirikare utahise amenyekana yaje arasa ku ngabo z’u Rwanda araraswa arapfa. Yarasiwe mu Mudugudu wa Gasutamo mu Kagari ka Mbugangari mu (...)



  • Impunzi z’Abanyekongo zajyanywe i Kijote muri Nyabihu

    Impunzi z’Abanyekongo bahungiye mu Rwanda imirwano ya M23 n’ingabo za Congo (FARDC), bajyanywe mu kigo cya Kijote mu Karere ka Nyabihu, ahasanzwe hakirirwa Abanyarwanda batahuka bavuye mu mashyamba ya Congo muri Kivu y’Amajyaruguru.



  • Ababyeyi batwite baributswa kwipimisha inshuro zose ziteganywa

    Ababyeyi batwite baributswa kwipimisha inshuro zose ziteganywa

    U Rwanda rwatangije icyumweru cyo kwita ku buzima bw’umwana n’umubyeyi, mu rwego rwo kurwanya gupfa k’umubyeyi abyara cyangwa umwana wapfa avuka, abatwite bakibutswa kwipimisha kwa muganga inshuro zose ziteganywa kugira ngo ibyo bigerweho.



  • Bamwe mu banyecongo bahungiye mu Rwanda

    Abarenga 100 bamaze guhungira mu Rwanda bava muri Congo

    Impunzi z’abanyecongo zirenga 100 zimaze kugera mu Rwanda zihunga imirwano ihuje abarwanyi ba M23 n’ingabo za Leta ya Congo FARDC.



  • Bifuza ko impamyabushobozi zabo zakwemerwa ku rwego rw

    Nyamasheke: Bifuza ko impamyabushobozi zabo zakwemerwa ku rwego rw’Igihugu

    Urubyiruko 4,000 rwo mu Karere ka Nyamasheke rwafashijwe kwiga imyuga itandukanye irufasha kwihangira imirimo, gusa impamyabushobozi bahawe ntabwo zemewe n’ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro (RTB), bakifuza ko bakorerwa ubuvugizi zikaba zakwemerwa kuko bibabangamiye.



  • Abanyekongo batangiye guhungira mu Rwanda

    Imiryango 33 igizwe n’abantu 89 baturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahungiye mu Rwanda nyuma y’uko imirwano ihuje abarwayi ba M23 n’ingabo za Congo (FARDC) ikomeje gufata indi ntera.



  • Rwamagana: Abakobwa bafite ubumuga bwo kutabona bahawe ibikoresho by’isuku

    Kujya mu mihango ku bakobwa si indwara. Umukobwa agomba kwitabira ishuri, gukina, kurya, kunywa no gukora ibindi, atabangamiwe n’uko yabuze ibikoresho by’isuku igihe yagiye mu mihango.



  • Abarwanyi ba M23 bambuye ingabo za FARDC igifaru i Rugari

    M23 biravugwa ko yafashe Kibumba, isatira Goma

    Amakuru akomeje guhererekanywa ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Ugushyingo 2022 aravuga ko abarwanyi ba M23 bafashe santeri ya Kibumba iri ku birometero 20 hafi y’Umujyi wa Goma.



  • Umwe mu bahawe telefoni agaragaza uko azajya ayikoresha

    Rubavu: Abakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka bahawe telefone zigezweho

    Abakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka mu Karere ka Rubavu, bahawe telefone zo gukoresha mu bucukuzi na mudasobwa zibafasha kubika amakuru yo gucunga umutungo, bagirwa inama yo kwitabira gukoresha ikoranabuhanga mu kumenyekanisha ibyo bacuruza, hamwe no mu guhererekanya amafaranga.



  • RDC yiseguye ku kuvogera ikirere cy’u Rwanda

    Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yavuze ku gikorwa cy’ubushotaranyi bwakozwe n’indege yayo y’intambara yazengurutse ikirere cy’u Rwanda mu Karere ka Rubavu ndetse ikagera ku kibuga cy’indege cya Rubavu.



  • Indege y’intambara ya DRC yavogereye ikirere cy’u Rwanda

    Kuri uyu wa Mbere tariki 7 Ugushyingo 2022, indege y’intambara ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), yavogereye ikirere cy’u Rwanda ndetse igwa ku kibuga cy’indege cya Gisenyi.



Izindi nkuru: