Abana b’abakobwa bo mu Karere ka Kayonza baravuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo cy’inda baterwa bakiri bato kuko zibicira ahazaza habo.
														
													
													Ubuyapani ngo buzakomeza gufatanya n’u Rwanda muri gahunda yo kwegereza amazi meza abaturage mu rwego rwo kurushaho kunoza isuku n’isukura.
														
													
													Bamwe mu batuye mu Karere ka Kayonza bahamya ko imirire mibi ikigaragara ku bana ari ingaruka z’imyumvire y’ababyeyi ikiri hasi.
														
													
													Ubuyobozi bw’Akarere ka Kayonza buravuga ko ikibazo cy’amazi abatuye mu Murenge wa Gahini bafite gishobora gukemuka mu gihe cya vuba.
														
													
													Abahinga mu Rukore ho mu kagari ka Kahi ko mu murenge wa Gahini i Kayonza ngo barammbiwe urugomo bakorerwa n’abashumba.
														
													
													Abaturage b’Akagari ka Juru mu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza baravuga ko imvune z’urugendo bakoraga bajya kwivuza zatumye biyubakira ivuriro.
														
													
													Abaturage b’Akarere ka Kayonza bafite amasambu hafi ya Pariki y’Akagera barasaba ubuyobozi kubemerera kujya bahinga imyaka inyamaswa z’iyo pariki zitona.
														
													
													Urwego rw’igihugu rushinzwe ubwikorezi ruravuga ko hafi kimwe cya kabiri cy’abahitanwa n’impanuka zo mu muhanda ari abanyamaguru bihitira batazigizemo uruhare.
														
													
													Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kayonza, Kiwanuka Musonera Ronald, avuga ko kuba Umujyi wa Kayonza ugifite ikibazo cy’amazi bibangamira ishoramari.
														
													
													Ihuriro ry’imiryango itegamiye kuri Leta (CCOAIB) rivuga ko abaturage bakwiye guhabwa urubuga mu bibakorerwa kugira ngo iterambere rirambye rishoboke.
														
													
													Bamwe mu batuye mu Karere ka Kayonza bavuga ko amananiza bashyirwaho muri Mituweri ari kimwe mu bituma ubwitabire butiyongera.
														
													
													Abatuye mu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza ngo barushijeho gukunda umuganda nyuma yo kwegukana igikombe ku rwego rw’igihugu.
														
													
													Abaturiye umuferege w’amazi wubatswe mu Mujyi wa Kayonza baravuga ko wakemuye ikibazo cy’amazi yabangirizaga ariko uteza icy’umutekano ku bana kuko udatwikiriye.
														
													
													Abatuye mu mujyi wa Kayonza baravuga ko bahangayikishijwe bikomeye n’abajura bamaze iminsi barayogoje uwo mujyi.
														
													
													Abacururiza mu isoko rya Kabarondo mu karere ka Kayonza bavuga ko baguye mu gihombo nyuma yo kwimurwa ngo ribanze risanwe.
														
													
													Imiryango itegamiye kuri leta [NGOs] ikorera mu karere ka Kayonza irasabwa kunyura mu buyobozi mbere y’uko itangira ibikorwa byayo.
														
													
													Abatuye i Matinza mu kagari ka Nkondo mu murenge wa Rwinkwavu, karere ka Kayonza barasaba ubuvugizi ngo babone amashanyarazi.
														
													
													Koperative Abishyize Hamwe Housing Cooperative (AHC) ikorera mu murenge wa Mukarange yasaniye umuturage utishoboye inzu yari yaratangiye kumugwira.
														
													
													Abarwayi bavurwa n’Ibitaro bya Gahini i Kayonza ntibishyure ngo babishyira mu gihombo cy’amafaranga agera kuri miliyoni ebyiri buri kwezi.
														
													
													Abaturage bo mu karere ka Kayonza bavuga ko bahangayikishijwe bikomeye n’icyatsi cyitwa “Kurisuka” kinyunyuza amasaka n’ibigori bikuma bitarera.
														
													
													Ubuyobozi bwa Pariki y’Akagera bufite imbwa zigera ku munani zizifashishwa mu guhangana na ba rushimusi bajyaga bahiga inyamaswa zayo.
														
													
													Abahingaga mu gishanga cya Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza ngo bafite inzara baterwa no kuba barabujijwe kugihingamo kugira ngo gitunganywe.
														
													
													Abatuye mu murenge wa Mwili mu karere ka Kayonza bavuga ko kubona amazi byababereye nko kubonekerwa nyuma y’igihe kirekire batayagira.
														
													
													Bamwe mu bagore bo mu Murenge wa Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza bari mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro basanga abagore bakwiye gutinyuka na bo bagashora imari mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro kuko ari hamwe mu hasigaye hava inyungu nyinshi.
														
													
													Abaturage baturiye igishanga cya Gacaca cyo mu Murenge wa Murundi mu Karere ka Kayonza barasaba ingurane z’ubutaka bwabo bwakoreshejwe ubwo igishanga cya Gacaca cyatangiraga gutunganywa mu myaka itatu ishize.
														
													
													Abakoreye amakomini yahindutse Akarere ka Kayonza barasaba ubuyobozi bw’akarere kubishyura ibirarane by’imishahara yabo batishyuwe.
														
													
													Abaturage bo mu Karere ka Kayonza bonewe n’inyamaswa zo muri Pariki y’Akagera barinubira guhora basinyishwa ngo bagiye guhabwa indishyi z’ibyo bonewe n’izo nyamaswa ariko ntibazihabwe.
														
													
													Abaturage bo mu Mudugudu wa Rukore mu Kagari ka Kahi ko mu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza barasaba inzego z’ubuyobozi kubakiza urugomo rw’abashumba kuko ngo iyo bahinze imyaka abashumba bayahuramo inka itarera, kandi nyir’imyaka yavuga bakamukubita.
														
													
													Umusaza witwa Sayinzoga Selesitini wo mu kagari ka Buhabwa ko mu murenge wa Murundi avuga ko umuganura ukwiye kubera Abanyarwanda b’iki gihe ikimenyetso cy’ubumwe n’igihango Abanyarwanda bo hambere bari bafitanye mbere y’umwaduko w’abazungu.
														
													
													Inzego z’umutekano zirasaba abaturage bo mu kagari ka Kabura ko mu murenge wa Kabarondo mu karere ka Kayonza gukorana na zo mu rwego rwo guhashya Kanyanga yakunze kuvugwaho kuba intandaro y’umutekano muke muri ako kagari.