Nyuma y’umwuka mubi umaze iminsi uvugwa muri Rayon Sports, abatoza batatu bahagaritswe igihe kitazwi
Mu mpera z’iki cyumweru habaye imikino yo kwibuka abari abakinnyi, abatoza, abayobozi ndetse n’abakunzi b’imikino itandukanye bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Mu mukino wa nyuma w’ikirarane, APR na Police Fc zinganyije 1-1, As Kigali ikomeza kuyobora urutonde rw’agateganyo
Mu mpera z’iki cyumweru haraba hakinwa imikino yiganjemo iy’amaboko, aho mu mupira w’amaguru kugeza ubu hataratangazwa igihe iyi mikino izabera.
Ikipe ya Rayon Sports yatakaje andi mahirwe yo gukomeza kwiruka ku gikombe cya Shampiona, nyuma yo gutsindwa n’Amagaju ibitego 2-1
Mu irushanwa rya CECAFA y’amakipe rigomba kubera muri Tanzania, Rayon Sports yashyizwe mu itsinda ririmo Gor Mahia na LLB zose baheruka gukina
Abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare bari barerekeje muri Cameroun baraye bageze i Kigali mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere, aho banegukanye iri siganwa
Umunyarwanda Emery Bayisenge wakinaga muri Maroc, yerekeje mu ikipe ya USM Alger yo muri Algeria, aho biteganyijwe ko azasinya amasezerano kuri uyu wa Kabiri
Mu mpera z’iki cyumweru mu Rwanda, icyavuzwe cyane ni Bonaventure Uwizeyimana wegukanye Tour du Cameroun, mu pira w’amaguru Rayon Sports iratakaza imbere ya Police Fc
Intare Fc yaraye isezereye ikipe ya Unity Fc y’i Gasogi, umutoza Rubona Emmanuel avuga ko imbaraga bazitewe n’amagambo yavuzwe mbere y’umukino
Mu isiganwa ryaberaga muri Cameroun, Umunyarwanda Bonaventure Uwizeyimana arisoje ari we uri ku mwanya wa mbere ku rutonde rusange
Mu mukino w’ikirarane wahuje Rayon Sports na Police Fc, urangiye amakipe yombi anganya igitego 1-1 kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Umunyarwanda Bonaventure Uwizeyimana niwe ukomeje kuyobora isiganwa ribera muri Cameroun, aho ayoboye urutonde rusange kugeza ubu.
Igitego cya Mugisha Gilbert cyahaye Rayon Sports amanota atatu imbere ya AS Kigali, mu mukino w’ikirarane wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Amakipe ahatanira kudasubira mu cyiciro cya kabiri akomeje kwiyongera, aho kugeza ubu amakipe atandatu yose arebeye nabi ebyiri zamanuka mu cyiciro cya kabiri
Nyuma y’ikibazo cy’amikoro cyavuzwe mu ikipe ya Miroplast, iyi kipe ngo irateganya kwandikira ubuyobozi bwa Ferwafa isezera muri Shampiona y’uyu mwaka
Impera z’iki cyumweru gishize, zisize ikipe ya Mukura naKiyovu zitakaje, Miroplast ibura ku kibuga, naho APR BBC na REG zegukana irushanwa mpuzamahanga ryo kwibuka
Ikipe ya Miroplast ibuze ku kibuga mu mukino wagombaga kuyihuza na Rayon Sports kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ku munsi wa 25 wa shampiyona y’umupira w’amaguru m’u Rwanda,mu mikino umwe wabaye kuri uyu wa kane wahiriye APR FC nyuma yo gusura Musanze FC ikayitsinda ibitego 2-1.
Mu mpera z’iki cyumweru hateganyijwe imikino itandukanye, aho ikipe y’igihugu y’amagare ariyo yonyine irihanze y’u Rwanda
Kayiranga Baptiste yamaze kwerekeza mu ikipe ya Alliance Sports Club yo mu cyiciro cya mbere muri Tanzania
Ikipe ya Rayon Sports yongeye gushimisha abafana, ubwo yatsindaga Etincelles ikanayisezerera mu gikombe cy’Amahoro kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Mu mukino w’umunsi wa 24 wa Shampiona, Kiyovu ku Mumena ihanyagiriye AS Kigali ibitego 4-1, iyibuza gufata umwanya wa mbere
Nyuma y’aho ikipe y’igihugu ya Handball yakiriwe muri Gare ya Nyabugogo, MINISPOC iratangaza ko yiteguye kuyishyigikira mu marushanwa bafite imbere
Imikino itarakiniwe igihe muri Shampiona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, yamaze gushyirwa muri Kamena 2018, mu nama yahuje abayobozi b’amakipe
Mu irushanwa rya Handball rihuza ibihugu bigize akarere ka Gatanu, u Rwanda rutsinze Uganda rwegukana igikombe
Mu isiganwa mpuzamahanga ryitiriwe amahoro ryabereye mu Rwanda, Nyirarukundo Salome na Hitimana Noel biegukanye imyanya ya mbere mu gice cya Marathon
Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 yasezerewe na Zambia, mu guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika kizabera muri Niger umwaka utaha.
Uwizeyimana Bonaventure ukinira ikipe ya Benediction Club yegukanye isiganwa ry’amagare ryiswe ”Farmers Circuit.”