Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi Haruna na AS Kigali yamaze kubona ibyangombwa bikuraho inzitizi zatumaga adakina imikino mpuzamahanga.
Mu mukino wa Sitting Volleyball y’abafite ubumuga, u Rwanda rwatsinze umukino wa kane mu mikino nyafurika iri kubera mu Rwanda (Para Volley Africa Sitting Volleyball Championships 2019).
Abafana b’ikipe y’umupira w’amaguru ya Mukura Victory Sports, baravuga ko ikipe yabo yihesheje agaciro na bo ikakabahesha nk’abafana.
Mu mukino wa nyuma w’irushanwa ry’Agaciro, Mukura itsinze Rayon Sports ibitego 2-1 yegukana igikombe
Mu mukino wo guhatanira umwanya wa gatatu wabereye kuri Stade Amahoro, Police FC itsinze APR igitego 1-0
Mu mukino ubanza wa CAF Confederation Cup, AS Kigali inganyije na Proline igitego 1-1 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ikipe ya Rayon Sports yageze ku mukino wa nyuma w’irushanwa ry’Agaciro itsinze Police Fc kuri Penaliti
Mu mukino wa mbere w’irushanwa ry’Agaciro, APR itsinzwe na Mukura kuri Penaliti nyuma yo kunganya 2-2.
Mbere y’umukino wa Confederation Cup uzahuza AS Kigali na Proline ku munsi w’ejo kuwa gatandatu 14 Nzeri 2019, Nlog Makoun Umunyakameroni ukinira AS Kigali nyuma yo kubona ibyangombwa, yahigiye guca umuhigo wa Rayon Sports ageza kure iyi kipe mu mikino nyafurika.
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Mashami Vincent, yahamagaye abandi bakinnyi 11 bagomba gutegura umukino wa Ethiopira wo gushaka itike ya CHAN
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ikoreye amateka kuri Seychelles iyitsinda 7-0 mu mukino wo kwishyura w’amajonjora y’igikombe cy’isi, aho Amavubi ahigitse iyi kipe ayitsinze ibitego 10-0 mu mikino yombi.
Polisi y’u Rwanda yitwaye neza mu mikino njyarugamba ya Taekwondo yaberaga i Kigali, itsindira imidali umunani harimo itandatu ya zahabu.
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, Amavubi, itsinze Seychelles ibitego bitatu ku busa (3-0) mu mukino ubanza w’amajonjora y’igikombe cy’isi cya 2022 kizakinirwa muri Qatar.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mupira w’amaguru imaze gukora imyitozo ya nyuma, kuri Stade Linite izaberaho umukino wayo na Seychelles kuri uyu wa Kane.
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Amavubi, ymaze kugera mu birwa bya Seychelles, aho bagomba gukina nayo kuri uyu wa Kane
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru n’abakinnyi bose b’amakipe abiri y’umupira w’amaguru yo muri iyo ntara bagiriye uruzinduko ku ngoro y’Amateka y’Urugamba rwo kubohora u Rwanda, batahana intego yo guharanira intsinzi.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ubu irabarizwa mu mujyi wa Nairobi, aho ihaguruka mu ijoro yerekeza Seychelles
Umutoza w’ikipe y’igihugu Mashami Vincent yatangaje urutonde rw’abakinnyi 20 bagomba kwerekeza muri Seychelles mu rukererra rwo kuri uyu wa Kabiri
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Mukura ibitego 3-0, yegukana igikombe cyitiriwe Padiri Fraipont Ndagijimana washnze HVP Gatagara
Mu gitondo cyo ku wa 31 Kanama 2019, umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza, yitabiriye umuhango wo gusoza amarushanwa ya EAPCCO yaberaga muri Kenya. EAPCCO ni amarushanwa ahuza amakipe atandukanye ya Polisi y’ibihugu byibumbiye mu muryango wo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba.
Ikipe ya Polisi y’u Rwanda ikina umukino njyarugamba uzwi ku izina rya Karate yitwaye neza mu marushanwa ahuza amakipe y’ibihugu bihuriye mu muryango w’Akarere k’Iburasirazuba bwa Afurika (EAPCCO).
Guhera tariki 06 kugera tariki 08/09/2019, mu Rwanda harabera irushanwa rya Taekwondo ryitiriwe Ambasaderi wa Koreya, rikaba rigiye kuba ku nshuro ya karindwi
Nyuma y’umunsi umwe ikipe ya APR Fc itangaje ko itazakina irushanwa AGACIRO FOOTBALL TOURNAMENT 2019, yamaze gutangaza ko byahindutse izitabira iri rushanwa
Ku mukino uzahuza ikipe ya Rayon Sports na Mukura VS kuri iki Cyumweru, ufite inoti y’igihumbi azabasha kureba uyu mukino wo Padiri Fraipont Ndagijimana
Ikipe ya APR FC yamaze ko itazitabira irushanwa ngarukamwaka "AGACIRO FOOTBALL TOURNAMENT", kubera imvune ndetse n’abakinnyi ifite mu Mavubi
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Mashami Vincent amaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi batangira kwitegura umukino wa Seychelles
Ikipe ya Rayon Sports isezerewe na Al Hilal yo muri Sudani nyuma yo kunganya ubusa ku busa muri Sudani
I Rubavu mu Burengerazuba bw’u Rwanda hasojwe igikombe cy’isi cya Volleyball, aho mu bagore cyegukanywe n’Abaholandi naho mu bagabo cyegukanwa n’Abayapani.
Ikipe ya AS Kigali itsinze KMC ibitego 2-1, ihita inayisezerera mu mikino ya CAF Confederation Cup
Mu mikino ya gisirikare iri kubera i Nairobi muri Kenya, ikipe y’ingabo z’u Rwanda yegukanye igikombe mu mupira w’amaguru