Abaturage bo mu Murenge wa Butare muri Rusizi, bishimiye ko ibyifuzo bagejeje ku ntumwa za rubanda byasubijwe, bakaba bagiye kugaragaza icyabari ku mutima.
Abayobozi bo mu turere twa Rusizi na Nyamasheke barasabwa gufatanya n’abaturage kugira ngo amatora yose yitegurwa azagende neza.
Bamwe mu bana bo mu kibaya cya Bugarama mu Karere ka Rusizi, bavuga ko iwabo babasaba gucuruza mu gihe cy’ibiruhuko.
Bamwe mu bafite ubumuga bo mu Karere ka Rusizi barasaba bagenzi babo bagisabiriza kubireka bakihesha agaciro, bihangira imirimo ibasha kubatunga.
Umukobwa witwa Ruth Ndacyayisenga yatomboye miliyoni mu irushanwa rya Tigo, nyuma y’ibyumweru bitatu gusa atangiye gukoresha umurongo wayo.
Abanyarwanda 72 batashye mu Rwanda kuri uyu wa 1/12/2015 bahungutse muri Congo, bakaba bakiriwe mu nkambi ya Nyagatare iherereye mu Karere ka Rusizi.
Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo ufite isoko ryo gutwara abakozi b’Akerere ka Rusizi baravuga ko bamaze imyaka 3 barambuwe Miliyoni 15.
Bamwe mu bagore bo mu Murenge wa Giheke mu karere ka Rusizi baravuga ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina risenya ingo zabo.
Bamwe mu baturage baturiye Imirenge y’ikibaya cya Bugarama mu karere ka Rusizi baravuga ko uburwayi bwari bwarabazahaje bwabonewe umuti.
Abaturage bo mu Murenge wa Rugarama mu Karere ka Rusizi bamaze imyaka itatu bishyuza umurenge amafaranga yabo ariko amaso yaheze mu kirere.
Abimuriwe ku umusozi wa Kibangira mu murenge wa Bugarama muri Rusizi bahunga amanegeka, baravuga batarongera kubona inkunga bahabwaga na Leta.
Abaturage bimuwe mu manegeka bo mu mirenge ya Muganza na Bugarama baravuga ko amazu bubakiwe ari kubasenyukiraho bagacumbikirwa n’abaturanyi babo.
Abayobozi b’imijyi yo mu bihugu bigize akarere k’ibiyaga bigari, barasuzuma uburyo bakuraho imbogamizi zigaragara mu buhahirane bw’abaturiye imipaka.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Butare mu Karere ka Rusizi Nsengimana Claver nawe yanditse asaba kwegura ku mirimo ya Leta.
Abaturage baturiye umupaka wa Rusizi ya mbere na Bukavu bakomeje kwibaza impamvu ikiraro gishya gihuza ibihugu byombi kidakoreshwa kandi cyaruzuye.
Abaturage bo ku kirwa cya Nkombo mu Karere ka Rusizi baravuga ko abana babo barwara bwaki kubera kutitwabwaho n’ababyeyi bombi.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi buvuga ko mu bihugu bya Congo n’u Burundi hakiri ababiba amacakuburi mu bihugu by’ibiyaga bigari bagamije kubayobya.
Abagera kuri 400 bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda barifuza guhuzwa nabo bahemukiye kugira ngo babasabe imbabazi.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi buratangaza ko nta koperative y’icyitegererezo n’imwe igaragara muri buri murenge, bigatuma urubyiruko rwaho rutaka ubukene.
Abitandukanyije n’umutwe w’inyeshyamba za FDLR barasaba bagenzi babo guhumuka bakava mu buyobe bamazemo imyaka 21 bazerera mu mashyamba ya Congo.
Abaturage 90 bo mu murenge wa Bweyeye mu karere ka Rusizi baravuga ko bambuwe n’Akarere Miliyoni 7 zisaga ku muhanda bakoraga.
Inkuba yakubise ishuri ribanza rya Nyagatare mu murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi, umwana umwe yitaba imana abandi barahungabana.
Abitandukanjije n’abacengezi bo mu Turere twa Rusizi na Nyamasheke, baravuga ko batazongera kwibona mu moko yatandukanyije Abanyarwanda.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi burasaba abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge n’utugari ibisobanuro ku nka zo muri Gira inka zambuwe abaturage batishoboye.
Bamwe mu banyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge y’Akarere ka Rusizi bimuwe mu mirenge bari barimo bajyanwa kuyobora indi mirenge ku mpamvu zitandukanye
Mu gutahuka kwa bamwe mu banyarwanda babaga muri Congo bemeza ko abasize bakoze Jenoside 1994 babuza bagenzi babo gutaha.
Abakora akazi k’ubucuruzi bw’amata muri Kongo (RDC ) bayakuye mu Rwanda barasabwa kwita ku buziranenge bwayo kugira ngo atazagira uwo ahumanya.
Ubuyobozi bwa Pariki y’Igihugu ya Nyungwe buravuga ko ba rushimusi muri iyi parike bamaze kwica inyamaswa 87 mu mezi umunani.
Abaturage 81 bo mu murenge wa Nkombo mu karere ka Rusizi baravuga ko bamaze imyaka itanu barambuwe miliyoni enye n’uwabakoreshaga.
Bamwe mu baturage batuye mu byaro by’Akarere ka Rusizi baravuga ko igihingwa cy’ibihumyo kizabafasha kugabanya imirire mibi iboneka mu bana.