MENYA UMWANDITSI

  • Abaturage bafashwa kubona amashyiga avuguruye ku giciro gito bunganiwe

    Abahawe amashyiga avuguruye bunganiwe barishimira impinduka mu buzima bwabo

    Mu rwego rwo kugabanya ikoreshwa ry’inkwi n’amakara mu guteka no kurengera ibidukikije, hatangijwe umushinga ukwirakwiza mu baturage amashyiga avuguruye arondereza ibicanwa ndetse n’andi akoresha ibicanwa bitari inkwi n’amakara.



  • Barebeye hamwe uko Bugesera yakwihuta mu iterambere

    Inzego zitandukanye zirimo ubuyobozi bw’inzego za Leta, izihagarariye abikorera, abashoramari, ndetse n’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere ka Bugesera, biyemeje kurebera hamwe ibikenewe kugira ngo Akarere ka Bugesera kabyaze umusaruro amahirwe gafite, kihute mu iterambere.



  • Gasabo: Muri Jabana barishimira iterambere umugore wo mu cyaro agezeho

    Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore wo mu cyaro ku rwego rw’Akarere ka Gasabo wizihirijwe mu Murenge wa Jabana mu Kagari ka Bweramvura. Ibirori byo kwizihiza uyu munsi byitabiriwe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Wungirije ushinzwe Ubukungu n’Imibereho y’abaturage, Urujeni Martine, na Depite Ndangiza Madine wari Umushyitsi Mukuru.



  • Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri

    Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Ukwakira, yayoboye inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, haganirwa ku ngingo zitandukanye zigamije kwihutisha impinduka mu mibereho n’ubukungu bw’Igihugu.



  • Akarere ka Gasabo hamwe n

    Pro-Femmes yatanze Miliyoni 51Frw zizafasha abazunguzayi 660

    Impuzamiryango Pro-Femmes Twese Hamwe yatanze inkunga y’amafaranga y’u Rwanda angana na Miliyoni 51Frw azakoreshwa nk’igishoro cy’abacururizaga mu muhanda(bazwi nk’abazunguzayi), mu rwego rwo kubarinda gusubirayo.



  • Umushoferi yafatiwe mu cyuho aha ruswa Umupolisi

    Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rwamagana, tariki ya 7 Ukwakira 2022, yafashe uwitwa Gashema Tumani ufite imyaka 49 y’amavuko, ukurikiranyweho kugerageza guha ruswa umupolisi ingana n’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi mirongo irindwi (70,000 Frw) kugira ngo imodoka ye ihabwe icyangombwa cy’ubuziranenge.



  • #COVID19: Abanduye batatu babonetse mu bipimo 2,071

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 08 Ukwakira 2022 mu Rwanda habonetse abantu batatu banduye Covid-19, bakaba barabonetse mu bipimo 2,071.



  • Aho amashanyarazi ageze batandukana n

    Ingo zifite amashanyarazi ziyongereyeho hafi 8% mu mwaka umwe

    Raporo y’ibikorwa by’umwaka w’ingengo y’imari wa 2021/2022 ya Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) yerekana ko umwaka warangiranye n’ukwezi kwa Kamena 2022, wasize ingo zigera ku 243,992 zihawe amashanyarazi yaba afatiye ku muyoboro rusange ndetse n’akomoka ku mirasire y’izuba.



  • #COVID19: Umuntu umwe wanduye yabonetse mu bipimo 1,500

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 07 Ukwakira 2022 mu Rwanda habonetse umuntu umwe wanduye Covid-19, akaba yabonetse mu bipimo 1,500.



  • Mu mpera z’iki cyumweru umuriro uraka mu mupira w’amaguru

    Binyuze kuri dekoderi ya Startimes, abakunzi ba ruhago y’u Rwanda, Afurika no ku mugabane w’u Burayi, muri iki cyumweru guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 07/10/2022 nta rungu bagira kuko babasha gukurikirana imikino itandukanye y’amakipe yo mu Rwanda inyura kuri Magic Sports TV CH 265 & CH 251 ( Dish) shene usanga kuri (…)



  • #COVID19: Abanduye babiri babonetse mu bipimo 2,582

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku Cyumweru tariki 02 Ukwakira 2022 mu Rwanda habonetse abantu babiri banduye Covid-19, mu bipimo 2,582 byafashwe, abo bantu babiri bakaba babonetse i Kigali.



  • #COVID19: Mu Rwanda abanduye babiri babonetse mu bipimo 1,347

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 29 Nzeri 2022 mu Rwanda habonetse abantu babiri banduye Covid-19, mu bipimo 1,347 byafashwe.



  • #COVID19: Abanduye babiri babonetse mu bipimo 1,243

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 28 Nzeri 2022 mu Rwanda habonetse abantu babiri banduye Covid-19, mu bipimo 1,243 byafashwe.



  • Bamwe mu bakozi ba Prison Fellowship Rwanda basuye ingoro ndangamurage y

    Ni ngombwa ko dutoza abakiri bato indangagaciro z’ubumwe, gukunda Igihugu no kucyitangira – Bishop Gashagaza

    Umuyobozi Mukuru w’Umuryango Prison Fellowship Rwanda, ugamije kwimakaza amahoro, ubumwe n’ubwiyunge, Bishop Gashagaza Deogratias, asanga imbaraga z’urubyiruko uyu munsi ari umusanzu ukomeye wo gukomeza gusigasira ibyagezweho, no kubaka Igihugu kitajegajega.



  • Ibice byinshi by

    Ingo zifite amashanyarazi mu Rwanda ubu zirarenga miliyoni ebyiri

    Imibare itangazwa na Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) irerekana ko ubu ingo zifite amashanyarazi mu Rwanda zamaze kugera kuri miliyoni ebyiri, ubariyemo izifite amashanyarazi afatiye ku muyoboro rusange ndetse n’izifite amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba n’andi afatiye ku nganda nto zitari ku muyoboro rusange.



  • Niyonsaba David, Umuyobozi Mukuru w

    Kigali: Abana baganirijwe ku kamaro ko kurengera ibidukikije kugira ngo batangire kubyitaho bakiri bato

    Abana biga ku bigo bitandukanye byo muri Kigali, tariki 24 Nzeri 2022 bahuriye ku cyicaro cy’umuryango witwa Prime Biodiversity Conservation, giherereye mu Karere ka Kicukiro, berekwa filimi, bahabwa n’ibiganiro byose bigamije kubatoza kugira uruhare mu kubungabunga ibidukikije bakiri bato mu rwego rwo gutegura Isi yabo (…)



  • #COVID19: Abantu babiri banduye babonetse mu bipimo 1,870

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 23 Nzeri 2022 mu Rwanda habonetse abantu babiri banduye Covid-19, mu bipimo 1,870 byafashwe.



  • Uko ikoranabuhanga rya ‘Urubuto’ rifasha ababyeyi gukurikirana imyigire y’umwana

    Ababyeyi bakunze kugaragaza impungenge iyo bigeze mu gihe cyo kwishyura amafaranga y’ishuri y’umwana kuko bitwara iminsi no kugaragaza icyifuzo cyo gukurikirana imibereho yabo ku mashuri.



  • Babyeyi, ntimugire impungenge zo kubura ibikoresho cyangwa amafaranga by’ishuri

    Buri mubyeyi aho ava akagera aharanira ko umwana we agira ubuzima bwiza, akiga nta nkomyi. Babyeyi, muri iki gihe cy’itangira ry’amashuri ntimuhangayikishwe no kubura ibikoresho cyangwa amafaranga by’ishuri.



  • #COVID19: Umuntu umwe wanduye yabonetse mu bipimo 1,928

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 20 Nzeri 2022 mu Rwanda habonetse umuntu umwe wanduye Covid-19, mu bipimo 1,928 byafashwe.



  • Gicumbi: Imiryango 781 yasezeranye imbere y’amategeko

    Imiryango 173 yasezeranye imbere y’amategeko mu Murenge wa Rushaki ,mu Karere Ka Gicumbi ubwo hatangizwaga ibikorwa byimakaza Ihame ry’Uburinganire no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina (Gender Accountability Day ) mu Nteko y’Abaturage idasanzwe.



  • Gukora ku nsinga z

    Abantu barasabwa kwirinda gukinisha no gukora ku nsinga z’amashanyarazi

    Uko u Rwanda rugenda rukataza mu iterambere, ni na ko amashanyarazi agezwa henshi no kuri benshi, haba mu mijyi ndetse no mu byaro. Ubu ingo zisaga 73% zifite amashanyarazi.



  • #COVID19: Umuntu umwe wanduye yabonetse mu bipimo 2,131

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 16 Nzeri 2022 mu Rwanda habonetse umuntu umwe wanduye Covid-19 akaba yabonetse mu bipimo 2,131.



  • Ibiciro byamanuwe

    Birashyushye kuri StarTimes: Ibiciro bya Flat Screen TV 32" na 43"TV byongeye kugabanuka !!

    Ubu televiziyo (TV) ya Pousse 32” iragura amafaranga Frw 162,000 yonyine, ni mu rwego rwo gufasha no korohereza buri muntu wese ubyifuza gutunga televiziyo ya Flat. Kuri ubu StarTimes bayiguhana na Decoderi y’udushami (DTT) irimo abonema y’ukwezi ureba shene zose ku buntu.



  • Abagore basinyanye imihigo n

    Abagore bo mu Mujyi wa Kigali bahize kurwanya ubuzererezi

    Abagore bagize Inama y’Igihugu y’Abagore ku rwego rw’Umujyi wa Kigali bahize gukemura ikibazo cy’ubuzererezi bw’abana hakemurwa amakimbirane kuko ari yo ateza ibyo bibazo. Ni ibyatangarijwe mu Nama Rusange y’Inama y’Igihugu y’Abagore ku rwego rw’Umujyi wa Kigali yabaye tariki ya 11/9/2022, yitabiriwe na komite ihagarariye (…)



  • #COVID19: Umuntu umwe yabonetse mu bipimo 2,331

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 13 Nzeri 2022 mu Rwanda habonetse umuntu umwe wanduye Covid-19, akaba yabonetse mu bipimo 2,331.



  • Polisi y’ u Rwanda yasezeye ku bapolisi bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru

    Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 13 Nzeri 2022, Polisi y’u Rwanda, yasezeye ku mugaragaro ku bapolisi 155 bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru mu muhango wabereye ku cyicaro cya Polisi y’u Rwanda, giherereye ku Kacyiru.



  • #COVID19: Abantu 8 banduye babonetse mu bipimo 2,067

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 07 Nzeri 2022 mu Rwanda habonetse abantu 8 banduye Covid-19 bakaba barabonetse mu bipimo 2,067.



  • Umuhuzabikorwa w

    Kicukiro: Abagore biyemeje kugaragaza uruhare rufatika mu kubaka umuryango utekanye

    Abagize Inama y’Igihugu y’Abagore mu Karere ka Kicukiro basanga umugore aramutse akoresheje uko bikwiye imbaraga afite mu muryango, byinshi mu bibazo biwugarije byakemuka. Ibi babigarutseho ubwo bari mu nama rusange y’Inama y’Igihugu y’abagore iterana rimwe mu mwaka n’ikindi gihe bibaye ngombwa.



  • Mu kwezi kwa Kanama abantu 8 barafashwe bakekwaho kwiba amashanyarazi

    Mu mukwabu wo kurwanya ubujura bw’amashanyarazi ukorwa buri gihe na Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) ifatanyije n’Inzego z’umutekano ndetse n’abaturage, mu kwezi kwa Kanama 2022, abantu 8 barafashwe bakekwaho kwiba amashanyarazi mu ngo abandi bakekwaho kwiba ibikoresho by’amashanyarazi.



Izindi nkuru: