Babyeyi, ntimugire impungenge zo kubura ibikoresho cyangwa amafaranga by’ishuri

Buri mubyeyi aho ava akagera aharanira ko umwana we agira ubuzima bwiza, akiga nta nkomyi. Babyeyi, muri iki gihe cy’itangira ry’amashuri ntimuhangayikishwe no kubura ibikoresho cyangwa amafaranga by’ishuri.

Mushobora kugana ishami ribegereye rya Banki ya Kigali rikabafasha kubona byihuse inguzanyo bwite (Personal Loans) cyangwa avanse ku mushahara bityo mukabasha kugura ibikoresho no kwishyura amafaranga y’ishuri.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Mwiriwe,komuvuze kugana BK kuri Avanse kubatagira akazi se iyi Message irabareba?ubwo byaba bireba abakozi rubanda rugufi ntibarimo

Aima yanditse ku itariki ya: 22-09-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka