Shampiyona y’u Budage yari yarahagaritswe na COVID-19 igiye gusubukurwa mu cyumweru gitaha, imikino yose ikazerekanwa kuri StarTimes gusa.
Bamwe mu bakinnyi b’umupira w’amaguru mu Rwanda bararira ayo kwarika nyuma yo kumenya ko umwaka w’imikino 2019/2020 wahagaritswe kugera mu kwezi kwa Nzeri uyu mwaka wa 2020.
Rutahizamu w’Amavubi na Petro Atletico de Luanda, avuga ko umwaka wa mbere muri Shampiyona ya Angola, ariko yiteguye kugira umwaka mwiza uzakurikira
Rutahizamu w’Ikipe ya Sunrise Omovire Babua Samson yasezeye mu ikipe ya Sunrise nyuma y’imyaka ine yari amaze akinira iyi kipe yo mu Burasirazuba bw’u Rwanda.
Mu Rwanda hamaze iminsi humvikana amakipe ahagarika amasezerano y’abakozi kubera icyorezo cya Covid-19. Iheruka guhaharika amasezerano ni Heroes FC.
Mu nama yahuje amashyirahamwe y’imikino yose yo mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri, yafashe ingamba zijyanye n’imyitozo rusange ndetse n’amarushanwa.
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’uRwanda Amavubi Tuyisenge Jacques, yavuze ku mpamvu abakinnyi b’abanyarwanda bashobora kujya gukina hanze ntibanahatinde, anabagira inama.
Abakinnyi n’abayobozi b’Ikipe ya REG Volleyball Club baratangaza ko batiyumvisha uburyo bari ku mwanya wa kabiri ku rutonde rwa shampiyona kandi barusha amanota Gisagara VC amanota menshi.
Komite Nyobozi ya Ferwafa yemeje ko umwanzuro izaha CAF ku bijyanye n’isozwa ry’amarushanwa ya 2019/2020 uzashingira ku byemezo by’inama y’abaminisitiri
Umukinnyi ukomoka muri Republika iharanira Demokarasi ya Congo byari byaravuzwe ko yapfuye muri 2016, yagaragaye ari muzima mu Budage.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryafashe umwanzuro wo kuba riretse guha CAF umwanzuro w’uko umwaka w’imikino 2019/2020 uzasozwa.
Ikipe ya Rayon Sports ni yo kipe ikurikirwa n’abantu benshi mu Rwanda, mu makipe 16 yose akina mu cyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru
Imikino itandukanye mu buryo bw’imikinire, amategeko, imipira ikinwa ndetse n’ibindi bikoreshwa mu kibuga nk’inkweto, imyenda bambara ndetse n’amategeko . Mu kibuga cy’umukino uwo ari wo wose hagomba kuba umukinnyi uyoboye abandi ari we Kapiteni ugomba kugira ikirango kimugaragaza kikamutandukanya n’abandi.
Ikipe ya Bugesera na Rayon Sports ni yo makipe kugeza mu cyiciro cya mbere arusha andi kuba yaratojwe n’abatoza benshi mu myaka itatu ishize.
Umutoza w’Ikipe ya UTB VC, Nyirimana Fidele asanga impamvu abatoza bagitangira gutoza badahirwa n’uyu mwuga ari uko bibanda gutoza amakipe yo mu Mujyi wa Kigali gusa.
Ikipe ya Rayon Sports iheruka kwirukana Michael Sarpong yemeye gutandukana nawe mu bwumvikane, imwishyura umushahara n’ibindi yamugomabaga
Amakipe agize shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Angola, yemeje ko iyi shampiyona iseswa ntihagire ikipe ihabwa igikombe.
Ikipe ya Gor Mahia yahawe igikombe cya shamipiyona ya Kenya 2019/2020 Kubera icyorezo cya Coronavirus cyahagaritse imikino.
Amakipe ya Gicumbi na Heroes ari mu makipe ashobora gusubira mu cyiciro cya kabiri, atangaza ko yiteguye kuba yakina shampiyona igasozwa mpaka hamenyekanye izimanuka
Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Bwongereza (Premier League) yasabwe kubuza abakinnyi n’anadi barimo abatoza gucira mu kibuga, ufashwe akazajya ahanishwa kwerekwa ikarita y’umuhondo.
Nyirakuruza w’umunya-Espagne Cesc Fabregas ufite imyaka 95 y’amavuko yakize icyorezo cya Coronavirus
Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA) rivuga ko nyuma y’icyumweru kimwe rizafata icyemezo ku gihe imikino ishobora kuzakomereza.
Ubukwe ni ikimenyetso gihamya urukundo hagati y’abantu babiri baba biyemeje kubana akaramata. Buri wese bitewe n’urwego ariho agira uko abutegura, cyane ko aba ari umunsi udakunze kuboneka mu buzima kuko umuntu akenshi aba yemerewe gukora ubukwe inshuro imwe mu buzima.
Impuzamashyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika CAF, yandikiye amashyirahamwe yose y’umupira w’amaguru muri Afurika, babasaba gutangaza ingamba zafashwe mu gusoza umwaka w’imikino.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Zambia bivugwa koriri hafi gufata umwanzuro wo kugabanya umubare w’abanyamahanga bakina shampiyona, bishobora kuzagora amakipe menshi
Myugariro wa Rayon Sports akaba na Kapiteni wungirije muri iyo kipe, Irambona Eric na hamwe na Buteera Andrew, umukinnyi ukina hagati muri APR FC ni bo bakinnyi bamaze igihe kinini mu makipe yabo aho bamazemo imyaka umanani.
Umwe mu basizi bakomeye babayeho mu Rwanda ari we Nyakayonga ka Musare mu gisigo cye yigeze kuvuga ko ‘ukwibyara gutera ababyeyi ineza.’ Aha yashakaga kwerekana ko iyo ababyeyi babyaye umwana akabakurikiza bibashimisha. Hari n’imigani nyarwanda iganisha aha nk’igira iti “Mwene Samusure avukana isunzu, Inyana ni iya mweru” (…)
Jeannot Witakenge wamenyekanye cyane mu ikipe ya Rayon Sports, yasezeweho ku mugaragaro kuri Stade yo mu mujyi wa Bukavu aho avuka, ahari imbaga y’abantu bari baje kumuherekeza
Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda kugeza ubu riravuga ko nta kibazo cy’umukinnyi cyangwa ikipe bari bakira nyuma y’isubikwa ry’amasezerano n’imishahara mu makipe
Rutahizamu w’umunya-Cote d’Ivoire wamamaye cyane mu ikipe ya Chelsea Didier Drogba, ntiyagiriwe icyizere n’ishyirahamwe ry’abahoze bakina umupira, mu gushaka umukandida ku mwanya wa Perezida wa Federasiyo