Imiryango ibarirwa muri 60 mu Karere ka Gicumbi ntigira aho yikinga nyuma yo gusenyerwa n’imvura ivanze n’umuyaga mu mezi 2 ashize.
Umuyobozi w’Akarere ka Gicumbi yategetse Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Rusasa kwishyura amatungo y’umuturage yateje cyamunara binyuranyije n’amategeko.
Umuryango utaba imbabare Croix-rouge ugiye guteza imbere abasigajwe inyuma n’amateka bo mu karere ka Gicumbi babagabira inka zo korora.
Abarokotse Jenoside batishoboye batuye mu Karere ka Gicumbi barasaba gusanirwa amazu yabo muri ibi bihe by’imvura kuko amwe bayagiyemo ataruzura.
Abagabo bafite abana barwaye bwaki nyuma yo kwigishwa uburyo barwanya iyo ndwara biyemeje gufasha abagore babo kurera abana babo.
Mu nteko rusanjye yahuje inzego z’ubuyobozi mu Karere ka Gicumbi, Minisitiri Francis Kaboneka yasabye abayobozi gufasha abaturage kunoza isuku mu ngo.
Abaturage bo mu Murenge wa Cyumba mu Karere ka Gicumbi batangaza ko kutagira amazi meza byabateye kurwara indwara ziterwa n’umwanda.
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gicumbi batangaza ko ubukene ari bwo bubatera kutubaka ubwiherero bwujuje ibisabwa ngo bongere isuku yo mu ngo.
Nyuma yo kubyara abana 20 ku bagore 2 Banganshaka byamukururiye amakimbirane mu muryango n’abana yabyaye ntibakundana kubera ko badahuje ba nyina.
Ubuyobozi w’Akarere ka Gicumbi buravuga ko bwihaye gahunda ko muri 2018 abaturage bose bazaba batuye mu midugudu.
Mu karere ka Gicumbi indwara ya bwaki yagabanutseho abagera ku 9% kubera gahunda ya Girinka yabafashije kubona amata baha abana.
Mu gikorwa cyo gutangiza Icyumweru cy’Ubumwe n’Ubwiyunjye mu Karere ka Gicumbi abaturage batangaza ko iterambere bamaze kugeraho barikesha ubuyobozi bwiza.
Mu gikorwa cyo gutangiza icyumweru cy’ubumwe n’ubwiyunge mu karere ka Gicumbi abaturage batangaza ko iterambere bamaze kugeraho barikesha ubuyobozi bwiza.
Abaturage bo mu karere ka Gicumbi batangaza ko kubyara abana bake bituma umubyeyi abasha kubarera neza no kubabonera ibibatunga bitamugoye.
Ibikorwa byo kwagura umujyi wa Byumba mu Karere ka Gicumbi bizajyana no kwagura ubucuruzi butandukanye, kuko hubatswe amazu yo gucururizamo.
Abahawe inka muri gahunda ya Girinka bagejejweho ibikoresho bizabafasha kwita kuri izo nka kugira ngo bazirinde indwara zibahe umusaruro.
Urubyiruko rwo mu Karere ka Gicumbi rwakoze igikorwa cyo kubakira umukecuru wari umaze imyaka ibiri aba mu nzu ituzuye itanakinze.
Mu kagari ka Horezo mu murenge wa Kageyo mu karere ka Gicumbi habereye impanuka y’imodoka abantu 8 bahita bapfa umwe arakomereka.
Ubworozi bw’inzuki bwa kijyambere bwahaye amahirwe abavumvu bo mu karere ka Gicumbi kugurisha umusaruro w’ubuki bwabo ku isoko mpuzama mahanga.
Abahinzi bo mu Karere ka Gicumbi bavuga ko ifumbire yo ku birundo ari iyo ibunganira kuko badafite ubushobi bwo kugura “mva ruganda”.
Abanyamuryango ba RPF bo mu karere ka Kicukiro bigiye byinshi ku mateka yo ku Murindi w’Intwari bizabafasha gukomeza gusigasira ibyagezweho.
Abarembetsi batandatu bari bakurikiranyweho gutera Karamage Jean Bosco bakamusenyera bakanamusahura, bakatiwe imyaka itandatu ariko umwe agirwa umwere.
Ingabo z’u Rwanda zamurikiye abaturage ibikorwa by’iterambere babubakiye birimo ivuriro, amashuri, poste de santé, isoko, n’ibagiro Mu Karere ka Gicumbi.
Ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere myiza (RGB) cyasabye abayobozi b’Uturere tw’Intara y’Amajyaruguru gufatanya n’abaturage mu bibakorerwa no kubafasha mu iterambere ryabo.
Gucukura ibyobo bifata amazi mu gihe cy’imvura bizarinda amazu n’imirima by’abaturage bo mu Karere ka Gicumbi gutwara n’isuri bibarinde n’ibiza.
Gukora ubworozi bw’inzuki mu buryo bwa kijyajyambere bimaze guteza imbere abavumvu bo mu Karere ka Gicumbi kuko umusaruro w’ubuki wiyongereye.
Abaturage bo mu Karere ka Gicumbi bizera ko korozanya muri gahunda ya Girinka bizafasha abakiri mu murongo w’ubukene kubateza imbere.
Abafashamyumvire mu buhinzi barasaba guhabwa ibikoresho bifashisha mu mu kwigisha abaturage uburyo bwo guhinga kugira ngo bongere umusaruro.
Mu muhango wo kwizihiza Umunsi w’Umugore wo mu Cyaro wabereye mu Karere ka Gicumbi ku rwego rw’igihugu abagore bashimiwe uruhare rwabo mu iterambere ry’u Rwanda.
Mu Karere ka Gicumbi barashishikarizwa guhinga akarima k’imboga kugira ngo kabafashe guhangana n’imirire mibi mu bana bari munsi y’imyaka itanu.