1. -merrikh Ikomeje kotsa igitutu ikipe ya POLICE FC iri ku mwanya w mbere.
    Al-Hilal yongeye kubona intsinzi, Al-merrikh itsinda Musanze ivuye inyuma

    2 hours ago Nyuma y’imikino itatu yikurikiranya itabona intsinzi, ikipe ya Al Hilal yongeye kubona amanota atatu itsinze Gorilla naho Al-merrikh bigoranye ibona itsinda Musanze.

  2. Abimuwe n’urugomero rwa Rusumo bagiye gutuzwa mu mudugudu w’icyitegererezo

    11 hours ago Imirimo yo kubaka amazu azatuzwamo imiryango yagizweho ingaruka n’imirimo yo kubaka Urugomera rw’Amashanyarazi rwa Rusumo iri kugana ku musozo. Biteganyijwe ko iyi miryango izahabwa aya mazu mu ntangiriro z’umwaka wa 2026.

  3. Iga bikomeye bizakorohere kurwana - impamvu Polisi y’u Rwanda yitoza guhosha imyigaragambyo

    11 hours ago Polisi y’u Rwanda yasobanuye ko kuba yitoza guhosha imyigaragambyo atari uko itegereje ko abantu bagiye kwigaragambya mu gihe runaka kizwi.

  4. Umupolisi yaba ari mu kirere, cyangwa munsi y’ubutaka, icy’ingenzi nuko aguhanira ikosa wakoze - ACP Rutikanga

    24 December 2025 at 13:50 Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga yavuze ko abashoferi bitwaza ko bahaniwe amakosa yo mu muhanda n’Abapolisi bari ahantu hihishe cyangwa camera zihishe baba bazana amatakiangoyi gusa.

  5. Polisi yijeje Abanyarwanda umutekano usesuye mu minsi mikuru

    24 December 2025 at 13:21

  6. Polisi yijeje Abanyarwanda umutekano usesuye mu minsi mikuru

    24 December 2025 at 13:13 Polisi y’u Rwanda yijeje Abanyarwanda n’abandi barutuye umutekano usesuye mu gihe cy’iminsi mikuru isoza n’itangira umwaka, ibasaba kuzishima bakanezerwa ariko bakibuka kubikora bubahiriza amategeko n’amabwiriza.

  7. Polisi yasobanuye impamvu itanga amahugurwa akarishye nk’aya gisirikare

    24 December 2025 at 12:53 Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yavuze ko Polisi y’u Rwanda isigaye itanga amahugurwa ku bapolisi bayo ameze nk’aya gisirikare mu rwego rwo kwitegura ikibazo icyo ari cyo cyose cyavangira umutekano w’abantu n’ibintu.

  8. Stella Rusine Nteziryayo yagizwe umuyobozi mushya wa BRD

    24 December 2025 at 11:44 Banki y’Iterambere y’u Rwanda (BRD) yashyizeho umuhanga mu by’ubukungu, Stella Rusine Nteziryayo, nk’Umuyobozi Mukuru mushya wayo (CEO), nk’uko KT Press yabyimenye. Iyi myanya izatangira gukurikizwa nyuma yo kwemezwa n’inzego zibishinzwe.

  9. Gen. Mohammed Ahmed Al-Haddad (Ifoto: AFP)
    Libya: Umugaba Mukuru w’Ingabo yaguye mu mpanuka y’indege

    24 December 2025 at 07:42 Igihugu cya Libya cyashyizeho iminsi itatu y’icyunamo, nyuma y’aho Umugaba Mukuru w’Ingabo z’iki gihugu, Gen. Mohammed Ahmed Al-Haddad n’abandi bane bo hafi ye baguye mu mpanuka y’indege.

  10. Iyumvire icyo Knowless avuga ku kuba yaragabiwe na Perezida Kagame

    24 December 2025 at 07:22

  11. Iyi myitozo yabagize abarwanyi badasanzwe ku buryo isasu uriganisha aho ushaka ko rigana - Umugaba Mukuru wa RDF

    24 December 2025 at 00:31 Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen. Mubarakh Muganga yabwiye abasirikare barangije amahugurwa y’amezi ane y’imyitozo idasanzwe, ko ubu bagiye mu rwego rw’abarwanyi badasanzwe.

  12. MINAGRI yahurije mu nama y’igitaraganya abashinzwe gahunda zo kuhira

    24 December 2025 at 00:01 Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI), ku wa 23 Ukuboza 2025, yahurije mu nama abatekinisiye b’inzobere mu bikorwa byo kuhira, mu rwego rwo kuziba ibyuho mu nshingano bafite.

  13. Burera: Ingabo, Polisi n’abakozi ba RIB bateye ibiti by’imbuto ibihumbi 10

    23 December 2025 at 19:54 Kuri uyu wa Kabiri tariki 23 Ukuboza 2025, inzego z’Umutekano zigizwe n’Ingabo z’u Rwanda (Diviziyo ya 2), Polisi y’u Rwanda (RNP) n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), zikorera mu Ntara y’Amajyaruguru, zakoze igikorwa cyo gutera ibiti mu Mudugudu wa Bisiga, Akagali ka Gashoro, Umurenge wa Rwerere, Akarere ka Burera.

  14. Barizigamira bikabateza imbere
    Amatsinda yo kwizigamira afashwa na Caritas na Plan International Rwanda, afasha abarerera mu ngo mbonezamikurire kwiteza imbere

    23 December 2025 at 19:20 Ubuhamya butangwa n’ababyeyi bo mu Karere ka Bugesera barerera mu ngo mbonezamikurire zifashwa na Caritas Rwanda binyuze mu mushinga wa ECD, ku nkunga ya Plan International Rwanda, bugaragaza ko ibimina bivuguruye byabongereye ubushobozi bwo kurushaho kwiteza imbere no kwita ku ngo mbonezamikurire y’abana bato.

  15. Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Mozambique yasuye inzego z’umutekano z’u Rwanda

    23 December 2025 at 18:32 Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Mozambique, Madamu Margarida Adamugi Talapa, kuri uyu wa Kabiri tariki 23 Ukuboza 2025, yasuye inzego z’umutekano z’u Rwanda (RSF) ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro n’umutekano mu Mujyi wa Mocímboa da Praia, mu Ntara ya Cabo Delgado Province.

  16. Ubukangurambaga ‘Gendana Konti’ bwakomereje mu Karere ka Kirehe

    23 December 2025 at 16:49 Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) kuri uyu 23 Ukuboza yakomeje ubukangurambaga ‘Gendana Konti’ bukangurira abagore guhuza konti zo kuzigama na telefone.

  17. Ubukangurambaga ‘Turindane Tugereyo Amahoro’ busobanuye iki?

    23 December 2025 at 11:55 Polisi y’u Rwanda yakomereje mu karere ka Kayonza, intara y’Uburasirazuba ubukangurambaga bwiswe ’Turindane tugereyo amahoro’.

  18. Abana bariga, bagafashwa gukangura ubwonko bwabo
    Nyaruguru: Ingo mbonezamikurire zifashwa na Caritas ifatanyije na Plan International Rwanda zikomeje kuba intangarugero

    23 December 2025 at 08:07 Ababyeyi bo mu Karere ka Nyaruguru mu Ntara y’Amajyepfo, bafite abana mu ngo mbonezamikurire (ECD) zifashwa na Caritas Rwanda ku nkunga ya Plan International Rwanda, bahamya ko ubufasha iyi miryango igenera izi ngo mbonezamikurire ari ingenzi cyane, kuko butuma ziba intangarugero.

  19. Ndabashimira kuba mwarahisemo neza - Minisitiri Biruta ku bapolisi basoje amahugurwa

    23 December 2025 at 06:46

  20. Polisi y’u Rwanda yerekanye imyitozo idasanzwe yo guhosha imyigaragambyo

    23 December 2025 at 06:36

  21. Abarimu baturutse muri Zimbabwe baje kuzahura ururimi rw’Icyongereza

    23 December 2025 at 00:04 Abarimu baturutse mu gihugu cya Zimbabwe biyemeje kurushaho gutanga ubumenyi buzafasha mu guhindura imibereho n’ubuzima bw’Abanyarwanda binyuze mu masomo bazigisha mu mashuri yo hirya no hino mu gihugu.