1. Banki ya Kigali(i Bumoso), MTN Rwanda(i Buryo), abasora bamaze imyaka 10+ basora neza
    Ikigo cy’Igihugu cy’imisoro n’amahoro cyahembye abasora 20 b’indashyikirwa

    4 hours ago Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) kuri uyu wa Gatanu cyashimiye abasora neza bashyikirizwa ibihembo byabo.

  2. Alibaba yizeye ko Afurika igiye kubona abashoramari bazahindura umugabane

    5 hours ago Ibihumbi by’abanyarwanda n’abashyitsi biganjemo ba rwiyemezamirimo bakoraniye I Kigali muri Convention Centre aho baje kumva abahize abandi mu mishinga y’ishoramari yitezweho guhindura Afurika.

  3. Gusora ni igikorwa kigaragaza agaciro duha Igihugu- Minisitiri w’Intebe

    6 hours ago Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Justin Nsengiyumva yagaragaje ko gusora ari kimwe mu bikorwa bigaragaza agaciro abasora baha igihugu, kubera ko bibafasha kubaka u Rwanda rwihagije, rufite ubushobozi bwarwo kandi rutekanye.

  4. Umubare w’abasora wiyongereyeho abarenga ibihumbi 100

    7 hours ago Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro (RRA), cyatangaje ko umubare w’abasora mu Rwanda wiyongereyeho abandi bashya barenga ibihumbi 100 mu mwaka ushize w’ingengo y’imari (2024-2025).

  5. Gusaba uburenganzira bwo guhindura izina

    12 December 2025 at 12:36

  6. Nta bwoko bwa avoka mu Rwanda butagurishwa ku isoko mpuzamahanga
    Nta bwoko bwa avoka mu Rwanda butagurishwa ku isoko mpuzamahanga

    12 December 2025 at 11:09 Abahinzi ba avoka mu Rwanda barakangurirwa kuzongera zikaba nyinshi ndetse no kwita ku zo basanzwe bafite, kuko ari imari ishyushye muri iki gihe, cyane ko nta bwoko na bumwe bwazo budafite isoko haba mu Rwanda ndetse no mu mahanga.

  7. Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare b’amapeti atandukanye

    12 December 2025 at 06:47 Perezida wa Repubulika Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera abasirikare bafite amapeti atandukanye, harimo ba Colonel Innocent Munyengango na François Regis Gatarayiha bahawe ipeti rya Général de Brigade.

  8. Basezeranye biyemeza gusezerera ihohoterwa
    Ruhango: Imiryango 30 yasezeranye yiyemeza gusezerera ihohoterwa

    12 December 2025 at 05:57 Imiryango 30 yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko mu Murenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango, irahamya ko imibanire itemewe n’amategeko yari intandaro ikomeye yo gukimbirana ku mugore n’umugabo n’abandi bagize umuryango.

  9. Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame

    11 December 2025 at 22:58

  10. Al-Hilal imaze gukusanya amanota 10 mu mikino 4 imaze gukina muri shampiyona ya Rwanda Premier League
    RPL: Girumugisha yafashije Al-Hilal kunyagira Bugesera FC

    11 December 2025 at 21:17 Ikipe ya Al-Hilal yo mu gihugu cya Sudan itsinze ikipe ya Bugesera FC ibitego 3-1 ikomeza kwigira imbere ku rutonde rwa shampiyona.

  11. Abandi Banyarwanda 337 babaga muri RDC batahutse

    11 December 2025 at 21:12 U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda 337 babaga mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), barimo abagabo 22.

  12. Kubwimana Emmanuel
    Ihangana ry’abavandimwe mu maraso: Ibyo wamenya ku mukino wa APR HC na Police HC

    11 December 2025 at 20:34 Kuri uyu wa Gatanu, saa moya z’umugoroba, ikipe ya APR HC irakira Police HC mu mukino w’ishiraniro wa shampiyona urabera muri Petit Stade Amahoro i Remera aho kwinjira ari ubuntu.

  13. Urusengero rwa ADPER-Kagarama i Nyarubaka
    Kamonyi: Batatu bagwiriwe n’urukuta rw’urusengero umwe ahita yitaba Imana

    11 December 2025 at 19:06 Mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Nyarubaka, habereye impanuka aho mu bubatsi bavugururaga urusengero rwa ADPER-Kagarama, urukuta rwarwo rwagwiriye batatu umwe ahita yitaba Imana, iyo mpanuka ikaba yabaye kuri uyu wa Kane tariki 11 Ukuboza 2025.

  14. Perezida Kagame
    U Rwanda ntirwaremewe kwikorera ibibazo byarwo n’iby’abandi - Perezida Kagame

    11 December 2025 at 18:23 Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye umuhango wo kwakira indahiro z’abayobozi baherutse guhabwa inshingano, wabereye mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko, Perezida Paul Kagame yibukije abayobozi ko bagomba kuzuza inshingano zabo kandi bakoresheje ubushobozi bwose bafite.

  15. Nyaruguru: Ibikorwa by’ishoramari byabahinduriye ubuzima

    11 December 2025 at 16:55 Iyo havuzwe Akarere ka Nyaruguru igihita kiza mu mutwe wa benshi ni i Kibeho kubera izina hafite mu bijyanye n’iyobokamana bitewe n’amabonekerwa yahabereye, bigatuma hagira umubare utari muke w’abaza kuhasura buri mwaka baturutse hirya no hino ku Isi.

  16. Myanmar: Abarenga 30 bahitanywe n’ibisasu byarashwe ku bitaro

    11 December 2025 at 16:49 Mu ijoro rya tariki 10 ukuboza, muri Leta ya Rakhine, agace kari mu maboko y’umutwe w’abarwanyi wa Arakan Army, urwanya ubutegetsi bw’igihugu cya Myanmar, abantu 34 bapfuye abandi barakomereka nyuma yuko indege z’intambara z’ingabo za Myanmar zigabye ibitero ku bitaro biri mu gace kigaruriwe n’uwo mutwe.

  17. I Nyaruguru haracyari amahirwe menshi ku bifuza gushora imari

    11 December 2025 at 15:13 Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyaruguru buvuga ko bafite amahirwe menshi ku bifuza gushora imari, bukabashishikariza kubegera bakabafasha.

  18. Minisitiri Nduhungirehe yagarutse ku byananiye DRC

    11 December 2025 at 13:43 Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga y’Ubutwererane w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe yavuze ko igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyananiwe gukora ibisabwa kugira ngo gishyire mu bikorwa amasezerano cyasinyanye n’u Rwanda ku ruhande rumwe, ndetse na AF/M23 ku rundi ruhande, bikaba bituma amahoro akomeje kuba ingume muri Kivu zombi.

  19. Munyangeyo Augustin
    Bifuza ko imibare nyayo y’abanyeshuri bafite ubumuga yamenyekana

    11 December 2025 at 13:17 Inzego zitandukanye zifite aho zihuriye no kwita ku bantu bafite ubumuga mu Rwanda, zivuga ubushakashatsi bwakozwe, bwerekanye ko umubare nyawo w’abanyeshuri bafite ubumuga utazwi, ariko kandi n’abazwi ko biga ngo ugasanga batiga neza uko bikwiye.

  20. FPR Inkotanyi yakiriye impuguke ziturutse mu Bushinwa

    10 December 2025 at 23:38 Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango FPR-Inkotanyi, Amb. Wellars Gasamagera, yakiriye Amb. Gao Wenqi Ambasederi w’u Bushinwa mu Rwanda, wari uherekejwe n’impuguke zaturutse mu Nzu Ndangamurage ya Leta y’u Bushinwa no mu Kigo gishinzwe Umuco n’Ubukerarugendo mu Bushinwa

  21. Koreya y’Epfo yanenze u Bushinwa n’u Burusiya byavogereye ikirere cyayo

    10 December 2025 at 22:03 Koreya y’Epfo yatangaje ko yamaze gusaba ibisobanuro aba Diplomate b’u Bushinwa n’u Burusiya bashinzwe ingabo bakorera i Seoul muri Koreya y’Epfo, nyuma y’uko indege z’intambara z’ibyo bihugu zivogereye agace iki gihugu gicungiramo umutekano wo mu kirere cyacyo, ku wa Kabiri tariki 9 Ukuboza 2025.