1. Polisi y’u Rwanda yafunguye ikigo gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga i Ndera

    15 November 2025 at 23:15

  2. Uwahoze muri Crap ya FDLR avuze ubuzima bwose bwayo n’ukuri ku rupfu rwa Col. Ruhinda

    15 November 2025 at 23:10

  3. U Rwanda rwakiriye neza isinywa ry’amasezerano aganisha ku mahoro hagati ya RDC na AFC/M23

    15 November 2025 at 23:04 Guverinoma y’u Rwanda yakiriye neza isinywa ry’amasezerano ya Doha, yo gushyiraho ingingo ngenderwaho z’amasezerano arambye y’amahoro hagati ya Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’ihuriro AFC/M23, igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Ugushyingo 2025.

  4. Soldat Mbale Hafashimana
    Amasezerano y’ubufatanye bwa FARDC na FDLR n’uko babigisha kurashisha drone - Ubuhamya

    15 November 2025 at 22:27 Soldat Mbale Hafashimana ni umwe mu Banyarwanda bahunze mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, akajya mu mashyamba yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ari kumwe n’umuryango we. Avuga ko bakiva mu Rwanda bahise bajya mu nkambi ya Mugunga (RDC), imaze gusenywa berekeza ahitwa Lubero, aho babaye kugera mu 2022, bajya gutura ahandi hitwa Kararenga.

  5. Polisi yafunguye Ishami rishya rya ‘Contrôle technique’ rizakira na moto

    15 November 2025 at 15:16 Kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Ugushyingo 2025, Ikigo gishya cya Polisi gishinzwe kugenzura Ubuziranenge bw’Ibinyabiziga (Contrôle technique), giherereye mu Murenge wa Ndera mu Karere Gasabo, cyatangiye kwakirirwamo ibinyabiziga byiganjemo moto n’amakamyo.

  6. Abanyarwanda barakangurirwa kwirinda indwara y’ibicurane

    15 November 2025 at 13:35 Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yibukije Abanyarwanda ko bakwiriye kwirinda cyane muri iki gihe cy’imvura, kuko indwara y’ibicurane yiyongera cyane ugereranyije n’ibindi bihe, kuko ibipimo bigaragaza ko virusi itera ibicurane yo mu bwoko bwa Influenza A, ari yo yiganje ndetse nta bundi bwoko bushya bwagaragaye mu Rwanda.

  7. Ibiro bivuza ubuhuha: Ibyaranze umukino APR VC yatsinzemo Gisagara VC amasti 3-0

    15 November 2025 at 09:10

  8. Ubushinjacyaha Bukuru burishimira ibyo bwagezeho muri 2024-2025
    Ubushinjacyaha Bukuru bwesheje 100% umuhigo wo gukora amadosiye muri 2024-2025

    15 November 2025 at 08:56 Ubushinjacyaha Bukuru bw’Igihugu butangaza ko bwesheje 100% umuhigo bwihaye wo gukora amadosiye mu mwaka wa 2024-2025, kuko bwari bwahize gukora nibura 96% ariko burarenza bukora 96.4%.

  9. Volleyball: Bigoranye Police yikuye mu nzara za Kepler, APR yisubiza icyubahiro imbere ya Gisagara

    15 November 2025 at 08:40 Mu mikino ya shampiyona ya volleyball yakomezaga kuri uyu wa gatanu taliki ya 14 Ugushyingo, Ikipe ya Police VC y’abagore bigoranye yatsinze Kepler naho APR VC yihaniza Gisagara yari itaratsindwa muri shampiyona

  10. Umushinga w’Ikigo Re-Banatex wegukanye Miliyoni 50Frw muri Hanga Pitchfest 2025

    14 November 2025 at 22:57 Umushinga w’Ikigo Re-Banatex ni wo wahize iyindi yahataniraga ibihembo mu irushanwa ngarukamwaka ryiswe ‘Hanga Pitchfest’, rigamije guteza imbere urubyiruko rufite imishinga yitezweho impinduka, wegukana igihembo nyamukuru cya Miliyoni 50Frw.

  11. Paul Muvunyi yatumije Inteko Rusange idasanzwe ya Rayon Sports amenyesha RGB

    14 November 2025 at 22:32 Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Rayon Sports, Paul Muvunyi, yatumije Inama y’Inteko Rusange idasanzwe ya Rayon Sports amenyesha inzego zirimo Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere.

  12. Madamu Jeannette Kagame yakiriye mugenzi we wa Kenya, Rachael Ruto

    14 November 2025 at 20:40 Kuri uyu wa Gatanu, Madamu Jeannette Kagame yakiriye mugenzi we wa Kenya, Rachael Ruto mu Biro by’Umuryango Imbuto Foundation, amugaragariza ibikorwa by’uyu Muryango mu bijyanye n’Ubuzima, Uburezi no guteza imbere ubumenyi.

  13. U Rwanda mu itsinda rimwe na Algeria mu Gikombe cya Afurika 2026 ruzakira

    14 November 2025 at 18:54 Kuri uyu wa Gatanu, habaye tombola y’Igikombe cya Afurika muri Handball mu bagabo kizabera mu Rwanda muri Mutarama 2026, aho rwahuriye mu itsinda rya mbere ririmo Algeria.

  14. Ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda yasuye Kigali Today

    14 November 2025 at 17:22 Ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda, Gao Wenqi, yasuye Ikigo cy’itangazamakuru cya Kigali Today, ashima ibikorwa byacyo, yizeza gukomeza ubufatanye n’ubuyobozi bw’iki kigo.

  15. Mu Rwanda hagiye kwifashishwa imodoka zabugenewe mu gusuzuma ubukomere bw’imihanda yubakwa

    14 November 2025 at 15:56 Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko Minisiteri ayoboye ifatanyije n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubwikorezi mu Rwanda (RTDA), bagiye gukora igenzura ryimbitse mu ikorwa ry’imihanda kugira ngo itazongera kujya isenyuka itarambye, hifashishijwe imodoka zabugenewe.

  16. Dr. Doris Uwicyeza Picard
    Ubuyobozi bwiza ni ubuha serivisi nziza abo bushinzwe - Dr. Doris Uwicyeza

    14 November 2025 at 15:11 Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, Dr. Doris Uwicyeza Picard, avuga ko ubuyobozi bwiza ari ubuha serivisi nziza abo bushinzwe, ari na byo bijyana n’intego u Rwanda rwihaye yo gushyira umuturage ku isonga.

  17. U Rwanda, UNIDO na Polonye byasinyanye amasezerano yo kubaka ubushobozi bw’inganda

    14 November 2025 at 14:49 Guverinoma y’u Rwanda n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere ry’inganda (UNIDO), byashyize umukono ku nyandiko nshya y’umushinga ugamije kongerera ubushobozi bw’inganda n’ingaruka zazo ku bidukikije. Uyu mushinga uterwa inkunga na Guverinoma ya Polonye.

  18. Volleyball: Ni APR cyangwa ni Gisagara? Umukino w’ishiraniro

    14 November 2025 at 12:46 Mu gihe shamiyona ya volleyball mu Rwanda ikomeje ku munsi wayo wa gatanu, ikipe ya APR volleyball club ibitse igikombe cya shampiyona iresurana na Gisagara VC itaratsindwa.

  19. Ubwo Minisitiri Nduhungirehe yakirwaga na Perezida Omar Guelleh
    Djibouti: Minisitiri Nduhungirehe yagiranye ibiganiro na Perezida Omar Guelleh

    14 November 2025 at 12:33 Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Olivier Nduhungirehe, yakiriwe na Ismail Omar Guelleh, Perezida wa Repubulika ya Djibouti, bagirana ibiganiro ndetse anamugezaho ubutumwa bwa mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame.

  20. Haracyari ibibazo muri gahunda gahunda yo kurwanya imirire mibi n
    MIGEPROF yasabwe gukemura ibibazo biri muri gahunda yo kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana bato

    13 November 2025 at 22:56 Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), yasabwe gukemura ibibazo bigaragara muri gahunda yo kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana bato bitarenze amezi 12.

  21. Ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda arashima umubano w’ibihugu byombi ukomeje gukura

    13 November 2025 at 19:17 Ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda, Gao Wenqi, yishimiye byimazeyo Guverinoma y’u Rwanda ndetse n’Abanyarwanda muri rusange, mu gihe ibihugu byombi byizihiza imyaka 54 ishize umubano wabyo ushinze imizi, bishimangira kandi ubucuti ndetse n’ubufatanye burambye bukomeje kurushaho kwiyongera hagati ya Beijing na Kigali.