1. Ikiri gutera ibura ry’amashanyarazi cyagaragaye

    6 January 2026 at 16:38 Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo Jean de Dieu Uwihanganye yiseguye ku banyarwanda bamaze iminsi bashyirwa mu kizima n’ibura ry’umuriro w’amashanyarazi mu bice byinshi by’igihugu, bikabicira imirimo n’ubucuruzi.

  2. Ibihumbi 700 - Dore ibihano bishya ku makosa yo mu muhanda

    6 January 2026 at 15:01 Umushinga w’itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda ukubiyemo ibihano ku bantu batazubahiriza iri tegeko, birimo amande kuva ku 300.000frw kugera kuri 700,000frw ndetse n’igifungo kigera ku mezi atandatu.

  3. U Butaliyani:Umugabo yiyambitse ishusho ya nyina kugira ngo yibe pansiyo

    6 January 2026 at 14:19 Umugabo wo mu Butaliyani utatangajwe amazina, akaba umuhungu w’uwitwa Graziella Dall’Oglio, wapfuye mu 2022 ku myaka 82 aravugwaho guhisha urupfu rwa nyina ku bayobozi nk’uko byagombye kugenda, bikaba byaratumye amara imyaka 3 yakira pansiyo ye.

  4. Nyuma y’amezi 12 uwaguze ikinyabiziga ntakore ihererekanya azahomba

    6 January 2026 at 13:46 Mu Rwanda, ikibazo cy’abantu bagura ibinyabiziga bakabikoresha batarakoze ihererekanya ryabyo (mutation) kimaze igihe kigaragaza icyuho mu mikorere y’amategeko.

  5. Ibitego byararumbutse, Nta kipe yanganyije n’indi, Ibyaranze umunsi wa 14 mu mibare

    6 January 2026 at 10:41 Umunsi wa 14 wa shampiyona y’icyiro cya mbere Rwanda Premier League, wasozanyijwe uduhigo tudasazwe ugereranyije n’indi minsi 13 yabanje.

  6. Santrafurika: Archange Touadéra yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu

    6 January 2026 at 07:01 Faustin-Archange Touadéra wari usanzwe ari Perezida wa Santrafurika, ni we watsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu ku bwiganze bw’amajwi 76.15%, nk’uko byatangajwe by’agateganyo na Komisiyo ishinzwe amatora muri iki gihugu (ANE), nyuma y’ibarura ry’ibyavuye muri ayo matora.

  7. Ikiguzi cyo kureba ingagi cyagabanyijwe

    6 January 2026 at 00:08 Urwego rw’Igihugu rw"iterambere (RDB) rwagabanyije ibiciro byo gusura ingagi mu gihe cy’umwaka wose wa 2026.

  8. Ubwo Maduro n
    Nicolas Maduro yagejejwe mu Rukiko, ahakana ibyaha byose aregwa

    5 January 2026 at 23:56 Kuri uyu wa Mbere tariki 5 Mutarama 2026, uwari Perezida wa Venezuela Nicolas Maduro n’umugore we baherutse gufatwa n’igisirikare cya Amerika kibakuye mu rugo rwabo, bagejejwe imbere y’Urukiko rwa Manhattan i New York muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Maduro akaba yahakanye ibyaha byose aregwa.

  9. Igisirikare cya America Ni cyo Gisigaye Kigura Amabuye ya Tungsten y’u Rwanda

    5 January 2026 at 20:36 Ikirombe n’uruganda rutunganya amabuye y’agaciro cya Nyakabingo mu Karere ka Rulindo, Intara y’Amajyaruguru cyashyize u Rwanda ku mwanya wa mbere muri Afurika mu bihugu bicukura Tungsten.

  10. Uwafatiriwe ikinyabiziga azacyigurishiriza mbere y’uko gitezwa cyamunara

    5 January 2026 at 19:09 Umushinga w’itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda ryahaye amahirwe abafite ibinyabiziga bizajya bifatirwa mu makosa atandukanye ntibabashe kwishyura mbere y’uko bitezwa cyamunara, kuko bazajya bahabwa amahirwe yo kubyigurishiriza hanyuma bishyure amande baciwe.

  11. Rayon sports yasinyishije abandi bakinnyi bashya

    5 January 2026 at 17:38 Kuri uyu wa mbere taliki ya 5 Mutarama, ikipe ya rayon sports FC yatangaje ko yasinyishije abandi bakinnyi 2 biyongera ku bamaze iminsi basinyiye iyi kipe yambara ubururu n’umweru.

  12. Perezida Kagame yashimiye Mamadi Doumbouya watorewe kuyobora Guinea

    5 January 2026 at 15:31 Perezida Paul Kagame yashimiye Mamadi Doumbouya, uherutse gutorerwa kuyobora Guinée nk’Umukuru w’Igihugu nyuma y’uko Urukiko rw’Ikirenga rwemeje ibyavuye mu matora aho yagize amajwi 86,7%.

  13. Ngoma: Abitabye Imana bakubiswe n’inkuba barashyingurwa kuri uyu wa Kabiri

    5 January 2026 at 14:10 Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma bwihanganishije abaturage babuze ababo, abahungabanye ndetse n’abagizweho ingaruka n’ibiza byatewe n’inkuba yakubise abaturage ku Cyumweru, tariki ya 4 Mutarama 2026 mu Murenge wa Jarama.

  14. U Burusiya: Internet yamutoje kunywa amaraso ye none bimukozeho

    5 January 2026 at 13:25 Muri iki gihe, hari byinshi bishyirwa ku mbuga nkoranyambaga,ugasanga bigibwaho impaka, ariko rimwe na rimwe bikaba bishobora no gushyira ubuzima bw’abantu mu kaga. Ibyo ni byabaye kuri uwo musore w’imyaka 17,utuye mu Mujyi wa Moscou mu Burusiya.

  15. Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanywe

    5 January 2026 at 13:01 Umunya-Portugal, Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanywe nyuma y’amezi 14 yari amaze ayitoza, kubera umusaruro mubi.

  16. Jarama sector - Ifoto ya AI
    Ngoma : Inkuba yishe abantu icyenda

    4 January 2026 at 23:43 Mu murenge wa Jarama mu karere ka Ngoma inkuba yakubise abaturage 18 maze icyenda muri bo bahita bitaba Imana.

  17. Perezida Ndayishimiye na Minisitiri we w’Ububanyi n’Amahanga bakubitanye imitwe ku karubanda

    4 January 2026 at 23:31 U Burundi bwihariye amapaji y’ibinyamakuru muri aka karere mu mpera z’iki cyumweru, bukaba bwaje buzanye amakuru agaragaza urugero rwa diplomasi abayobozi baho bagezeho.

  18. Ruhango: Ibyakozwe 2025 ni umusingi w’ibya 2026

    4 January 2026 at 19:23 Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango buratangaza ko ibikorwa by’Ingenzi byakozwe mu mwaka wa 2025, bishingiye ku nkingi eshatu za Guverinoma, bizatuma ibiteganyijwe mu mwaka wa 2026 bigerwaho ku gipimo gishimishije.

  19. Uyu ni umudugudu wa Nyabisindu, umurenge wa Remera urimo gutunganywa mu Karere ka Gasabo
    Abanyarwanda batunze inzu zabo bwite baragabanutse: Dore icyabaye

    4 January 2026 at 00:44 Mu Rwanda, abatunze amazu yabo baragenda bigabanuka, nyamara mu myaka myinshi ishize, gutunga inzu byabaye kimwe mu bimenyetso bigaragara by’umutekano n’ituze ry’igihe kirekire ku miryango.

  20. Ikipe ya APR FC yatsinze Bugesera ikomeza gusatira Police FC
    APR FC itsinze Bugesera FC ikomeza kotsa igitutu Police FC

    3 January 2026 at 22:47 ‎Ikipe y’ingabo z’igihigu APR FC yatsinze Bugesera FC ibitego 2 - 1 mu mukino w’umunsi wa 14 wa Rwanda Premier League bituma ikomeza gusatira ikipe ya Police FC.

  21. Ngoma: Kubona ubwanikiro bw’umuceri ni tombola

    3 January 2026 at 20:32 Abahinzi b’umuceri bibumbiye muri Koperative COOPRIKI – Cyunuzi bavuga ko kutagira imbuga banikaho umusaruro wabo bibatera igihombo.