1. Impunzi z’Abanyekongo mu Rwanda zaramukiye mu myigaragambyo yamagana Leta ya Tshisekedi

    1 January 2026 at 09:49 ’Twebwe nta byishimo dufite nk’abandi bari kwishimira gutangira umwaka mushya, kuko twimwe uburenganzira ku gihugu cyacu, tubaye mu kababaro k’ubuhunzi’

  2. Kigali: Bamwe umwaka bawutangiriye ‘imbere y’Imana’, abandi ‘imbere y’abantu’

    1 January 2026 at 08:12

  3. Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt

    1 January 2026 at 07:37

  4. Kagame yagarutse ku bihe byiza u Rwanda rwagize uyu mwaka

    31 December 2025 at 23:13 Perezida Paul Kagame yagaragaje ko uyu mwaka izina ry’u Rwanda ryogeye hose kubera ibikorwa by’indashyikirwa rwagezeho n’ibirori cyangwa inama zikomeye rwateguye.

  5. Kigali: Kuri Convention n’ahandi bakereye gusoza umwaka no gutangira undi (Amafoto)

    31 December 2025 at 22:49 Hirya no hino mu Mujyi wa Kigali abantu bakereye ibirori byo gusoza umwaka no gutangira undi, aho bagiye bahurira ahantu hatandukanye hari ibitaramo bibafasha kwishima, nko ku mbuga ya Kigali Convention Centre, aharimo kubera igitaramo kirimo umuhanzi w’icyamamare w’umunya-Tanzania Ali Kiba, aho afatanyije n’abarimo Kevin Kade, Bwiza, Riderman n’abandi.

  6. Perezida Kagame yasabye urubyiruko kwitangira igihugu

    31 December 2025 at 22:05 Perezida Paul Kagame yabwiye urubyiruko rw’u Rwanda ko ari cyo gishoro gikomeye igihugu gifite, rukaba rukwiye kwitegura icyasabwa cyose ngo rusigasire ibyagezweho, n’iyo byasaba kwitanga.

  7. BK na GLADS Apartment batashye ibikorwa by
    BK na GLADS Apartment batashye ibikorwa by’arenga Miliyari 7Frw

    31 December 2025 at 19:28 Ubuyobozi bwa GLADS Apartment bufatanyije n’ubwa Banki ya Kigali (BK), batashye ku mugaragaro ibikorwa by’ishoramari bifite agaciro k’Amafaranga y’u Rwanda arenga Miliyari 7.

  8. Ibihugu birimo u Buyapani, Koreya n’u Bushinwa byamaze kugera muri 2026

    31 December 2025 at 18:45 Mu gihe hirya no hino ku Isi hari abakibarira amasaha ku ntoki, kugira ngo basoze umwaka wa 2025 ari nako binjira mu mushya wa 2026, hari abamaze kuwugeramo n’abandi bawumazemo amasaha menshi.

  9. Umugabo yareze umugore we wanze kumuha umwijima ngo atabare ubuzima bwe

    31 December 2025 at 12:34 Umugabo wo muri Koreya y’Epfo yajyanye umugore we mu nkiko amushinja kumuta ku bushake (malicious abandonment) amuziza kwanga gutanga igice cy’umwijima we kugira ngo arokore ubuzima bwe.

  10. Ingo nshyashya, izimaze igihe, izikize n’izikennye, amakimbirane ntawe arebera izuba

    31 December 2025 at 11:59 Abadepite bakoze ingendo hirya no hino mu gihugu bareba uko umuryango nyarwanda uhagaze, bagaragaje uko basanze amakimbirane yo mu miryango ari mu byiciro byose by’ubuzima kandi bikajyana n’ingaruka zitandukanye zigera ku bana n’urubyiruko ruyikomokamo.

  11. Abaharanira iterambere ry’umuryango bafashe ingamba nshya

    30 December 2025 at 18:34 Inama yahuje Abadepite, abayobozi mu nzego za Leta na Sosiyete Sivile zifite aho zihuriye n’imibereho y’umuryango, urubyiruko n’abandi bahuriye mu Nama Nyunguranabitekerezo ku muryango utekanye n’uruhare urubyiruko rukwiye kugira bafashe ingamba nshya zizahura umuryango nyarwanda.

  12. Abana mwabasigiye abayaya - Inararibonye Tito Rutaremara

    30 December 2025 at 16:14 Umuyobozi w’Urwego ngishwanama rw’inararibonye, Tito Rutaremara, ashima abarimu bakora akazi kabo ko kwigisha batizigamye, ariko akagaya ababyeyi basigaye baratereye iyo.

  13. Hari ibimenyetso bine byerekana umuryango urwaye – Dr Chaste Uwihoreye

    30 December 2025 at 15:32 Dr Chaste Uwihoreye inzobere mu by’imitekerereze n’ubuzima bwo mu mutwe yavuze ko umuryango ujya gusenyuka ubanza ukarwara ndetse ukiremamo amatsinda biturutse ku mpamvu nyinshi ariko zishobora kuvurwa zigakira.

  14. Muhorane amahoro n’imigisha y’Imana - Ubutumwa bwa Perezida Kagame

    30 December 2025 at 13:06 Perezida Paul Kagame na Madame Jeannette Kagame bazimaniye abanyarwanda mu birori byo gusoza umwaka wa 2025

  15. Perezida Kagame yazamuye urukiramende ku rubyiruko rw’u Rwanda

    30 December 2025 at 12:13 Perezida Paul Kagame yabwiye urubyiruko ko u Rwanda rubategerejeho umusanzu ukomeye wo guteza igihugu imbere.

  16. Perezida Kagame yabasengereye ariko abibutsa ko utwara yanyoye polisi itamwihanganira

    30 December 2025 at 12:02 Ku mugoroba w’iya 9 Ukuboza, Perezida Kagame yakiriye abatari bacye mu gitaramo cyo gusoza umwaka kuri Kigali Convention Centre, ariko abibutsa ko utwara yanyoye Polisi nawe itamwihanganira.

  17. Koperative Umwalimu Sacco yungutse miliyari 24 Frw uyu mwaka

    30 December 2025 at 01:30 Koperative yo kuzigama no kugurizanya y’Abarimu-Umwalimu SACCO yungutse Miliyoni 24 frw mu mwaka wa 2025.

  18. Umuhanzi Ali Kiba yageze i Kigali (Amafoto)

    30 December 2025 at 00:32 Umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Tanzania, Ali Saleh Kiba uzwi cyane nka Ali Kiba mu muziki, yageze i Kigali kuri uyu wa Mbere tariki 29 Ukuboza 2025.

  19. Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite

    30 December 2025 at 00:06

  20. Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko FDLR ikiri imbogamizi ku mutekano w’akarere

    29 December 2025 at 23:05 Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb Olivier Nduhungirehe yavuze ko umutwe wa FDLR uterwa inkunga n’ubutegetsi bw’i Kinshasa ukomeje kuba ikibazo gikomeye cy’umutekano mu Karere.

  21. Perezida Kagame yakanguriye ingabo z’u Rwanda kwitegura guhangana n’ibibazo bishya bishobora kuvuka

    29 December 2025 at 20:48 Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda Paul Kagame, yageneye ubutumwa busoza umwaka inzego z’umutekano z’u Rwanda ashimira byimazeyo akazi gakomeye zikorera Igihugu.