1. Perezida Kagame yaganiriye n’abashoramari Jack Ma na Jerry Yang

    1 hour ago Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Ugushyingo 2025, yakiriye Jack Ma washinze Ikigo Alibaba Group na Jerry Yang uri mu bashinze urubuga rwa Yahoo, baganira ku mikoranire ihuriweho mu bijyanye no kwihangira imirimo n’udushya mu ikoranabuhanga.

  2. Aba DASSO basoje amahugurwa bibukijwe ko umutekano ureberwa mu buryo bwagutse

    1 hour ago Abagize urwego rwunganira Uturere mu gucunga umutekano (DASSO), bibukijwe ko umutekano ugomba kureberwa mu buryo bwagutse, burimo n’ibishobora kubangamira imibereho myiza y’abaturage.

  3. Unity Club yifatanyije n
    Abanyamuryango ba Unity Club bifatanyije n’ababyeyi b’Intwaza kwizihiza Noheli n’Ubunani

    3 hours ago Abanyamuryango ba Unity Club Intwararumuri, basuye ababyeyi b’Intwaza batuye mu rugo rw’Impinganzima rwa Bugesera, mu rwego rwo gusabana no kubifuriza iminsi mikuru myiza ibinjiza mu mwaka mushya wa 2026.

  4. Polisi yafashe abantu umunani bakurikiranyweho ubujura bw’ibikoresho by’ikoranabuhanga

    4 hours ago Polisi y’u Rwanda mu bikorwa bitandukanye yagaruje ibikoresho by’ikoranabuhanga byibwe, hafatwa abantu umunani (8) bakekwaho kugira uruhare muri ubwo bujura.

  5. Abavuzi b
    Ubuvuzi bw’amatungo bwongerewe imbaraga hagamijwe kunoza serivisi

    4 hours ago Leta y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI), ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), yatangije ku mugaragaro gahunda nshya izatuma serivisi zitangwa mu buvuzi bw’amatungo zinyura aborozi.

  6. KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons

    4 hours ago

  7. Ikipe ya APR women basketball club iresurana na Al Ahly muri 1/2
    Basketball: APR WBBC irisobanura na Al Ahly muri 1/2, REG igomba gushaka umwanya mwiza

    6 hours ago Mu mikino ihuza amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane w’ Afurika muri Basketball y’abagore, ikipe ya APR yamaze kugera muri 1/2 naho REG yo igomba kujya gushaka imyanya myiza.

  8. Abana barwaye ‘Autism
    Abana bafite ‘Autism’ bizihije Noheli banagenerwa impano

    8 hours ago Abana bafite Autism bitabwaho n’ikigo cya Autism Rwanda, bizihije Noheli banagenerwa impano zitandukanye, ndetse n’umuryango Rotary Club ukaba wageneye iki kigo impano y’ibikoresho binyuranye byifashishwa mu kwita kuri aba bana.

  9. Abakiriya ba BK ntibayifata nka Banki gusa kuko ari umutabazi
    Abakiriya ba BK ntibayifata nka Banki gusa kuko ari umutabazi

    8 hours ago Abakiriya ba Banki ya Kigali (BK), by’umwihariko abazwi nk’abakiriya banini, basanga atari banki gusa ahubwo ari umutabazi wabo, kuko ibaba hafi igihe cyose bayikeneye ikabatabara, ikabakura aho babonaga ko ibyabo birangiye.

  10. Ikipe ya Gisagara yageze ku mukino wa nyuma nyuma yo gutsinda Police VC biyoroheye
    Amakipe ya APR, Gisagara na Police yageze ku mukino wa nyuma wa BK Arena Volleyball Cup

    13 December 2025 at 01:16 Amakipe ya APR na Police mu cyiciro cy’abagore na Gisagara na APR mu cyiciro cy’abagabo, yageze ku mukino wa nyuma wa BK ARENA Volleyball Cup.

  11. Banki ya Kigali(i Bumoso), MTN Rwanda(i Buryo), abasora bamaze imyaka 10+ basora neza
    Ikigo cy’Igihugu cy’imisoro n’amahoro cyahembye abasora 20 b’indashyikirwa

    12 December 2025 at 20:54 Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) kuri uyu wa Gatanu cyashimiye abasora neza bashyikirizwa ibihembo byabo.

  12. Alibaba yizeye ko Afurika igiye kubona abashoramari bazahindura umugabane

    12 December 2025 at 20:15 Ibihumbi by’abanyarwanda n’abashyitsi biganjemo ba rwiyemezamirimo bakoraniye I Kigali muri Convention Centre aho baje kumva abahize abandi mu mishinga y’ishoramari yitezweho guhindura Afurika.

  13. Gusora ni igikorwa kigaragaza agaciro duha Igihugu- Minisitiri w’Intebe

    12 December 2025 at 19:38 Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Justin Nsengiyumva yagaragaje ko gusora ari kimwe mu bikorwa bigaragaza agaciro abasora baha igihugu, kubera ko bibafasha kubaka u Rwanda rwihagije, rufite ubushobozi bwarwo kandi rutekanye.

  14. Umubare w’abasora wiyongereyeho abarenga ibihumbi 100

    12 December 2025 at 18:34 Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro (RRA), cyatangaje ko umubare w’abasora mu Rwanda wiyongereyeho abandi bashya barenga ibihumbi 100 mu mwaka ushize w’ingengo y’imari (2024-2025).

  15. Gusaba uburenganzira bwo guhindura izina

    12 December 2025 at 12:36

  16. Nta bwoko bwa avoka mu Rwanda butagurishwa ku isoko mpuzamahanga
    Nta bwoko bwa avoka mu Rwanda butagurishwa ku isoko mpuzamahanga

    12 December 2025 at 11:09 Abahinzi ba avoka mu Rwanda barakangurirwa kuzongera zikaba nyinshi ndetse no kwita ku zo basanzwe bafite, kuko ari imari ishyushye muri iki gihe, cyane ko nta bwoko na bumwe bwazo budafite isoko haba mu Rwanda ndetse no mu mahanga.

  17. Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare b’amapeti atandukanye

    12 December 2025 at 06:47 Perezida wa Repubulika Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera abasirikare bafite amapeti atandukanye, harimo ba Colonel Innocent Munyengango na François Regis Gatarayiha bahawe ipeti rya Général de Brigade.

  18. Basezeranye biyemeza gusezerera ihohoterwa
    Ruhango: Imiryango 30 yasezeranye yiyemeza gusezerera ihohoterwa

    12 December 2025 at 05:57 Imiryango 30 yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko mu Murenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango, irahamya ko imibanire itemewe n’amategeko yari intandaro ikomeye yo gukimbirana ku mugore n’umugabo n’abandi bagize umuryango.

  19. Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame

    11 December 2025 at 22:58

  20. Al-Hilal imaze gukusanya amanota 10 mu mikino 4 imaze gukina muri shampiyona ya Rwanda Premier League
    RPL: Girumugisha yafashije Al-Hilal kunyagira Bugesera FC

    11 December 2025 at 21:17 Ikipe ya Al-Hilal yo mu gihugu cya Sudan itsinze ikipe ya Bugesera FC ibitego 3-1 ikomeza kwigira imbere ku rutonde rwa shampiyona.

  21. Abandi Banyarwanda 337 babaga muri RDC batahutse

    11 December 2025 at 21:12 U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda 337 babaga mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), barimo abagabo 22.