1. Abasirikare basoje amahugurwa basabwe gukomera ku kinyabupfura

    2 hours ago Brigade y’Abasirikari bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) igizwe na ba Ofisiye ndetse n’abasirikare ku zindi nzego, kuri uyu wa Mbere tariki 22 Ukuboza 2025, basoje neza amahugurwa y’amezi ane yo ku rwego rwo hejuru, arushaho kubatyaza mu bumenyi mu bya gisirikare, ariko banibutswa ko ikinyabupfura ari cyo kiza mbere.

  2. Abadepite bemeje inguzanyo iturutse mu Bufaransa

    3 hours ago Umutwe w’Abadepite watoye itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano y’inguzanyo hagati y’Ikigo cy’Ubufaransa cy’Iterambere (Agence Française de Développement) na Repubulika y’u Rwanda, yerekeranye n’inguzanyo ya miliyoni makumyabiri n’eshanu z’Amayero (25.000.000 EUR).

  3. Ndabashimira kuba mwarahisemo neza - Minisitiri Biruta ku bapolisi basoje amahugurwa

    4 hours ago Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yashimiye abapolisi 1903 basoje amahugurwa, kuba barahisemo umwuga mwiza.

  4. Amakipe azegukana FERWAFA-Super Cup yazamuriwe amafaranga

    4 hours ago Mugihe habura iminsi micye ngo igikombe kiruta ibindi mu Rwanda (Ferwafa Super Cup) gikinirwe, Ferwafa yatangaje ko abazacyegukana amafaranga yamaze kuzamurwa.

  5. Akademi y’ikidage mu Rwanda yabonye uburenganzira bwo gutanga impamyabushobozi mpuzamahanga

    6 hours ago Akademi yigisha Ikidage mu Rwanda yavuze ko yabonye uburenganzira bwo gutanga impamyabumenyi (certificat) mpuazamahanga, bikaba bizafungurira Abanyarwanda benshi amarembo yo kwiga no gukorera ku rwego mpuzamahanga.

  6. Wellars Gasamagera(i Bumoso) ahererekanya ububasha n
    Umunyamabanga mukuru mushya wa FPR Inkotanyi yatangiye imirimo

    7 hours ago Umunyamabanga mukuru mushya w’umuryango FPR Inkotanyi Amb. Bazivamo Christophe yatangiye imirimo kuri uyu wa 22 Ukuboza.

  7. Ibizamini Mpuzamahanga bya PISA bije guteza imbere integanyanyigisho

    8 hours ago Kuva muri Mata 2025, u Rwanda rwatangiye kwitabira isuzuma mpuzamahanga mu banyeshuri biga mu mashuri yisumbuye bafite imyaka 15, hagamijwe kwipima bakareba aho uburezi bw’u Rwanda buhagaze mu ruhando mpuzamahanga.

  8. Bruno Ferry yatangiye akazi ko gutoza Rayon Sports
    Umutoza wa Rayon Sports Bruno Ferry yatangiye akazi

    9 hours ago Nyuma yo gusinyira ikipe ya Rayon Sports nk’umutoza mukuru, umufaransa Bruno Ferry yatangiye akazi ko gutoza “Gikundiro” nkuko abakunzi bayo bayitazira.

  9. Mu gihugu kitabamo gutwika amapine: Polisi yerekanye imyitozo yo guhosha imyigaragambyo

    9 hours ago Abapolisi bato 1905 bashoje amasomo abinjiza mu giporisi, aho mu myitozo inogeye ijisho bagaragaje mu birori byerekana ibyo bize, harimo guhosha imyigaragambyo.

  10. Abaturage ba Goma barasaba Amerika kubarekera ‘M23 yabo’

    11 hours ago Abaturage b’i Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo baramukiye mum myigaragambyo basaba ko Amerika ireka kwivanga mu bibazo bya RDC.

  11. Uyu mugabo arafasha abana mu dukino twabo
    Gatsibo: Uruhare rw’abagabo muri ECD rwatumye abana barushaho kwibona mu muryango wuzuye

    22 December 2025 at 10:26 Gahunda ya ‘Papa Rumuri’ mu ngo mbonezamikurire zifashwa na Caritas Rwanda binyuze mu mushinga wa ECD uterwa inkunga na Plan International Rwanda, yatumye zirushaho gukora neza, birenga kuba mu rugo mbonezamikurire gusa, kuko uruhare rw’umugabo mu kwita ku mwana rwarushijeho kugaragara mu miryango.

  12. Agace ka mbere mbere ka shampiyona ya volleyball yo kumucanga, kasorejwe I Rwamagana
    Abakinnyi ba APR bihariye ibihembo muri shampiyona ya volleyball yo ku mucanga

    22 December 2025 at 07:58 Munezero Valentine na Uwiringiyimana ba APR VC, Paul Akan wa APR na Gisubizo wa REG VC nibo begukanye umunsi wa mbere wa shampiyona ya volleyball yo kumucanga.

  13. Mozambique: Inzego z’Umutekano z’u Rwanda zifatanyije n’abaturage muri siporo rusange

    22 December 2025 at 06:58 Inzego z’Umutekano z’u Rwanda (RSF) ziri mu Ntara ya Cabo Delgado mu Majyaruguru ya Mozambique, ku Cyumweru tariki 21 Ukuboza 2025, zitabiriye igikorwa cya siporo rusange aho bari kumwe n’abaturage ndetse n’abayobozi b’inzego z’ibanze.

  14. Cyusa Ibrahim n’Abami b’Igisope bagiye kwinjiza neza Abanyarwanda mu mwaka mushya

    21 December 2025 at 16:09 Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Gakondo, Cyusa Ibrahim afatanyije n’Abami b’Igisope barimo Munyanshoza Dieudonné bakunze kwita Mibirizi, bagiye gutaramira Abanyarwanda babinjiza mu mwaka mushya wa 2026.

  15. AI irimo kwirukana abakozi irakaye cyane
    Ese Ubwenge Buhangano (AI) bushobora gusimbura umuntu?

    21 December 2025 at 15:23 Kimwe mu bibazo bikomeje kugibwaho impaka muri tekinoloji uyu munsi, ni ukumenya niba Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence/AI) bushobora kuzagera aho busimbura burundu abantu mu kazi.

  16. Ifoto(yatanzwe na AI) yerekana imiterere y
    Ba buhinja n’inshuke 27% baracyari mu mutuku: Uko ikibazo giteye

    21 December 2025 at 11:36 Raporo irebana n’imibare ijyanye n’ubuzima mu Rwanda, Demographic and Health Survey ya karindwi, iherutse kugaragaza neza urugendo u Rwanda rufite mu kurandura ikibazo cy’igwingira mu bana,

  17. 28 barimo Abanyamahanga bahuguwe ku Mukino Njyarugamba ’MMA’ (Amafoto)

    21 December 2025 at 00:38 Nyuma y’amezi abiri ryemewe n’amategeko, mu mpera z’iki cyumweru, Ishyirahamwe ry’Umukino Njyarugamba (Mixed Martial Arts) mu Rwanda ku nshuro ya kabiri ryateguye amahugurwa ya tekinike mu mukino Njyarugamba wa MMA yitabiriwe n’abantu 28 biganjemo abakiri bato barimo n’Abanyamahanga bane.

  18. APR FC yongeye gufata umwanya wa kabiri ku rutonde rwa shampiyona rw
    APR FC yatsinze Gasogi United, Police FC ikomeza kuyobora

    20 December 2025 at 22:30 Umunsi wa 12 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru usize ikipe ya APR FC ifashe umwanya wa kabiri naho POLICE FC ikomeza kuyobora nyuma yo gutsinda Etincelles.

  19. Irebere uko Umujyi wa Kigali warimbishijwe hitegurwa iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani

    20 December 2025 at 22:18

  20. Abanyakigali bibukijwe ko kumena imyanda mu gishanga ari kirazira

    20 December 2025 at 19:10 Abatuye Umujyi wa Kigali bibukijwe inshingano bafite kurinda no kubungabunga ibidukikije, birinda kumenamo imyanda, kuko iyo ari kirazira.

  21. Kigali: Banenga serivisi bahabwa kwa muganga kubera kurangaranwa

    20 December 2025 at 15:01 Abaturage bo mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali, bahangayikishijwe n’abashinzwe gutanga serivisi z’ubuvuzi babarangarana igihe bagiye kwivuza, ibyo bavuga ko bishobora kuviramo bamwe kuhaburira ubuzima kubera kutitabwaho uko bikwiye.