1. Abana mwabasigiye abayaya - Inararibonye Tito Rutaremara

    2 hours ago Umuyobozi w’Urwego ngishwanama rw’inararibonye, Tito Rutaremara, ashima abarimu bakora akazi kabo ko kwigisha batizigamye, ariko akagaya ababyeyi basigaye baratereye iyo.

  2. Hari ibimenyetso bine byerekana umuryango urwaye – Dr Chaste Uwihoreye

    3 hours ago Dr Chaste Uwihoreye inzobere mu by’imitekerereze n’ubuzima bwo mu mutwe yavuze ko umuryango ujya gusenyuka ubanza ukarwara ndetse ukiremamo amatsinda biturutse ku mpamvu nyinshi ariko zishobora kuvurwa zigakira.

  3. Muhorane amahoro n’imigisha y’Imana - Ubutumwa bwa Perezida Kagame

    5 hours ago Perezida Paul Kagame na Madame Jeannette Kagame bazimaniye abanyarwanda mu birori byo gusoza umwaka wa 2025

  4. Perezida Kagame yazamuye urukiramende ku rubyiruko rw’u Rwanda

    6 hours ago Perezida Paul Kagame yabwiye urubyiruko ko u Rwanda rubategerejeho umusanzu ukomeye wo guteza igihugu imbere.

  5. Perezida Kagame yabasengereye ariko abibutsa ko utwara yanyoye polisi itamwihanganira

    6 hours ago Ku mugoroba w’iya 9 Ukuboza, Perezida Kagame yakiriye abatari bacye mu gitaramo cyo gusoza umwaka kuri Kigali Convention Centre, ariko abibutsa ko utwara yanyoye Polisi nawe itamwihanganira.

  6. Koperative Umwalimu Sacco yungutse miliyari 24 Frw uyu mwaka

    30 December 2025 at 01:30 Koperative yo kuzigama no kugurizanya y’Abarimu-Umwalimu SACCO yungutse Miliyoni 24 frw mu mwaka wa 2025.

  7. Umuhanzi Ali Kiba yageze i Kigali (Amafoto)

    30 December 2025 at 00:32 Umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Tanzania, Ali Saleh Kiba uzwi cyane nka Ali Kiba mu muziki, yageze i Kigali kuri uyu wa Mbere tariki 29 Ukuboza 2025.

  8. Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite

    30 December 2025 at 00:06

  9. Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko FDLR ikiri imbogamizi ku mutekano w’akarere

    29 December 2025 at 23:05 Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb Olivier Nduhungirehe yavuze ko umutwe wa FDLR uterwa inkunga n’ubutegetsi bw’i Kinshasa ukomeje kuba ikibazo gikomeye cy’umutekano mu Karere.

  10. Perezida Kagame yakanguriye ingabo z’u Rwanda kwitegura guhangana n’ibibazo bishya bishobora kuvuka

    29 December 2025 at 20:48 Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda Paul Kagame, yageneye ubutumwa busoza umwaka inzego z’umutekano z’u Rwanda ashimira byimazeyo akazi gakomeye zikorera Igihugu.

  11. Bitarenze 31 Ukuboza 2025: BRD Irafata inshingano zose zari zifitwe na BDF

    29 December 2025 at 20:39 Banki y’Iterambere y’u Rwanda (BRD Plc) iramenyesha Abanyarwanda bose ko guhera tariki ya 31 Ukuboza 2025, izafata mu nshingano serivisi zose zatangwaga n’Ikigega Gishinzwe Iterambere ry’Ubucuruzi (BDF).

  12. Kamonyi: Mu mezi atatu abarenga 200 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina

    29 December 2025 at 18:38

  13. Abarenga ibihumbi 30 bamaze guhabwa Imidali n’Impeta by’Ishimwe mu Rwanda

    29 December 2025 at 18:12 Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidali n’Impeta by’Ishimwe (CHENO), rwatangaje ko abamaze guhabwa imidali n’impeta by’ishimwe mu Rwanda barenga ibihumbi 30, bagiye bayihabwa mu bihe bitandukanye.

  14. RPL: Police FC yaratsikiye, Rayon Sports itera intambwe isubira inyuma

    29 December 2025 at 14:56 ‎Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, Rwanda Premier league, mu mpera z’icyumweru gishize yarakomeje hakinwa umunsi wa 13, Police FC itsindwa umukino wa mbere, APR FC itsinda AS Muhanga naho Rayon Sports inganya na Etincelles FC.

  15. Kwitaba Telefoni mu buryo bw’ikoranabuhanga bigiye kuvanwa mu makosa yo mu muhanda

    29 December 2025 at 14:19 Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, yasobanuye ko gukoresha telefoni utwaye ikinyabiziga bigiye kujya bifatwa nk’ikosa gusa mu gihe umuyobozi w’ikinyabiziga afashe telefoni mu ntoki.

  16. Gen Sylvain Ekenge
    Ijambo rya Gen Ekenge ritesha agaciro Abatutsikazi ntaho ritaniye n’imvugo za Kangura - Umushakashatsi w’Umunyekongo

    29 December 2025 at 13:47 Mu mpera z’iki cyumweru turangije, ku mbuga nkoranyambaga hari higanje ubutumwa bwuzuye amarangamutima avanze n’agahinda, kubera busubiza imvugo za Gen Sylvain Ekenge, Umuvugizi w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC), zitesha agaciro Abatutsi n’Abatutsikazi by’umwihariko.

  17. Senderi Hit yashimishije ab
    Sinari kwishima ntagize icyo nkora nk’umuhanzi uvuka Iburasirazuba - Senderi nyuma yo gutaramira ku ivuko

    29 December 2025 at 12:05 Umuhanzi Senderi International Hit yavuze ko bitari bumushimishe ngo agubwe neza, iyo atagira igikorwa gifatika akorera Intara y’Iburasirazuba avukamo, by’umwihariko mu Karere ka Kirehe.

  18. Israel Mbonyi
    Igitaramo cya Israel Mbonyi i Rubavu cyasubitswe mu buryo butunguranye

    29 December 2025 at 06:57 Igitaramo ‘Icyambu Live Concert’ cya Israel Mbonyi cyari giteganyijwe kubera i Rubavu ku itariki ya 1 Mutarama 2026, cyasubitswe ku munota wa nyuma.

  19. Sylvain Ekenge imbonankubone kuri RTNC, 28 Ukuboza 2025
    AFC/M23 Yagereranyije Televiziyo ya Leta ya Congo na Radiyo RTLM yicishije abatutsi mu Rwanda

    29 December 2025 at 06:39 Umuvugizi w’Umutwe AFC/M23 Lawrence Kanyuka yagaragaje ko ikiganiro Televiziyo ya Leta ya Congo yanyujijeho imbonankubone kuri iki cyumweru ubwo yakiraga umuvugizi w’Igisirikare cya Congo FARDC Gen. Sylvain Ekenge kigaragaza ko iri tangazamakuru rya Leta ntaho ritaniye n’iryashishikarije abahutu urwango ku batutsi, kugeza bakoze Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994.

  20. Amagambo umuvugizi wa FARDC yakuye mu mategeko icumi y’Abahutu yateje impagarara

    29 December 2025 at 03:30 Abanyarwanda n’abakunda amahoro bakomeje kwamagana amagambo y’urwango n’ingengabitekerezo ya Jenoside ikomeye yagaragajwe n’umuvugizi w’Igisirikare cya Leta ya Congo, Jenerali Sylvain Ekenge.

  21. Byari uburyohe ku bitabiriye igitaramo ‘Igisope Experience’ (Amafoto)

    29 December 2025 at 02:00 Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 28 Ukuboza 2025, ku mbuga yo kuri Kigali Convention Centre habereye igitaramo cyiswe Igisope Experience, aho abacyitabiriye baryohewe n’indirimbo z’abahanzi barimo Makanyaga Abdul, Dauphin, Chicorea, Indashyikirwa, n’abandi. Ni igitaramo kiri muri gahunda izamara icyumweru yateguwe n’Umujyi wa Kigali, mu rwego rwo gufasha abawutuye kuryoherwa n’impera z’umwaka wa 2025 bitegura gutangira uwa 2026.