1. Elon Musk
    Elon Musk yashinze ishyaka yise ‘Parti de l’Amérique’

    1 hour ago Umuherwe w’Umunyamerika ari na we nyiri urubuka rwa X rwahoze rwitwa Twitter, Elon Musk, yashinze ishyaka rye yise Parti de l’Amérique, abasesenguzi bakavuga ko ari ikintu gikomeye muri politiki ya Leta zunze Ubumwe za Amerika, ahari hasanzwe amashyaka abiri gusa akomeye asimburana ku butegetsi.

  2. #LiberationCup: Police itsinze REG isanga APR ku mukino wa nyuma

    10 hours ago Mu mukino wa 1/2 mu bagabo wahuje ikipe ya REG VC na Police VC, Police VC itsinze REG amaseti 3-2 isanga ikipe ya VC ku mukino wa nyuma.

  3. Rwanda Mountain Gorilla Rally: Umunyakenya Karan Patel ntiyahiriwe n’umunsi wa kabiri

    11 hours ago

  4. Rayon Sports na APR FC zigiye guhabwa arenga miliyoni 140 Frw

    5 July 2025 at 19:38 Amakipe ya Rayon Sports na APR FC azahabwa arenga miliyoni 143 Frw kubera kwitabira imikino Nyafurika.

  5. Inzu zatashywe
    Muhanga: Imiryango 20 yahawe inzu zatwaye asaga miliyoni 160

    5 July 2025 at 13:32 Imiryango 20 itishoboye yari ibayeho nabi itagira aho ikinga umusaya, mu Kagari ka Gifumba mu Murenge wa Nyamabuye yahawe inzu bubakiwe ku bufatanye bw’Akarere ka Muhanga n’Abafatanyabikorwa, mu rwego rwo kwizihiza isabukuru ya 31 yo Kwibohora.

  6. Brazil yageze ku mukino wa nyuma
    Brazil ya Okwi na Muhadjili yageze ku mukino wa nyuma wa "Esperance Football Tournament"

    5 July 2025 at 11:56 Ikipe igizwe n’abarimo Emmanuel Arnold Okwi, Hakizimana Muhadjili yageze ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya Esperance Football Tournament.

  7. Rwanda Mountain Gorilla Rally 2025: Uko umunsi wa mbere wagenze

    5 July 2025 at 11:54

  8. Ruto yemeza ko arimo kubaka urusengero muri Perezidanzi (Ifoto: Uzalendo News)
    Kenya: Ntibavuga rumwe ku rusengero Ruto arimo kubaka muri Perezidansi

    5 July 2025 at 10:32 Perezida wa Kenya, William Ruto arimo kubaka urusengero runini muri Perezidansi y’iki gihugu, ariko abaturage ntibabyumva kimwe kuko babona bitari bikwiye, gusa we akavuga ko ntawe ugomba kwitambika uwo mushinga, cyane ko amafaranga azakoreshwa azava ku mufuka we.

  9. Nigeria: Abanyarwanda n’inshuti zabo bizihije umunsi wo #Kwibohora31

    5 July 2025 at 09:03 Ku wa Gatanu tariki ya 4 Nyakanga 2024, Abanyarwanda baba mu gihugu cya Nigeria, abayobozi mu nzego za Leta y’iki gihugu, abahagarariye ibihugu byabo, abakozi b’imiryango mpuzamahanga n’inshuti z’u Rwanda, bizihije umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 31.

  10. U Rwanda rwakoze iki ku buryo Isi yose iruhagurukira?-Perezida Kagame

    5 July 2025 at 03:44 Perezida wa Repuburika Paul Kagame avuga ko mu myaka ine ishize, Isi yose yateraniye ku Rwanda akumirwa agereranyije n’u Rwanda azi, akibaza uko ruteranirwaho n’Isi yose n’ukuntu bishoboka, akibaza n’icyo u Rwanda ruba rwakoze ngo Isi yose ihaguruke irwamagane inavuge u Rwanda.

  11. Gen. Mubarakh Muganga agerageza gutwara umupira
    APR FC yasubiye ku ivuko mu birori biryoheye ijisho hamurikwa ibirimo Stade, n’ibirango bishya ( Amafoto)

    4 July 2025 at 22:19 Kuri uyu wa Gatatu, ikipe ya APR FC yasubiye ku ivuko , ku Mulindi w’Intwari mu karere ka Gicumbi aho yavukiye mu 1993 mu birori byo kwizihiza igihe imaze byateguwe n’abafana bigahuza n’umunsi wo Kwibohora.

  12. Irebere uko ibirori bya ‘APR ku Ivuko’ byari byifashe ku Mulindi w’Intwari

    4 July 2025 at 19:34

  13. RDC nidasenya FDLR u Rwanda ruzakomeza guhangana n’iki kibazo uko bisanzwe - Perezida Kagame

    4 July 2025 at 18:49 Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda ruzubahiriza amasezerano aherutse gusinywa hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), yo gushakira amahoro uburasirazuba bw’iki gihugu, ariko kandi nikidasenya FDLR u Rwanda ruzakomeza guhangana n’iki kibazo uko bisanzwe.

  14. Ntawe dusaba uruhushya rwo kurinda Igihugu cyacu - Perezida Kagame

    4 July 2025 at 17:21 Mu kiganiro Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 04 Nyakanga 2025, yibanze ku masezerano y’amahoro u Rwanda rwagiranye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo DRC muri Amerika, ko niba umutwe wa FDLR utarwanyijwe, ugakomeza kuba ikibazo cy’umutekano muke, ntawe u Rwanda ruzasaba uruhushya rwo kwirindira umutekano.

  15. APR ku Ivuko: Ibirori bibereye ijisho ku Mulindi w’Intwari (Amafoto)

    4 July 2025 at 16:02 Kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Nyakanga 2025, umunsi u Rwanda rwizihiza #Kwibohora31, ikipe ya APR FC yagiye kwizihiriza uyu munsi aho yavukiye ku Mulindi w’Intwari mu Karere ka Gicumbi, aho iri kumwe n’abayobozi batandukanye n’abakunzi bayo, ibirori byiswe ‘APR ku Ivuko’, ikaba ari isabukuru yayo ya 32.

  16. Imiryango itishoboye yubakiwe inzu zigezweho
    2025: Ingabo na Polisi bubakiye abatishoboye inzu 70, bavura abasaga ibihumbi 40

    4 July 2025 at 09:16 Minisiteri y’Umutekano mu Gihugu, MININTER, itangaza ko mu bikorwa ngarukamwaka byo kwegera abaturage umwaka wa 2024-2025, Ingabo na Polisi y’Igihugu bubakiye abaturage batishoboye inzu 70, ibiraro 13 bifasha Uturere guhahirana, banubaka ibyumba by’amashuri y’incuke 10.

  17. Ribara uwariraye - Ikiganiro cyihariye n’umuvugizi wungirije wa RDF

    4 July 2025 at 08:36

  18. Kuzahura urwego rw’ubuzima, guhangana n’ubukene nyuma ya Jenoside… Ikiganiro na Dr Vincent Biruta

    4 July 2025 at 08:23

  19. Vincent Biruta, umuganga watangiranye n’Igihugu cyashakaga umuti w’ubukene

    3 July 2025 at 23:57 Mu myaka 31 ishize, imvugo igira iti ‘u Rwanda ruraryoshye’ yari kumvikana nabi mu matwi y’Abanyapolitiki batangiranye n’iki gihugu.

  20. Intangazo rusange ryerekeye gusubiza isosiyete mu gitabo cy’amasosiyete

    3 July 2025 at 22:31

  21. Senderi Hit ashimisha benshi mu bitaramo bye
    Senderi Hit agiye gukora ibitaramo bizenguruka Igihugu

    3 July 2025 at 17:56 Umuhanzi Eric Senderi International Hit, agiye gukorera ibitaramo mu turere 13 tw’u Rwanda, mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 amaze mu ruganda rw’umuziki nyarwanda.