29 Mar 2024

Abo turibo

Abo turibo

Kigali Today ni ikinyamakuru gikorera kuri Interineti cya sosiyete yigenga “Kigali Today Ltd”.

Iki kinyamakuru kihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bagisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Jean Charles Kanamugire, Umuyobozi mukuru wa Kigali Today Ltd
Jean Charles Kanamugire, Umuyobozi mukuru wa Kigali Today Ltd

Kugira ngo ibyo bigerweho, Kigali Today ikoresha abanyamakuru babyize kandi babifitiye uburambe, bubahiriza kandi bakaba banasobanukiwe n’amahame (deontological code) agenga umwuga wabo.

Tuzajya tubagezaho inkuru zanditse, izo mu majwi, mu mashusho, mu bishushanyo ndetse dukoreshe n’ubundi buryo bwose bwakoreshwa mu gutanga amakuru, kwigisha, kuvuganira ndetse no gushimisha abasura urubuga rwacu.

Aho icyicaro gikuru giherereye: CHIC building / First floor

"Amamaza ibikorwa byawe hamwe natwe"

Waba wifuza kwamamaza ibikorwa byawe kuri Kigali Today?

Isanzure utwandikire kuri [email protected] utumenyeshe ibikorwa byawe, natwe turabisakaza muri buri karere ku Rwanda no hanze y’igihugu!

Waba wifuza kwamamaza ibikorwa byawe kuri KT Radio 96.7 & 107.9FM, KT Press?

Waba wifuza ko dukurikirana ( Live ) ibikorwa byawe? Waba wifuza ko twandika inkuru ku bikorwa byawe, " bikamenyekana hirya no hino "?

Isanzure utwandikire:

Sales Department

Tel: +250 788351366

Email: [email protected], [email protected]

Murakoze.

Ibitekerezo

uraho neza bakundwa; mbanje kubashimira kuko nkatwe turihanze tubasha kumyenya amakuru yi wacu.tukamyenya iterambere iwacu bagezeho murakoze ibihe byize iwacu igihugu cyamata n’ubuki

tuyisenge jean de dieu yanditse ku itariki ya: 14-03-2019

Mwiriweneza,turabashimira ibiganiro byanyu byiza mutugezaho ndi umukunziwanyu mperereye igasanze mumurenge wanduba nasabagako mwatubwirirawamuntu usobanura indirimbo akadushakira byibura nkiminsi 4 mucyumweru kuko turamwemeracyane murakoze umugorobamwiza iman ibarind

IMANIRADUKUNDA JAMVIER yanditse ku itariki ya: 9-10-2017

mwiriwe neza. mu murenge wa Munini, akarere ka Nyaruguru kuri uyu wa kabiri taliki 3/10/2017. ubuyobozi bw’umurenge wa Munini bufatanyije n’inzego z’umutekano bwakoze igikorwa cyo gukinga amazu yose akorerwamo ubucuruzi umunsi wose. banyiri ibikorwa biriwe ntawukoze, abahahira muri izo centre ubu bategereje ko ubuyobozi bukingura bahebye bahagaze mu mihanda bumiwe. umuyobozi w’umurenge abajijwe n’abaturage igituma afunga aya mazu yasubije ko ubona ibihumbi 20000frw ayazana maze agakingurirwa. ibi bije nyuma yaho ubuyobozi busabiye abafite amazu akorerwamo muri centre zubucuruzi zo mwuyu murenge gusiga amarangi no kunoza isuku nyuma yuko baru bamaze gucibwa amande ya 30000frw nta nteguza. abacuruzi barinubira igisa nitotezwa no kubuzwa imikorere byahato na hato bari gukorerwa nubuyobozi bwumurenge. abaturage nabo baranubira ubuyobozi bubateza ibihombo no kubabangamira. bikaba byateje ubushyamirane hagati ybaturage nubuyobozi. ariko iyo urebye uburyo isuku yitabiriwe bijyanye nibyo umuntu yasabwaga byakozwe ku buryo buhagije. gusa harimo abagikora ibyo basabwa batarabyuzuza. Turasaba ko mwazadusura rwose mukumva akarengane gahari mutuvugire kuko nibirebire ntakwandika ngo ndangize.

alias yanditse ku itariki ya: 3-10-2017

ntegereje igisubiza cyiza

MURAGIJIMANA jean damascene yanditse ku itariki ya: 23-08-2017

Narangije amashuri abanza mbura amafranga none ndasaba ubufasha kgira ngo nige byibuze imyuga mufashe kuko nararenganye kdi ndabbayepe murakoze

MURAGIJIMANA jean damascene yanditse ku itariki ya: 23-08-2017

mutugezaho amakurumezakabisa

sabato bonfils yanditse ku itariki ya: 12-08-2017

Nifuzakomwaduh’amakuruyagabiro

TURINAWE DonatienFROMNKANAKIYOMBENYAGATARE yanditse ku itariki ya: 26-05-2017

ndabishimira

urakoze

janvier yanditse ku itariki ya: 18-04-2017

NDABAKUNDA NKUNDA AMAKURUMEZAMUTUGEZAHO ARIKO NASABAGA KO MWAJYAMUDUSHYIRIRAHO AMAKURUYABA SITAR MURAKOZE MY NMS MANISHIMWE ALPHANI FROM KIGALI

MANISHIMWE yanditse ku itariki ya: 14-04-2017

Igitekerezo Cyanjye Nuko Mbakunda.

Alexis yanditse ku itariki ya: 10-04-2017

Okay nishimiye ko nabambonye inkuru ya Prudance.ariko nifuzaga ko mwatugezaho amakuru ya Messi.

Gentil yanditse ku itariki ya: 5-04-2017

NAJYIRAGO.MUTUBWIRE.IJYIHE.BAZAFOTORERE

SIFA.MUKAHIRWA yanditse ku itariki ya: 26-03-2017

mwazadushyiriyeho umurongo wibitekerezo mumakuru

nizaniyibyiza anastase yanditse ku itariki ya: 12-03-2017

Nanjye nkunda ibiganiro bya KTradio.

LUCIEN HABARUREMA yanditse ku itariki ya: 8-02-2017

Ndifuza Komwadushirira Amakuru Yinyanja Twogamo Kurifacebko

Murwanashyaka yanditse ku itariki ya: 25-01-2017

twasabagako mwatumenyesha itariki yo kwa kwiyandikisha (apply) & competion kubanyeshuri bifuzaga kwiga music ku nyundo college murakoze

habimana liphen yanditse ku itariki ya: 18-12-2016

Ngewe Ndagirango Munsobanurire Uko Umuntu Yakwitwara Kumugenziwe

NShimiyimana Jives yanditse ku itariki ya: 25-11-2016

mwarakoze kutujyezaho amakuru meza asobanutse

moses yanditse ku itariki ya: 8-11-2016

Ese umunt yabona ate inkuru z’imyaka yashize ngo azisome?

Jean de Dieu yanditse ku itariki ya: 26-09-2016

Ndabakundacyane kdi ndabakurikirana mugumye mudutezimbere turabemera.

Ntaganzwa Kalim yanditse ku itariki ya: 10-08-2016

Kuba Tutayumva Hano Iburund Nuruhombo Rwose Ntakibaz Tuzarya Tubiraba Kurubug Thank-you

Niyonzima Elie Iburundi yanditse ku itariki ya: 17-07-2016

Muduhe amakuru ari bimbori bombori

alias yanditse ku itariki ya: 8-06-2016

Muraho mwese?

Ndabashimiye.
Jyewe hari icyo mbasaba nyamara ariko ndanifuzako address yanjye yagirwa ibanga

ESE kuri Kigali today mwaba Meara kirin I range amanota yasohowe n’inama nkuru y’Abaforomo n’Ababyaza?

Biratangaje kandi birababaje
kuko mubantu 800 bakoze NGO kugirango bahabwe uburenganzira bwo gukora umwuga w’igiforomo n’ububyaza hatsinzemo abatarenze 300.

Ndibaza rero nti ese ababajijwe Bose ko bafite za Diplomes baherewe mumashuri y’u Rwanda kimwe no hanze abenshi bakaba banakorera leta hirya no hino mumavuriro.

1.Kiriya kizamini gitegurwa bite? nande? afire ubumenyi bungana iki?

ESE bwaba ari ubuswa bw’utegura? cg abaforomo n’Ababyaza my Rwanda ubumenyi bwabo buri hasi cyane?

None se kiriya kigo nticyaba kirimo kwikorera ubucuruzi?
Doreko utsinzwe isomo 1 gusa asubiramo kandi akishyura akayabo ?
Nabasabaga rero kugera kuri NCNM National council of nurses and midiwives ikorera Ku k’Akarere ka KICUKIRO maze mukatubariza.

Kuko iyo ababazwa batsinzwe ari benshi na MWALIMU aba afite ikibazo. Murakoze.

Umuforomo yanditse ku itariki ya: 3-06-2016

Aba rayon turababaye gusa tugiye gutegura imikino isigaye kandi haracyari ikizere kandi apr nigitwa tuzarwariza kucy’amahoro turabakunda cyane.

Alexis yanditse ku itariki ya: 26-05-2016

IZINA JIVA RISOBANURA IKI?

HARIMANA INNOCA yanditse ku itariki ya: 24-05-2016

twishimiye polisi yigihugu ikomeje kutubungabungira umutekano.

Uwamahoro divine yanditse ku itariki ya: 20-05-2016

Hari amahugurwa mwaba muri gutanga cg muteganya gutanga kubijyanye n’itangazamakuru?

alias yanditse ku itariki ya: 10-05-2016

mutubabarize bazafotora amafoto y indangamuntu ryari

Michael yanditse ku itariki ya: 5-04-2016

Uwashaka ko mwamusura byakunda?

Ruhoraho Claude yanditse ku itariki ya: 5-01-2016

Reka Twitorere Itegeko Nshinga Ibindi Umubyeyi Azabikemura (ibya Ba Veterinary Imana Irabazi Abantu Baribamaze Imyaka Isaga Umunani(8) Bakabakura Mu Kazi Bagashyiramo Abashya Ahubwo Kigalitoday Muzavuganire Abacyuye Igihe Pe Babaye Abashumeri 400 Bose Aha?

MUSONERA BARNABAS yanditse ku itariki ya: 19-12-2015

Kayonza kur’uyu wa gatanu umujura yishwe ubwo yari afashwe ari kwiba

Alias yanditse ku itariki ya: 18-12-2015

TURISHIMIRA RADIO RUSIZI MUMURE WA BWEYEYE ABAYO ZI BACYEMUYE,IBIBAZO BYABATURAGE FURESHE BAKOMEREZE AHOHO

CHIRISITOPHE, yanditse ku itariki ya: 28-11-2015

BAZAFOTORA RYARI

IRANZI yanditse ku itariki ya: 27-10-2015

Iyi radio ko tutayumva mu cyaro?

Jean baptiste yanditse ku itariki ya: 4-10-2015

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.