Kigali Today ni ikinyamakuru gikorera kuri Interineti cya sosiyete yigenga “Kigali Today Ltd”.
Iki kinyamakuru kihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bagisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Kugira ngo ibyo bigerweho, Kigali Today ikoresha abanyamakuru babyize kandi babifitiye uburambe, bubahiriza kandi bakaba banasobanukiwe n’amahame (deontological code) agenga umwuga wabo.
Tuzajya tubagezaho inkuru zanditse, izo mu majwi, mu mashusho, mu bishushanyo ndetse dukoreshe n’ubundi buryo bwose bwakoreshwa mu gutanga amakuru, kwigisha, kuvuganira ndetse no gushimisha abasura urubuga rwacu.
Aho icyicaro gikuru giherereye: CHIC building / First floor
"Amamaza ibikorwa byawe hamwe natwe"
Waba wifuza kwamamaza ibikorwa byawe kuri Kigali Today?
Isanzure utwandikire kuri [email protected] utumenyeshe ibikorwa byawe, natwe turabisakaza muri buri karere ku Rwanda no hanze y’igihugu!
Waba wifuza kwamamaza ibikorwa byawe kuri KT Radio 96.7 & 107.9FM, KT Press?
Waba wifuza ko dukurikirana ( Live ) ibikorwa byawe? Waba wifuza ko twandika inkuru ku bikorwa byawe, " bikamenyekana hirya no hino "?
Isanzure utwandikire:
Sales Department
Tel: +250 788351366
Email: [email protected], [email protected]
Murakoze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
uraho neza bakundwa; mbanje kubashimira kuko nkatwe turihanze tubasha kumyenya amakuru yi wacu.tukamyenya iterambere iwacu bagezeho murakoze ibihe byize iwacu igihugu cyamata n’ubuki
Mwiriweneza,turabashimira ibiganiro byanyu byiza mutugezaho ndi umukunziwanyu mperereye igasanze mumurenge wanduba nasabagako mwatubwirirawamuntu usobanura indirimbo akadushakira byibura nkiminsi 4 mucyumweru kuko turamwemeracyane murakoze umugorobamwiza iman ibarind
mwiriwe neza. mu murenge wa Munini, akarere ka Nyaruguru kuri uyu wa kabiri taliki 3/10/2017. ubuyobozi bw’umurenge wa Munini bufatanyije n’inzego z’umutekano bwakoze igikorwa cyo gukinga amazu yose akorerwamo ubucuruzi umunsi wose. banyiri ibikorwa biriwe ntawukoze, abahahira muri izo centre ubu bategereje ko ubuyobozi bukingura bahebye bahagaze mu mihanda bumiwe. umuyobozi w’umurenge abajijwe n’abaturage igituma afunga aya mazu yasubije ko ubona ibihumbi 20000frw ayazana maze agakingurirwa. ibi bije nyuma yaho ubuyobozi busabiye abafite amazu akorerwamo muri centre zubucuruzi zo mwuyu murenge gusiga amarangi no kunoza isuku nyuma yuko baru bamaze gucibwa amande ya 30000frw nta nteguza. abacuruzi barinubira igisa nitotezwa no kubuzwa imikorere byahato na hato bari gukorerwa nubuyobozi bwumurenge. abaturage nabo baranubira ubuyobozi bubateza ibihombo no kubabangamira. bikaba byateje ubushyamirane hagati ybaturage nubuyobozi. ariko iyo urebye uburyo isuku yitabiriwe bijyanye nibyo umuntu yasabwaga byakozwe ku buryo buhagije. gusa harimo abagikora ibyo basabwa batarabyuzuza. Turasaba ko mwazadusura rwose mukumva akarengane gahari mutuvugire kuko nibirebire ntakwandika ngo ndangize.
ntegereje igisubiza cyiza
Narangije amashuri abanza mbura amafranga none ndasaba ubufasha kgira ngo nige byibuze imyuga mufashe kuko nararenganye kdi ndabbayepe murakoze
mutugezaho amakurumezakabisa
Nifuzakomwaduh’amakuruyagabiro
ndabishimira
urakoze
NDABAKUNDA NKUNDA AMAKURUMEZAMUTUGEZAHO ARIKO NASABAGA KO MWAJYAMUDUSHYIRIRAHO AMAKURUYABA SITAR MURAKOZE MY NMS MANISHIMWE ALPHANI FROM KIGALI
Igitekerezo Cyanjye Nuko Mbakunda.
Okay nishimiye ko nabambonye inkuru ya Prudance.ariko nifuzaga ko mwatugezaho amakuru ya Messi.
NAJYIRAGO.MUTUBWIRE.IJYIHE.BAZAFOTORERE
mwazadushyiriyeho umurongo wibitekerezo mumakuru
Nanjye nkunda ibiganiro bya KTradio.
Ndifuza Komwadushirira Amakuru Yinyanja Twogamo Kurifacebko
twasabagako mwatumenyesha itariki yo kwa kwiyandikisha (apply) & competion kubanyeshuri bifuzaga kwiga music ku nyundo college murakoze
Ngewe Ndagirango Munsobanurire Uko Umuntu Yakwitwara Kumugenziwe
mwarakoze kutujyezaho amakuru meza asobanutse
Ese umunt yabona ate inkuru z’imyaka yashize ngo azisome?
Ndabakundacyane kdi ndabakurikirana mugumye mudutezimbere turabemera.
Kuba Tutayumva Hano Iburund Nuruhombo Rwose Ntakibaz Tuzarya Tubiraba Kurubug Thank-you
Muduhe amakuru ari bimbori bombori
Muraho mwese?
Ndabashimiye.
Jyewe hari icyo mbasaba nyamara ariko ndanifuzako address yanjye yagirwa ibanga
ESE kuri Kigali today mwaba Meara kirin I range amanota yasohowe n’inama nkuru y’Abaforomo n’Ababyaza?
Biratangaje kandi birababaje
kuko mubantu 800 bakoze NGO kugirango bahabwe uburenganzira bwo gukora umwuga w’igiforomo n’ububyaza hatsinzemo abatarenze 300.
Ndibaza rero nti ese ababajijwe Bose ko bafite za Diplomes baherewe mumashuri y’u Rwanda kimwe no hanze abenshi bakaba banakorera leta hirya no hino mumavuriro.
1.Kiriya kizamini gitegurwa bite? nande? afire ubumenyi bungana iki?
ESE bwaba ari ubuswa bw’utegura? cg abaforomo n’Ababyaza my Rwanda ubumenyi bwabo buri hasi cyane?
None se kiriya kigo nticyaba kirimo kwikorera ubucuruzi?
Doreko utsinzwe isomo 1 gusa asubiramo kandi akishyura akayabo ?
Nabasabaga rero kugera kuri NCNM National council of nurses and midiwives ikorera Ku k’Akarere ka KICUKIRO maze mukatubariza.
Kuko iyo ababazwa batsinzwe ari benshi na MWALIMU aba afite ikibazo. Murakoze.
Aba rayon turababaye gusa tugiye gutegura imikino isigaye kandi haracyari ikizere kandi apr nigitwa tuzarwariza kucy’amahoro turabakunda cyane.
IZINA JIVA RISOBANURA IKI?
twishimiye polisi yigihugu ikomeje kutubungabungira umutekano.
Hari amahugurwa mwaba muri gutanga cg muteganya gutanga kubijyanye n’itangazamakuru?
mutubabarize bazafotora amafoto y indangamuntu ryari
Uwashaka ko mwamusura byakunda?
Reka Twitorere Itegeko Nshinga Ibindi Umubyeyi Azabikemura (ibya Ba Veterinary Imana Irabazi Abantu Baribamaze Imyaka Isaga Umunani(8) Bakabakura Mu Kazi Bagashyiramo Abashya Ahubwo Kigalitoday Muzavuganire Abacyuye Igihe Pe Babaye Abashumeri 400 Bose Aha?
Kayonza kur’uyu wa gatanu umujura yishwe ubwo yari afashwe ari kwiba
TURISHIMIRA RADIO RUSIZI MUMURE WA BWEYEYE ABAYO ZI BACYEMUYE,IBIBAZO BYABATURAGE FURESHE BAKOMEREZE AHOHO
BAZAFOTORA RYARI
Iyi radio ko tutayumva mu cyaro?