1. Ngoma: Kubona ubwanikiro bw’umuceri ni tombola

    3 January 2026 at 20:32 Abahinzi b’umuceri bibumbiye muri Koperative COOPRIKI – Cyunuzi bavuga ko kutagira imbuga banikaho umusaruro wabo bibatera igihombo.

  2. Uburusiya na Irani bamaganye icuraburndi Amerika yateje Venezuela

    3 January 2026 at 14:44 Minisitiri y’Ububanyi n’Amahanga ya Iran yamaganye byimazeyo igitero cy’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyagabwe kuri Venezuela, ivuga ko ari ukurenga ku bwigenge n’ubusugire bw’Igihugu mu buryo bweruye.

  3. Abanyarwanda batuye mu Burusiya basangiye ubunani

    3 January 2026 at 14:03 Ambasaderi w’u Rwanda mu Burusiya Maj. Gen. Joseph Nzabamwita yasabye abagize umuryango w’Abanyarwanda batuye muri iki Gihugu gukomeza guharanira guhesha isura nziza u Rwanda bimakaza ubumwe mu bikorwa byose bibahuza.

  4. Perezida Maduro wa Venezuela yafatiwe mu gitero cy’igisirikare cya Amerika

    3 January 2026 at 13:45 Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Perezida Nicolas Madulo wa Venezuela n’umugore we bafashwe bakajyanwa hanze y’igihugu cyabo, bikaba byabaye ubwo igisirikare cya Amerika cyagabaga ibitero bikomeye mu murwa mukuru wa Venezuela, Caracas mu ijoro ryakeye ry’uyu wa Gatandatatu tariki 3 Mutarama 2026.

  5. Mu minsi mikuru impanuka enye zahitanye batatu

    2 January 2026 at 19:15 Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu gusoza impera z’umwaka wa 2025 ndetse no kuwinjiramo umutekano muri rusange wagenze neza uretse impanuka enye zabaye ndetse abandi bagafatwa banyweye ibisindisha.

  6. Perezida Ruto yambariye urugamba rwo kurwanya ubusinzi

    2 January 2026 at 14:52 Perezida William Ruto yatangaje ingamba z’igihugu zikomeye zigamije kurwanya ikoreshwa ry’inzoga n’ibiyobyabwenge.

  7. CAN 2025: Perezida wa Gabon yahagaritse ikipe y’igihugu

    2 January 2026 at 14:32 Perezida wa Repubulika ya Gabon, Brice Clotaire Oligui Nguema, yababajwe bikomeye n’ imyitwarire n’umusaruro w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, nyuma y’icyiciro cy’amatsinda cyafashwe nk’ikitajyanye n’ibyifuzo n’intego z’igihugu mu Gikombe cya Afurika cy’Amakipe y’Ibihugu (CAN) 2025. Ibihano byahise bifatwa bidatinze.

  8. Abanyekongo bavuga ikinyarwanda babwiye Gen. Ekenge uburyo yabababaje

    2 January 2026 at 13:20 Impunzi z’Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda ziri mu nkambi ya Mugombwa, Nyabiheke na Kiziba mu Rwanda, uyu munsi zazindukiye mu myigaragambyo yo kwamagana ivangura Leta ya Congo ikomeje gukorera Abaturage babo bo mu bwoko bw’Abatutsi bavuga Ikinyarwanda/

  9. U Rwanda ruyoboye Afurika mu koroshya ishoramari - Raporo ya Banki y’Isi

    2 January 2026 at 01:06 Raporo ya Banki y’Isi igaragaza uko ibihugu byorohereza ishoramari yashyize U Rwanda ku mwanya wa mbere muri Afurika mu bijyanye no kugira amategeko yorohereza ishoramari n’imikorere inoze.

  10. Kicukiro: Biyemeje gukora irondo ry’umwuga baharanira ko nta cyabahungabanyiriza umutekano

    1 January 2026 at 18:27 Abaturage bo mu Karere ka Kicukiro biyemeje gukora irondo ry’umwuga baharanira ko nta cyabahungabanyiriza umutekano, bakumira icyaha kitaraba, binyuze mu gutangira amakuru ku gihe.

  11. Impunzi z’Abanyekongo mu Rwanda zaramukiye mu myigaragambyo yamagana Leta ya Tshisekedi

    1 January 2026 at 09:49 ’Twebwe nta byishimo dufite nk’abandi bari kwishimira gutangira umwaka mushya, kuko twimwe uburenganzira ku gihugu cyacu, tubaye mu kababaro k’ubuhunzi’

  12. Kigali: Bamwe umwaka bawutangiriye ‘imbere y’Imana’, abandi ‘imbere y’abantu’

    1 January 2026 at 08:12

  13. Kagame yagarutse ku bihe byiza u Rwanda rwagize uyu mwaka

    31 December 2025 at 23:13 Perezida Paul Kagame yagaragaje ko uyu mwaka izina ry’u Rwanda ryogeye hose kubera ibikorwa by’indashyikirwa rwagezeho n’ibirori cyangwa inama zikomeye rwateguye.

  14. Perezida Kagame yasabye urubyiruko kwitangira igihugu

    31 December 2025 at 22:05 Perezida Paul Kagame yabwiye urubyiruko rw’u Rwanda ko ari cyo gishoro gikomeye igihugu gifite, rukaba rukwiye kwitegura icyasabwa cyose ngo rusigasire ibyagezweho, n’iyo byasaba kwitanga.

  15. BK na GLADS Apartment batashye ibikorwa by
    BK na GLADS Apartment batashye ibikorwa by’arenga Miliyari 7Frw

    31 December 2025 at 19:28 Ubuyobozi bwa GLADS Apartment bufatanyije n’ubwa Banki ya Kigali (BK), batashye ku mugaragaro ibikorwa by’ishoramari bifite agaciro k’Amafaranga y’u Rwanda arenga Miliyari 7.

  16. Ibihugu birimo u Buyapani, Koreya n’u Bushinwa byamaze kugera muri 2026

    31 December 2025 at 18:45 Mu gihe hirya no hino ku Isi hari abakibarira amasaha ku ntoki, kugira ngo basoze umwaka wa 2025 ari nako binjira mu mushya wa 2026, hari abamaze kuwugeramo n’abandi bawumazemo amasaha menshi.

  17. Umugabo yareze umugore we wanze kumuha umwijima ngo atabare ubuzima bwe

    31 December 2025 at 12:34 Umugabo wo muri Koreya y’Epfo yajyanye umugore we mu nkiko amushinja kumuta ku bushake (malicious abandonment) amuziza kwanga gutanga igice cy’umwijima we kugira ngo arokore ubuzima bwe.

  18. Ingo nshyashya, izimaze igihe, izikize n’izikennye, amakimbirane ntawe arebera izuba

    31 December 2025 at 11:59 Abadepite bakoze ingendo hirya no hino mu gihugu bareba uko umuryango nyarwanda uhagaze, bagaragaje uko basanze amakimbirane yo mu miryango ari mu byiciro byose by’ubuzima kandi bikajyana n’ingaruka zitandukanye zigera ku bana n’urubyiruko ruyikomokamo.

  19. Abaharanira iterambere ry’umuryango bafashe ingamba nshya

    30 December 2025 at 18:34 Inama yahuje Abadepite, abayobozi mu nzego za Leta na Sosiyete Sivile zifite aho zihuriye n’imibereho y’umuryango, urubyiruko n’abandi bahuriye mu Nama Nyunguranabitekerezo ku muryango utekanye n’uruhare urubyiruko rukwiye kugira bafashe ingamba nshya zizahura umuryango nyarwanda.

  20. Abana mwabasigiye abayaya - Inararibonye Tito Rutaremara

    30 December 2025 at 16:14 Umuyobozi w’Urwego ngishwanama rw’inararibonye, Tito Rutaremara, ashima abarimu bakora akazi kabo ko kwigisha batizigamye, ariko akagaya ababyeyi basigaye baratereye iyo.

  21. Hari ibimenyetso bine byerekana umuryango urwaye – Dr Chaste Uwihoreye

    30 December 2025 at 15:32 Dr Chaste Uwihoreye inzobere mu by’imitekerereze n’ubuzima bwo mu mutwe yavuze ko umuryango ujya gusenyuka ubanza ukarwara ndetse ukiremamo amatsinda biturutse ku mpamvu nyinshi ariko zishobora kuvurwa zigakira.