1. Aho Ndagijimana Callixte yagabaga ibitero muri EMITRA
    Muhanga: Abahebyi bakora ubucukuzi butemewe bakura he imbaraga?

    15 January 2024 at 06:56 Abahebyi ni izina ry’abakora ubucukuzi bw’amabuye butemewe mu Karere ka Muhanga, kubera ko ubwabo basa nk’abanga ubuzima bwabo, kuko ingaruka za mbere bakura muri ubwo bucukuzi ari impfu za hato na hato.

  2. Bamwe mu byamamare ntibabashije kurangiza umwaka wa 2023

    2 January 2024 at 14:53 Umwaka wa 2023 hari abawutangiye ntibawurangiza, bamwe bagenda bazize indwara, abandi bazira impanuka n’ibindi. Dore bamwe mu bantu bari bazwi mu bice bitandukanye by’ubuzima harimo, Politiki, uburezi, imyidagaduro… bapfuye mu 2023.

  3. Ikigo Adam Smith kirasabira abatuye Isi kugira ubutaka ku Kwezi bubanditseho
    Umushakashatsi arasaba ko abantu bagira uburenganzira ku butaka bwo ku kwezi

    15 February 2022 at 15:11 Umushakashatsi mu by’ubukungu w’Umwongereza ukorera Ikigo ‘Adam Smith Institute’, Rebecca Lowe arasaba ibihugu kuvugurura amasezerano mpuzamahanga agenga imicungire y’isanzure (Outer Space Treaty, OST), kugira ngo abatuye Isi bagire ubutaka n’uburenganzira bw’aho bita ahabo ku yindi mibumbe igize isanzure, harimo no ku Kwezi.

  4. Bamwe mu byamamare batabashije kurangiza umwaka wa 2021

    2 January 2022 at 11:08 Umwaka wa 2021 kimwe n’uwawubanjirije wa 2020 yabaye imyaka itoroshye ku Banyarwanda no ku batuye Isi muri rusange, kuko bari bahanganye n’icyorezo cya Coronavirus.

  5. Shyaka Gilbert n
    Uko Shyaka Gilbert n’umugore we bahimbye ikinyoma cyo gushimutwa bagamije guharabika inzego z’umutekano

    12 October 2021 at 20:54 Hashize iminsi mu bitangazamakuru byo mu Rwanda, cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga, humvikana amakuru avuga ko uwitwa Shyaka Gilbert yashimuswe cyangwa yishwe. Ni amakuru yatangiye kumvikana kuva muri Mata 2021 ndetse bamwe babifata nk’ukuri mu gihe amakuru KT Press yagerageje gucukumbura agaragaza ko bitabayeho.

  6. Gikondo: Sodoma iracyari Sodoma, abicuruza baracyahari

    9 September 2021 at 11:59 Agace ka Gikondo karebana n’ahitwa kuri MAGERWA mu Mujyi wa Kigali, ni mu Mudugudu witwa Marembo II, mu Kagari ka Kanserege, mu Murenge wa Gikondo w’Akarere ka Kicukiro, ariko izina rizwi na benshi kuva kera rikaba ari Sodoma.

  7. Iyo bahembwe ngo akenshi hari abishyura pourcent bariye bagatahira aho hakaba n
    Abafundi n’abayede barinubira igihombo baterwa n’ubucuruzi buzwi nka ‘Pourcent’

    20 August 2021 at 16:52 Abafundi n’abayede bakorera mu Mujyi wa Kigali baravuga ko bahangayikishijwe n’igihombo baterwa n’ubucuruzi bukorerwa ahakorerwa ibikorwa by’ubwubatsi (chantier) buzwi nka “Pourcent”.

  8. Ubucukumbuzi: Uburiganya bukorerwa abakoze impanuka kubera kutamenya amategeko

    22 May 2021 at 13:55 Indishyi zigendanye n’impanuka zo mu muhanda ziribwa na bamwe mu bunganira abandi mu by’amategeko, ku bufatanye n’abakomisiyoneri (abahuza), bafatirana ubumenyi buke bw’abakoze impanuka. Akenshi abakoze impanuka ntibaba bazi amategeko abarengera, impamvu ituma bakinirwaho uburiganya.

  9. Bosenibamwe Aimé
    Umwaka wa 2020 utwaye ibyamamare bitari bike

    31 December 2020 at 17:03 Umwaka wa 2020 uzakomeza kugarukwaho nk’umwe mu myaka yabaye mibi muri rusange biturutse ku cyorezo cya COVID-19 cyahitanye abantu hirya no hino ku isi ndetse kigasubiza inyuma ubukungu, ariko hakaba n’abapfuye bazize izindi mpamvu zitandukanye.

  10. Bari bafite uburyo gakondo bwifashishwaga bwabaga bufite isuku kandi nta ngaruka ku buzima bw
    Abaganga n’Abaforomo: Zimwe mu ntwari zabohoye u Rwanda zidakunze kuvugwa ibigwi

    3 July 2020 at 14:18 Hari zimwe mu nkuru Kigali Today yagejeje ku basomyi mu bihe bishize, ariko hari izo abantu bagaragaje ko bakeneye kongera kuzisoma muri iki gihe u Rwanda rwizihiza ku nshuro ya 26 isabukuru yo Kwibohora. Muri izo nkuru harimo iy’abaganga n’abaforomo bagize uruhare mu kubohora u Rwanda, yanditswe tariki 08 Nyakanga 2015. Nawe isomere iyo nkuru ikurikira mu buryo burambuye.

  11. Habineza (wambaye umudali wa zahabu) na Dusabimana bashimirwa ubutwari bagize
    Habineza yaciwe ukuguru, Dusabimana yiba ubwato barwana ku Batutsi (Ubuhamya)

    12 March 2020 at 11:14 Abarinzi b’igihango bo mu Karere ka Karongi bavuga ko mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi bakoze uko bashoboye ngo batabare abahigwaga, bagera hafi yo gupfana na bo aho kubatanga.

  12. Inyubako y
    Impamvu kompanyi z’Abashinwa zitsindira amasoko manini mu Rwanda

    14 November 2019 at 06:47 Mu Mujyi wa Kigali hagaragara iterambere ry’ibikorwa remezo birimo bigaragaza iterambere ry’umujyi, aho usanga inyubako zisigaye zizamurwa ari ndende kandi ngari ugereranyije no mu myaka yashize.

  13. Dore ubujura bw’ibanga rikomeye ku isukari, umunyu, n’umuceri mu maduka mu Rwanda

    9 October 2019 at 16:43 Mu mwaka ushize mu biganiro bitegura amakuru muri Kigali Today hari umunyamakuru wagaragaje ko hari ikibazo cy’ubujura bukomeye kandi bukorwa mu ibanga mu kwiba abaguzi bahaha isukari, umunyu n’umuceri.

  14. Perezida Kagame yabajije impamvu abayobozi bahora basaba imbabazi z
    Kuki hari imyanzuro ihora igaruka mu mwiherero w’abayobozi?

    7 March 2019 at 19:57 Guhera tariki ya 09 Werurwe 2019, mu Rwanda haratangira umwiherero wa 16 w’abayobozi bakuru. Ku nshuro ya 16, abayobozi bazamara iminsi ine mu kigo cy’imyitozo ya gisirikare i Gabiro mu Karere ka Gatsibo, baganira ku ngingo zitandukanye zigamije iterambere ry’igihugu.

  15. RUJUGIRO TRIBERT: Uko umucuruzi arimo kunyereza imisoro mu bihugu bya Afurika

    17 January 2019 at 15:52 Rujugiro Tribert ni umuntu ukunda gushora imari mu nganda zikora itabi mu bihugu bitandukanye bya Afurika, gusa mu myaka mike ishize, hagiye humvikana amakuru y’ uko uwo mucuruzi yaba akora ishoramari ririmo uburiganya, akwepa imisoro n’ibindi byaha bitandukanye.

  16. Mugiraneza Olivier amurika icyuma yakoze gicuruza amata mu buryo bw
    Ese ikoranabuhanga rivumburwa n’urubyiruko rirengera he?

    16 January 2019 at 16:44 Benshi mu rubyiruko rusoza amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro bagaragaza imishinga myiza y’ikoranabuhanga, ikamurikwa igashimwa ariko nyuma ntumenye irengero ryayo.

  17. Mu Rwanda usanga abandikisha akaboko kw
    Byinshi ku bantu bakoresha imoso bafatwa nk’abadasanzwe

    13 August 2018 at 15:38 Abantu batandukanye bakoresha imoso batangaza ko bahura n’ibibazo bitandukanye mu buzima, bituruka ku kuba bafatwa nk’abadasanzwe cyangwa se nk’abafite ikibazo.

  18. Imodoka zihindurira vitensi( Automatic) n
    Imodoka zihindurira vitensi (Automatic) zishobora gukoreshwa mu bizamini bya Polisi

    27 July 2018 at 10:20 Mu mwaka wa 2006, Ishyirahamwe ry’imodoka nini zitwarira abantu hamwe (KBS) ryatangiye gukora mu mujyi wa Kigali. Icyo gihe yatangiranye imodoka 10 gusa. Gusa mu mezi macye izo modoka zatangiye kugenda zigira ibibazo bya hato na hato byasabaga ko zikoreshwa mu igaraji (garage) gusa byari bihenze.

  19. Ngiryo ibanga ryo kwirinda ibiza MIDIMAR itaramenya

    18 July 2018 at 15:09 Ubushakashatsi bwakozwe n’abahanga mu buzima bw’inyamanswa, bugaragaza ko inyamanswa zifite ubushobozi bwo kumva ko agace ziherereyemo hari ibiza biri hafi kuhaba zigahunga.

  20. Dodani nshya ni ngari kandi n
    Guhindura dodani mu mihanda byatanze uwuhe musaruro?

    12 July 2018 at 16:48 Dodani (Dos d’Ane/Humps) ni utuntu tumeze nk’udusozi twubakwa mu mihanda cyane cyane ihuriramo abantu benshi nko mu mihanda yegereye ibigo by’amashuri, amavuriro, amasoko, insengero, ibibuga by’imikino n’ahandi, hagamijwe ko ibinyabiziga bihanyura bigabanya umuvuduko kugira ngo bidateza impanuka kubera urwo rujya n’uruza rw’abantu.

  21. Mu Rwanda gupima imyuka ihumanya birakorwa
    Ibinyabiziga bihumanya ikirere byarahagurukiwe

    10 July 2018 at 12:30 Iyo ugeze ku kigo gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’ibinyabiziga ahitwa kuri "Controle technique", uhasanga imodoka nyinshi zaje kugenzurwa kugira ngo harebwe niba zujuje ibisabwa kugira ngo zibashe kugenda mu Rwanda.