1. Abanyarwanda barenga ibihumbi bibiri bakuwe mu menyo ya FDLR

    17 May 2025 at 15:23 Kuri uyu wa 17 Gicurasi, Abanyarwanda bagera kuri 360 batahutse bava muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, bakirwa mu rwababyaye banyuze ku mupaka munini uhuza u Rwanda na Kongo mu Karere ka Rubavu.

  2. Rubavu: umuhora winjiriragamo magendu wafunzwe

    23 April 2025 at 16:00 Ubuyobozi bw’Intara y’i Burengerazuba bwafunze umuhora ukunze kwinjiriramo magendu mu murenge wa Rubavu, akarere ka Rubavu.

  3. Shyorongi: Impanuka yakomerekeje abagenzi ku muhanda wa Kigali - Musanze

    18 April 2025 at 11:20 Mu muhanda Kigali-Musanze ahazwi nko muri Kanyinya ya Shyorongi habereye impanuka abantu barakomereka.

  4. Huye: Inzu ebyiri z’ubucuruzi zibasiwe n’inkongi

    16 April 2025 at 13:03 Ahitwa mu Cyarabu, mu mujyi i Huye, inzu z’ubucuruzi ebyiri zafashwe n’inkongi y’umuriro ibyari mu byumba byagezwemo n’iyo nkongi birangirika ku buryo urebye ntacyo baramuye.

  5. Ngoma: Abantu 11 bafashwe bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umukobwa w’imyaka 15

    12 April 2025 at 13:05 Abantu 11 bafashwe bashyikirizwa Sitasiyo ya Polisi ya Kibungo, bakaba barimo gukorwaho iperereza ku rupfu rw’umwana w’umukobwa w’imyaka 15 witwa ROVIZASI Divine wigaga mu mwaka wa Gatatu w’amashuri yisumbuye ku kigo cya GS Gahurire giherereye mu Murenge wa Kazo mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba.

  6. Musanze: Imodoka yafashwe yikoreye inzoga zitujuje ubuziranenge

    28 March 2025 at 10:07 Iyo modoka yari ipakiye Litiro 2,720 z’inzoga mu majerekani n’ingunguru byari byuzuye, izivanye mu Murenge wa Rugera mu Karere ka Nyabihu, ikaba yafashwe na Polisi y’u Rwanda ubwo yarimo yerekeza mu Murenge wa Busogo mu Karere ka Musanze ku wa Kane tariki 27 Werurwe 2025.

  7. Brig Gen (Rtd) Frank Rusagara yitabye Imana

    26 March 2025 at 23:28 Brig Gen (Rtd) Frank Rusagara yitabye Imana kuri uyu wa Gatatu tariki 26 Werurwe 2025, azize uburwayi bwa kanseri yari amaranye iminsi.

  8. Kigali: Bafunzwe bazira kwaka abantu amafaranga babizeza akazi ariko ntibakabone

    25 March 2025 at 13:13 RIB yafunze Mungaruriye Eric n’abafatanyacyaha be babiri ari bo Beneyo Jean Norbert na Iradukunda Aliane bakurikiranyweho gushakira inyungu ku bandi hakoreshejwe uburiganya hamwe n’iyezandonke.

  9. Ntirenganya Jean Claude, umukozi wa RIB ushinzwe ibikorwa byo gukumira ibyaha, asaba abaturage kugira amakenga ku byo babwirwa kuko byose biba atari ukuri
    RIB irakangurira abaturage kurushaho kwirinda abatekamutwe

    24 March 2025 at 20:27 Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ntirusiba kwerekana abafatiwe mu byaha by’ubutekamutwe, ubutubuzi n’ubundi buriganya butandukanye, nyamara hadaciye kabiri ukumva abandi bafatiwe muri ibyo byaha bagerageza gutwara iby’abaturage. Iyi ni imwe mu mpamvu RIB iburira abantu ko bakwiye kurushaho kwirinda bene abo bantu baba bashaka kubatwarira ibyabo.

  10. Corneille Nangaa(Iburyo), umuhuza bikorwa wa AFC/M23
    Ese guhagarika imirwano muri RDC bizakunda?

    17 March 2025 at 10:44 Perezida wa Angola akaba n’Umuyobozi w’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), João Lourenço, aherutse gusaba impande ziri mu ntambara mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo guhagarika imirwano guhera Saa Sita z’ijoro ryo ku wa 16 Werurwe 2025.

  11. Ntituri mu bucuruzi bw’amabuye y’agaciro, turarwanira impamvu ifatika - Sultani Makenga

    14 March 2025 at 15:43 Umuyobozi wa Gisirikare w’Umutwe wa M23, General Sultan Makenga, yashimangiye ko intambara barwana ntaho ihuriye n’ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro nk’uko babishinjwa, ahubwo ko barwanira impamvu yumvikana.

  12. Kenya: Abagore batanu bacukuraga zahabu bagwiriwe n’ikirombe barapfa

    6 March 2025 at 09:56

  13. Nta mahoro twagira dushyira M23 ku ruhande - Umuyobozi w’Abasenyeri muri DRC

    19 February 2025 at 20:37 Umuyobozi w’Inama nkuru y’Abepisikopi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Mgr Donacien Nshole, aratangaza ko Igihugu cye kidashobora kugera ku mahoro arambye, igihe cyose gishyize imbere inzira y’intambara no gushyira ku ruhande umutwe wa M23.

  14. Intambara ya Congo: Abanyamadini binjiye mu rugamba

    15 February 2025 at 11:55 Bukavu, umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyepfo waraye mu muriro, cyangwa se ku babirebera hafi, bamaze iminsi bazinga utwangushye, bashaka inzira y’aho bahungira, mu gihe abandi bavuga ko hashize iminsi ingabo za Congo n’abazishyigiye basahura, ndetse bica inzirakarengane z’Abasivili.

  15. Rusizi: umuturage yahitanywe n’isasu rivuye muri Kongo

    11 February 2025 at 16:55 Rwabukwisi Zacharie w’imyaka 31 utuye mu Murenge wa Nzahaha mu Karere ka Rusizi yahitanywe n’ isasu ryarashwe n’ ingabo za FARDC muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

  16. Inzego z’umutekano z’u Rwanda n’iza Mozambique zunguranye inama ku guhashya iterabwoba

    2 February 2025 at 09:23 Inzego z’umutekano z’u Rwanda ziyemeje kurushaho gufatanya n’Ingabo za Mozambique mu gutanga ubufasha bwo guhashya ibikorwa by’iterabwoba.

  17. Intambara Kongo irimo ntitunguranye-Perezida Kagame

    30 January 2025 at 13:38 Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko ibyago by’intambara abaturage bo mu burasirazuba bwa Congo barimo bidatunguranye, kuko ngo byahereye mu myaka irenga 20 ishize ubwo Abatutsi bameneshwaga bakaza kuba impunzi mu Rwanda.

  18. Alain Mukaralinda, umuvugizi wungirije wa Guverinoma
    Leta y’u Rwanda iraba hafi imiryango y’ababuze ababo mu masasu yarashwe na FARDC

    29 January 2025 at 00:08 Umuvugizi wungirije wa Guverinoma Alain Mukaralinda yavuze ko Leta y’u Rwanda iri gufasha mu bikorwa bijyanye no gushyingura abantu 9 bishwe n’amasasu yaturutse muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, ndetse no mu kuvuza abakomeretse.

  19. Brig. Gen. Ronald Rwivanga, umuvugizi wa RDF
    Ubwirinzi bw’ u Rwanda bwagize uruhare mu gukumira ibisasu

    28 January 2025 at 02:21 Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga atangaza ko ingabo za FARDC zarashe ibisasu mu Rwanda bigahitana abantu batanu, abandi 35 bagakomereka.

  20. U Rwanda rwasobanuye ko Kongo iri mu bibazo yikururiye umuryango w’Abibumbye urebera

    26 January 2025 at 22:46 Kuri iki cyumweru, u Rwanda rwitabiriye inama y’umuryango w’abibumbye ishinzwe amahoro ku isi idasanzwe ku mutekano mu Burasirazuba bwa Repuburika Iharanira Demokarasi ya Kongo, aho rwasobanuye imvo n’imvano y’ibibazo iki gihugu kikururiye, bikaba bigenda bifata indi ntera.

  21. Kigali: Imodoka ebyiri zari mu igaraje zirakongotse

    25 January 2025 at 18:12 Imodoka ebyiri zarimo gukorerwa mu igaraje ‘Swift Motors Garage’ ry’uwitwa Rutaremara Félicien zirahiye zirakongoka.