1. Senderi Hit yishimiye uko yakiriwe n’Abanyamusanze yataramiye

    13 November 2025 at 11:59 Umuhanzi Senderi Hit ukomeje icyiciro cya kabiri cy’ibitaramo bizenguruka Uturere twose tw’Igihugu, mu kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki yataramiye ab’i Musanze avuga ko yasanze baramwiteguye, mu kumushyigikira muri uru rugendo afata nk’amateka.

  2. Richard Nick Ngendahayo mu kiganiro kuri KT Radio
    Ndi umuntu aho naba ndi hose uterwa ishema no kwitwa Umunyarwanda - Richard Ngendahayo

    12 November 2025 at 06:17 Umuhanzi Richard Nick Ngendahayo wamamaye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yashimye Perezida Paul Kagame wagize uruhare rukomeye mu gutuma u Rwanda rugira izina rikomeye ku rwego mpuzamahanga, ndetse rukaba Igihugu cyubashywe n’amahanga, akavuga ko aho yaba ari hose aterwa ishema no kwitwa Umunyarwanda.

  3. Kitoko yageze mu Rwanda
    Nyuma y’igihe kirekire Kitoko agiye kongera gutaramira Abanyarwanda

    9 November 2025 at 13:41 Nyuma y’igihe kirenga imyaka umunani atagera mu Rwanda, umuhanzi Kitoko Bibarwa, wakanyujijeho mu ruhando rwa muzika Nyarwanda, agiye kongera gutaramira mu Rwanda.

  4. Ingrid Karangwayire na Sherrie Silver muri ibyo birori
    BK Foundation yateye inkunga urubyiruko 100 rufite impano muri ‘Sherrie Silver Gala 2025’

    5 November 2025 at 20:46 Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki 2 Ugushyingo 2025, BK Arena yari iteye amabengeza ubwo ibirori bya Sherrie Silver Gala 2025, byahurizaga hamwe ubuhanzi, imideli, ibikorwa by’ubugiraneza n’ubudasa bwa Afurika byabereye hamwe.

  5. Umuhanzi Ngabonziza Augustin yitabye Imana
    Ngabonziza Augustin wamenyekanye mu ndirimbo ‘Ancilla’ yitabye Imana

    3 November 2025 at 10:58 Umuhanzi wo hambere, Ngabonziza Augustin, wamenyakanye mu ndirimbo yamamaye cyane ‘Ancilla’, yitabye Imana mu ijoro ryakeye ry’uyu wa Mbere tariki 3 Ugushyingo 2025 azize uburwayi.

  6. BK Foundation izishyurira amafaranga y’ishuri abana 100 bo muri ‘Sherrie Silver Foundation’

    3 November 2025 at 06:02 Byatangarijwe mu birori bibereye ijisho bya ‘The Silver Gala’, byari bigamije gushaka ubufasha bwo gushyigikira urubyiruko rwo muri Sherrie Silver Foundation, rufite impano mu muziki ndetse no kubyina.

  7. Manihura Stanislas n
    Amashirakinyoma ku ndirimbo ‘Adela Mukasine’ wasebejwe na mukeba we

    30 October 2025 at 09:13 Hari indirimbo yo ha mbere yitwa Adela Mukasine yaririmbwe na orchestre Umubano mu ijwi rya Capiteni Nsengiyumva Bernard, aho bagira bati “Adela Mukasine umukobwa wa Stanislas, yasomye wisiki arayisinda ayicuruye iramucurangura…” Nubwo uvugwa muri iyo ndirimbo yabayeho, ntabwo ibimuvugwaho byose ari ko byagenze.

  8. Rodrigue Karemera
    Hamenyekanye uwo Rodrigue yahimbiye indirimbo y’urukundo ‘Indahiro’

    29 October 2025 at 11:29 Nyakwigendera Rodrigue Karemera, ni umwe mu bahanzi b’umwuga babyigiye hanze y’u Rwanda mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Usibye guhimba, kwandika indirimbo no gucuranga, Karemera yanakoraga mu biro byari bishinzwe gutegura integanyanyigisho ya muzika muri MINEPRISEC, Minisiteri y’Uburezi bw’Amashuri Abanza n’Ayisumbuye (Bureau Pédagogique).

  9. Senderi ataramira abaturage bakizihirwa
    Senderi yasubukuye ibitaramo byo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki

    23 October 2025 at 18:45 Umuhanzi Senderi International Hit yasubukuye ibitaramo bye byo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki, aho azataramira mu turere 12 tw’u Rwanda, agashimisha abakunzi be mu ndirimbo ze zikunzwe na benshi.

  10. Israel Mbonyi
    Mbonyi agiye gusohora indirimbo nshya buri cyumweru kugeza mu kwezi k’Ukuboza

    22 October 2025 at 22:37 Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, atangaza ko yiyemeje gusohora indirimbo nshya buri cyumweru kugeza mu kwezi k’Ukuboza, zose ziri kuri albumu ye nshya yise ‘Hobe’.

  11. Em Murinzi
    Em Murinzi yasohoye indirimbo yise ‘Wiringire Uwiteka’

    22 October 2025 at 17:27 Umuhanzi w’Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Niyomurinzi Emmanuel, uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Em Murinzi, yasohoye indirimbo nshya yise ‘Wiringire Uwiteka’.

  12. Ni igitaramo Kirikou azahuriramo n
    Umuhanzi Kirikou agiye gutaramira Abanyakigali

    17 October 2025 at 09:43 Umuhanzi w’Umurundi Kirikou Akili wamenyekanye mu ndirimbo ‘Aha ni he’, agiye gusohora indirimbo yahuriyemo n’abahanzi b’Abanyarwanda barimo Bushali, Yampano na Davis D, akaba ari i Kigali aho yitabiriye igitaramo kidasanzwe yatumiwemo.

  13. Umuhanzi Emma Rwibutso yisunze Bosco Nshuti bakorana indirimbo ‘Rukundo’

    16 October 2025 at 14:10 Umuhanzi Emma Rwibutso urimo kuzamuka no kugaragaza impano mu ndirimo zo guhimbaza Imana, yashyize hanze indirimbo ya gatanu yise ‘Rukundo’. Yayikoranye na mugenzi we Bosco Nshuti umaze kugira izina rikomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana.

  14. Dore ibyamamare byitabiriye imurikwa rya Filime ‘Killer Music’ ya Mighty Popo (Amafoto)

    14 September 2025 at 21:27 Kuri iki Cyumweru tariki 14 Nzeri 2025, umuhanzi Muligande Jacques uzwi cyane nka Mighty Popo, yamuritse filime yise Killer Music, ikaba yakinwe bwa mbere, igikorwa cyitabiriwe n’ibyamamare mu ngeri zitandukanye ndetse na bamwe mu bayobozi bakuru mu nzego za Leta.

  15. ‘Mashariki African Film Festival
    ‘Mashariki African Film Festival’ igarukanye umwihariko w’igihembo cy’imodoka

    13 September 2025 at 13:14 Iserukiramuco rya Filime rya Mashariki African Film Festival (MAAFF) ku nshuro yaryo ya 11, rigarukanye umwihariko wo guhemba imodoka ku bakinnyi ba sinema bakunzwe cyane bagatorwa n’abaturage (People’s Choice Actor & Actress), n’igihembo cy’icyubahiro kizwi nka ’Lifetime Achievement’.

  16. Ariel Wayz na Babo barafunze

    11 September 2025 at 12:56 Umuvugizi wa Police, ACP Rutikanga yemeje ko abahanzi Barbara Horn Teta wamamaye nka Babo na Ariel Wayz bafunze.

  17. Itsinda Kassav ryiteguye gususurutsa abitabiriye Kwita Izina

    5 September 2025 at 13:39 Itsinda ryamamaye ku Isi mu njyana ya Zouk, Kassav, ritegerejwe gususurutsa abitabiriye umuhango wo Kwita Izina abana b’ingagi ku nshuro ya 20, binyuze mu gitaramo cyiswe Conservation Gala Dinner gitegerejwe kuri uyu wa 6 Nzeri 2025 muri Kigali Convention Center.

  18. Nisanze nkunda umuziki we agakunda amakuru – Niyonshuti Tricia wa Tom Close

    31 August 2025 at 20:53 Umuryango wa Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close wasangije abitabiriye amasengesho y’urubyiruko yo gusengera Igihugu azwi nka Young Leaders Prayer Breakfast urugendo rw’imyaka 12 bamaze bubatse urugo n’ibyabafashije kugira urugo rwiza.

  19. Alicia and Germaine bakoze indirimbo nshya bizera ko izabageza kure

    28 August 2025 at 23:57 Abahanzikazi Alicia and Germaine bamaze kumenyekana mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana (Gospel) bashyize hanze indirimbo nshya bise ‘Ndahiriwe’ yasohokanye n’amashusho yayo, bakizera ko izagera kure hashoboka bitewe n’uburyo yitondewe mu kuyitunganya.

  20. Christine Bukuru umwe mu bahatanye mu cyiciro cya muzika
    ArtRwanda-Ubuhanzi: Abeza mu beza barahatanira ibihembo bikuru

    26 August 2025 at 22:10 Kuva mu mwaka wa 2018 binyuze mu muryango Imbuto Foundation hatangijwe amarushanwa ya ArtRwanda-Ubuhanzi hagamijwe gushyigikira no kuzamura impano z’abakiri bato.

  21. Joseph Scriven wanditse igisigo cyahimbwemo
    Inkomoko y’indirimbo ‘Nta nshuti nziza nka Yesu’

    24 August 2025 at 17:38 Waba uri umukirisitu, umuyisilamu, umuhindu, umubudisite, umubahayi, cyangwa se nta na hamwe ubarizwa, biragoye kuba waba utarigeze wumva indirimbo yitwa ‘What a friend we have in Jesus’, ikunze kuririmbwa n’abo mu itorero ry’Abadivantisiti b’Umunsi wa Karindwi. Mu Kinyarwanda iragira iti ‘Nta nshuti nziza nka Yesu (Yezu). Ariko se waba uzi inkomoko y’iyi ndirimbo n’amateka yayo?