1. Senderi Hit ashimisha benshi mu bitaramo bye
    Senderi Hit agiye gukora ibitaramo bizenguruka Igihugu

    3 July 2025 at 17:56 Umuhanzi Eric Senderi International Hit, agiye gukorera ibitaramo mu turere 13 tw’u Rwanda, mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 amaze mu ruganda rw’umuziki nyarwanda.

  2. Umuhanzi Gauchi yongeye guhuza imbaraga na Sean Brizz mu ndirimbo ‘Bazanga’

    19 June 2025 at 19:26 Umuraperi Gauchi yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Bazanga’, yakoranye n’umuhanzi Sean Brizz, igaragaramo bamwe mu byamamare mu gukina filime bakunzwe cyane mu Rwanda, barimo Inkindi Aisha, Nyabitanga na Niyonshuti Eric wamamaye nka Killaman.

  3. Prince Salomon
    Prince Salomon yasohoye indirimbo nshya yise ‘God Thank You’

    14 June 2025 at 14:16 Prince Salomon, umuhanzi w’indirimbo zo guhimbaza no kuramya Imana, yasohoye indirimbo nshya yise God Thank You (Ndagushimira Mana), ifite ubutumwa bwo gushimira Imana ku byo yamukoreye byose, yaba mu bihe byiza ndetse no mu bihe bikomeye yanyuzemo.

  4. UMG yasinyishije Ariel Wayz

    12 June 2025 at 12:21 Umuhanzikazi Uwayezu Ariel wamamaye mu muziki w’u Rwanda nka Ariel Wayz yabaye Umunyarwanda wa mbere usinyishijwe na Universal Music Group (UMG), kimwe mu bigo bikomeye ku Isi mu bijyanye n’imyidagaduro.

  5. Bosco Nshuti yaririmbiye abo muri Finland mbere yo gutaramira i Kigali

    9 June 2025 at 10:18 Bosco Nshuti yageze muri Finland nyuma yo kwerekwa urukundo muri Suwede, aho aheruka gutaramira mu ruhererekane rw’ibitaramo yise Europe Tour 2025, anamurikira ababyitabiriye album ye ya kane yise ’Ndahiriwe’. Ni igitaramo yahakoreye ku wa 31 Gicurasi ndetse na tariki 01 Kamena 2025, akaba ategerejwe i Kigali mu gitaramo yise Unconditional Love - Season 2.

  6. Richard Nick yasohoye indirimbo yise Amenya
    Richard Nick yasohoye indirimbo ‘Amenya’ mbere y’igitaramo ateganya i Kigali

    30 May 2025 at 17:55 Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Richard Nick Ngendahayo, yongeye gukora ku mitima ya benshi asohora indirimbo nshya yise Amenya, ari na yo ya kabiri kuri alubumu ye ya gatatu ateganya gusohora, nubwo kugeza ubu atari yatangaza izina ryayo.

  7. Jose Chameleone aje gutaramira Abanyarwanda nyuma y’imyaka irindwi

    23 May 2025 at 10:12 Umuhanzi w’icyamamare mu muziki ukomoka muri Uganda, ariko akaba n’umunyabigwi mu Karere ka Afurika y’i Burasirazuba, Jose Chameleone, yageze mu Rwanda aho aje gutaramira Abanyarwanda nyuma y’imyaka irindwi yari ishize atahagera, kuko yahaherukaga mu 2018, ubwo yari yaje gufatanya na DJ Pius mu kumurika ‘album’ ye yise ‘Iwacu’, mu gitaramo cyabereye muri Camp Kigali.

  8. Mashirika yafunguye urubuga rw’impano nshya

    11 May 2025 at 23:51 Itorero Mashirika ryatangije ku mugaragaro gahunda nshya yitwa Genesis Dance Showcase, urubuga ruhuza impano nshya n’ababigize umwuga mu buhanzi, hagamijwe gutahura no kugaragaza impano mu mbyino.

  9. Richard Nick Ngendahayo aje gutaramira mu Rwanda nyuma y’imyaka 15

    10 May 2025 at 10:30 Nyuma y’imyaka 15 adataramira mu Rwanda, umuhanzi Richard Nick Ngendahayo, wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, agiye gutaramira i Kigali. Ni igitaramo kizaba ku wa 23 Kanama 2025 muri BK Arena, cyiswe ‘Niwe Healing Concert’.

  10. Uko Orchestre Les 8 Anges yasenyutse nyuma yo kwibwa piano ihenze

    3 May 2025 at 13:18 Itsinda ry’abacuranzi n’abahanzi ryitwaga Orchestre Les 8 Anges (Abamalayika 8), ryabonye izuba ahagana mu 1979 ku Muhima mu Mujyi wa Kigali, ritangijwe n’abana bo mu muryango wa nyakwigendera Gasana Gaëtan (Kayitani), n’abandi bo mu miryango y’inshuti ze.

  11. Maranatha Family Choir yakoze indirimbo nshya yise ’Irasubiza’

    2 May 2025 at 11:36 Maranatha Family Choir yashyize yanze indirimbo nshya yise Irasubiza, ifite ubutumwa buhumuriza abantu kandi bubashishikariza kwizera Imana kuko ariyo yonyine isubiza amasengesho.

  12. Umuhanzi Meddy yibarutse ubuheta
    Umuhanzi Meddy yibarutse ubuheta

    28 April 2025 at 21:15 Umuhanzi Nyarwanda, Ngabo Medard Jobert wamamaye mu muziki nka Meddy n’umufashe we Mimi Mehfra, bari mu byishimo nyuma yo kwibaruka umwana wabo wa Kabiri w’umuhungu.

  13. Korali Hoziana
    Korali Hoziana yasubiyemo indirimbo ‘Tugumane’ iyishyira mu Gishwahili

    27 April 2025 at 12:30 Korali Hoziana izwi mu ndirimbo zihimbaza Imana, yasubiyemo indirimbo yayo yakunzwe cyane ’Tugumane’ mu rurimi rw’Igiswahili, mu rwego rwo gukomeza kugeza ubutumwa bwiza ku bantu bose by’umwihariko abo mu Karere u Rwanda ruherereyemo bavuga Igiswahili.

  14. Dusabe yishimanye n
    Rubavu: Umuhanzi Alexis Dusabe yasabanye n’abana bavuye mu muhanda

    23 April 2025 at 09:53 Umuhanzi Alexis Dusabe urimo gutegura indirimbo zizasohoka ku muzingo azamurika tariki ya 3 Kanama 2025, yasuye ‘Incredible Kids Academy’, abana bakuwe mu muhanda bagasubizwa mu ishuri mu Karere ka Rubavu.

  15. Mwarakoze kuntegereza mwihanganye - Richard Nick Ngendahayo

    22 April 2025 at 19:15 Umuhanzi wamamaye hambere mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana (Gospel), Richard Nick Ngendahayo, wari umaze imyaka irenga 15 atari mu Rwanda ndetse adashyira n’imbaraga nyinshi mu muziki, yongeye kugaruka mu muziki, ashyira hanze indirimbo nshya yise ‘Uri Byose Nkeneye’.

  16. Abakinnyi ba sinema Nyarwanda barimo Kamanzi Didier bazagaragara muri iyi filime y
    Rafiki yahurije muri filime nshya amazina akomeye muri Sinema Nyarwanda

    21 April 2025 at 18:49 Mu Rwanda uko sinema ikomeje gutera imbere umunsi ku munsi, ni na ko hamurikwa filime nshya usanga zigira uruhare mu kugaragaza impano nshya muri uru ruganda.

  17. Umuhanzi Cyusa yakoze indirimbo irata ubutwari bw
    Umuhanzi Cyusa yakoze indirimbo irata ubutwari bw’Inkotanyi

    22 March 2025 at 10:18 Umuhanzi mu njyana Gakondo, Cyusa Ibrahim, yasohoye indirimbo yise ’Inkotanyi Turaganje’ irata ubutwari bw’Inkotanyi no guhumuriza Abanyarwanda, kandi ko bagomba gukomeza kuzigirira icyizere.

  18. Nje gusogongeza abakunzi banjye kuri Album yanjye - Lionel Sentore

    16 March 2025 at 23:22 Lionel Sentore wamamaye mu njyana gakondo yageze i Kigali mu kwitegura igitaramo cye azamurikiramo Album ye ya mbere yitiriye indirimbo “Uwangabiye” yamamaye mu bikorwa byo kwamamaza Perezida Paul Kagame.

  19. Perezida Kagame yemereye DJ Ira ubwenegihugu bw’u Rwanda

    16 March 2025 at 15:18 Perezida Paul Kagame yemereye ubwenegihugu bw’u Rwanda, umuhanga mu kuvanga imiziki, Iradukunda Grace Divine uzwi ku izina rya Dj Ira.

  20. Anne Kansiime yahishuye icyamutandukanyije n’umugabo we

    16 March 2025 at 08:56 Umunyarwenya Anne Kansiime yahishuye ko gutandukana n’umugabo we Skylanta, byatewe n’uko nyuma yo kubyara, inshingano n’urukundo yabyerekeje ku mwana cyane.

  21. Phiona Nyamutoro yisanze ari we mushinga wa Eddy Kenzo yavugaga
    Yambwiye ko afite umushinga twaganira, nsanga ni jye mushinga - Umugore wa Eddy Kenzo

    15 March 2025 at 09:50 Phiona Nyamutoro, umugore w’umuhanzi Eddy Kenzo, yahishuye uko yahuye bwa mbere n’uyu muhanzi nyuma y’uko amusabye ko babonana, amubwira ko hari umushinga ashaka ko bakorana, nyuma uyu mugore akisanga ari we mushinga.