1. ibirwa bya Shyute na Kamiko mu Kiyaga cya Kivu bigiye kongera guterwaho amashyamba
    Ibirwa bya Shyute na Kamiko byo mu Kivu bigiye guterwaho amashyamba

    26 March 2024 at 10:23 Ibirwa bya Shyute na Kamiko byo mu Kiyaga cya Kivu, bigiye kongera guterwaho amashyamba agizwe n’amoko y’ibiti bisaga 156,000. Ni imishinga yo kongera gutera amashyamba kuri ibyo birwa, igamije kuyongera mu rwego rwo kugabanya ibyuka bihumanya ikirere.

  2. Abagore baturiye icyogogo cya Nile bagiye kwigishwa kukibungabunga
    Abagore baturiye icyogogo cya Nile bagiye kwigishwa kukibungabunga

    25 March 2024 at 13:25 Imiryango itari iya Leta ihagarariye abagore baturiye icyogogo cy’uruzi rwa Nile mu Rwanda, yihaye gahunda yo kujya gufasha abaturage kwiteza imbere batangije amazi atembera muri uru ruzi rwa mbere muri Afurika mu burebure.

  3. Barashima aho u Rwanda rugeze mu gucunga umutungo kamere w’amazi

    24 March 2024 at 09:22 Global Water Leadership Program (GWLP) hamwe n’abafatanyabikirwa bayo barimo Ikigo gishinzwe Umutungo Kamere w’ Amazi mu Rwanda (RWB), bashyize ahagaragara ingamba nshya zigamije gusubiza ibibazo by’imihindagurikire y’ikirere, gusigasira amasoko y’amazi mu Rwanda ndetse no kwita kuri Serivisi z’Isuku n’Isukura (WASH).

  4. Minisitiri w
    Urubyiruko rurasabwa kuba inshuti z’ibidukikije

    12 March 2024 at 13:30 Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc, yasabye urubyiruko n’abakiri bato kuba inshuti z’ibidukikije, no guharanira gushyira mu ngiro inshingano zo kubirengera, kuko bizabagirira akamaro mu bihe biri imbere.

  5. Ubwo bari mu nama ivuga kuri iyo gahunda
    One Acre Fund igiye gutera Miliyoni 25 z’ibiti muri uyu mwaka

    7 March 2024 at 18:11 Umuryango mpuzamahanga uteza imbere ubuhinzi witwa One Acre Fund watangaje ko ugiye guha Abanyarwanda ibiti bivangwa n’imyaka bigera kuri miliyoni 25 hamwe n’iby’imbuto ibihumbi 545, bigomba guterwa mu turere twose tw’Igihugu muri uyu mwaka wa 2024.

  6. Ibi bishingwe ngo bimaze hafi amezi abiri mu rugo
    Kigali: Abatwara ibishingwe baravugwaho gutinda kubivana mu ngo

    6 March 2024 at 08:07 Mu bice bimwe by’i Kigali hari abaturage binubira kuba ibigo bitwara ibishingwe bibivanye mu ngo byaradohotse, ku buryo hari n’abamara ukwezi kurenga babitse iyo myanda mu rugo.

  7. Pariki ya Nyungwe
    Miliyari eshanu zigiye gushorwa mu Turere tw’inkengero za Nyungwe

    4 March 2024 at 16:36 Mu Mirenge ikora kuri Nyungwe mu Turere twa Nyamagabe na Nyaruguru, hagiye gushorwa amafaranga abarirwa muri Miliyari eshanu azifashishwa mu bikorwa byo kugabanya urujya n’uruza muri iyi Pariki no kuyibungabunga.

  8. Urubyiruko rwiyemeje kugarura urusobe rw
    Urubyiruko rwiyemeje kugarura urusobe rw’ibinyabuzima mu bishanga by’i Kigali

    7 February 2024 at 12:51 Amashyirahamwe y’Urubyiruko arengera ibidukikije, avuga ko hari urusobe rw’ibinyabuzima rwongeye kuboneka mu bishanga byatunganyijwe by’i Kigali, ariko ko hari n’ibindi bagiye gufasha kugaruka birimo ibikeri, ibyatsi by’urukangaga n’urufunzo.

  9. Abari ba rushimusi barorojwe biteza imbere
    Abashimutaga inyamaswa biyemeje kuzibungabunga bibabyarira inyungu

    3 January 2024 at 12:00 Abahoze mu bikorwa by’ubushimusi bw’inyamaswa no kwangiza ibidukikije muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, nyuma yo gukangurirwa kwitandukanya na byo bakitabira indi mirimo ibateza imbere, n’indi ifite aho ihurira no kubungabunga Pariki, ubu barirata iterambere, ku buryo ntawe ugitekereza kongera kujya muri Pariki ngo yangize ibinyabuzima biyibarizwamo.

  10. Inzu z
    Imidugudu ya Green Gicumbi iri mu bizamurikirwa Abakuru b’Ibihugu i Dubai muri UAE

    28 November 2023 at 21:42 Minisiteri y’Ibidukikije ivuga ko ibyagezweho n’Ikigega gitera inkunga imishinga y’ibidukikije (FONERWA) mu myaka 10 kimaze gishinzwe, harimo imidugudu yubatswe mu mirenge ya Rubaya na Kaniga mu Karere ka Gicumbi, bigiye kumurikirwa abakuru b’ibihugu bigize Isi bazahurira muri Leta zunze Ubumwe z’Abarabu(UAE).

  11. Hubatswe inkuta zikumira amazi
    Kuri Sebeya hagiye kubakwa inkuta n’ibiraro bizatuma amazi adasenyera abaturage

    19 November 2023 at 23:09 Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu butangaza ko ku mugezi wa Sebeya hagiye kubakwa inkuta n’ibiraro bizafasha amazi kugenda adasenyeye abaturage.

  12. Drones zatangiye kwifashishwa mu gukurikirana abangiza ibidukikije
    Drones zatangiye kwifashishwa mu gukurikirana abangiza ibidukikije

    13 November 2023 at 19:58 Minisiteri y’ibidukikije yatangaje ko yatangiye gukoresha utudege duto tutagira abapilote (Drones), mu rwego rwo gukurikirana abangiza ibidukikije mu bice bitandukanye by’Igihugu.

  13. Abanyarwanda barasabwa kutangiza ibyanya bikomye bibumbatiye urusobe rw’ibinyabuzima

    9 November 2023 at 12:26 Mu Rwanda hari ibyanya bitandukanye bibonekamo urusobe rw’ibinyabuzima bisigaye hakeya ku isi. Hari ibyanya bimaze kwemerwa ku rwego rw’Isi, nka Pariki y’Ibirunga na Pariki ya Gishwati-Mukura.

  14. Harimo gukorwa ubushakashatsi bw
    Amashyiga akoresha imirasire y’izuba ashobora kuba igisubizo ku batekeshaga inkwi

    6 November 2023 at 21:20 Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) ku bufatanye na Kaminuza yo mu Bwongereza, Coventry University, yatangiye gukora ubushakashatsi bugamije gukusanya amakuru ku bwoko bushya bw’amashyiga akoresha imirasire y’izuba.

  15. Pariki y
    Guteza imbere ubukerarugendo byahesheje u Rwanda kwakira inama ya WTTC

    1 November 2023 at 19:03 U Rwanda rwakiriye inama ya 23 y’Ikigo Mpuzamahanga cy’Ubukerarugendo (WTTC), inama irimo kubera kuri Kigali Convention Center, guhera ku itariki 01 kugeza ku ya 03 Ugushyingo 2023.

  16. Umujyi wa Kigali wungutse sitasiyo 22 zipima imiterere y’ikirere n’ingano y’amazi

    1 November 2023 at 13:48 Umujyi wa Kigali ku bufatanye na Banki y’Isi, batashye sitasiyo 22 harimo 7 zipima imiterere y’ikirere na 15 zipima aho ingano y’amazi igeze.

  17. Mu Rwanda hagiye guterwa ibiti bivangwa n
    Mu Rwanda hagiye guterwa ibiti bivangwa n’imyaka birenga Miliyoni 30

    31 October 2023 at 10:49 Ubwo hatangizwaga igihembwe cyo gutera ibiti n’amashyamba cya 2024, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu biti biteganyijwe guterwa, hazaba harimo ibisaga Miliyoni 30 bivangwa n’imyaka.

  18. Mu Kagari ka Kagomasi mu Murenge wa Gashora hatewe ibiti birenga ibihumbi 22 byatewe kuri hegitari 35
    Bugesera: Bizeye ko ibiti byahatewe bizabafasha guhangana n’amapfa

    28 October 2023 at 17:58 Abaturage bo mu Karere ka Bugesera by’umwihariko abo mu Murenge wa Gashora baravuga ko biteze umusaruro ku biti byahatewe kubera ko bizabafasha nguhangana n’amapfa akunze kwibasira ako gace bitewe n’izuba ryinshi rikunda kuhava.

  19. Umuyobozi wa Pariki y
    Amafaranga agenerwa imishinga y’abaturiye Pariki z’Igihugu akomeje kwiyongera

    18 October 2023 at 13:10 Uturere duturiye Pariki z’Igihugu twagenewe amafaranga yavuye mu bukerarugendo asaga Miliyari 3.272Frw, azakoreshwa mu bikorwa byateganyijwe mu ngengo y’imari ya 2023-2024, bijyanye no guteza imbere abaturage, akaba yariyongereye ugereranyije n’imyaka ishize.

  20. Umunyakenya Jim Justus Nyamu yakirwa ku mupaka wa Kagitumba
    Umunyakenya ari mu Rwanda nyuma y’iminsi 67 mu rugendo rw’amaguru rwo kurengera inzovu

    2 October 2023 at 11:48 Umuyobozi w’Ikigo cyita ku nzovu muri Kenya, akaba n’inzobere mu kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima by’umwihariko inzovu, Jim Justus Nyamu, avuga ko inzovu zikwiye kurindwa ba rushimusi kuko zigenda zikendera cyane muri Afurika.

  21. Abayobozi muri Kaminuza y
    Abashakashatsi ba Kaminuza y’u Rwanda bagiye gufasha Leta kurwanya imihindagurikire y’ikirere

    1 October 2023 at 19:54 Kaminuza y’u Rwanda yeretse inzego za Leta abashakashatsi bayigamo bazafasha muri gahunda zo guhangana n’imihindagurikire y’ikirere, zirimo iyo kongera ibiti no guteza imbere ubukungu bwisubira (Circular Economy).