Ikipe ya AS Kigali iheruka gutsindirwa muri Tunisia ibitego 4-1, yageze mu Rwanda yose nyuma yo kuvugwaho ko hari abakinnyi batorotse.
Mu gihe shampiona y’icyiciro cya mbere hashize amezi abiri ihagaritswe, ubu hari gutekerezwa uburyo yazasubukurwa mu ntangiriro za Werurwe uyu mwaka
Ikipe y’igihugu y’abagabo y’umukino wa Basketball iri kwitegura ijonjora ry’icyiciro cya Kabiri kizabera muri Tuniziya yatsinzwe na Misiri amanota 84 kuri 49.
Ikipe ya AS Kigali itsindiwe muri Tunisia na CS Sfaxien ibitego 4-1 mu mukino ubanza wa CAF Confederation Cup
Mu myitozo ya nyuma ya AS Kigali, Kalisa Rachid yongeye kuvunika bituma ataza gukina umukino uri buhuze iyi kipe na CS Sfaxien yo muri Tunisia ku i Saa Kumi za Kigali
Amakipe atandukanye mu Rwanda ndetse n’abandi basportifs muri rusange, bifatanyije mu kababaro n’umuryango wa Lt Gen Jacques Musemakweli ndetse n’uwa APR FC yabereye umuyobozi mu myaka ishize.
Mu gitondo cyo kuri uyu Gatanu, abakinnyi 16 b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Basketball, berekeje muri Tunisia mu marushanwa ya Afro-Basket azatangira tariki 17/02/2021
Ikipe ya AS Kigali nyuma y’urugendo rurerure rwatumye inyura na Turukiya, yaraye ikoze imyitozo ya mbere muri Tunisia yitegura umukino uzayihuza na CS Sfaxien kuri iki Cyumweru.
Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gashyantare 2021, uwari uhagarariye Minisiteri ya Siporo yasobanuye ko abakinnyi b’Amavubi bazahabwa agahimbazamusyi kadasanzwe ariko kari mu byiciro.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abagabo ya Basketball izakina imikino ibiri ya gicuti mu rwego rwo kwitegura neza ijonjora rya Kabiri rizabera muri Tuniziya.
Abahoze bakinira Amavubi nyuma yo gushinga ishyirahamwe ribahuza, bandikiye ibaruwa ifunguye Minisiteri ya Siporo bayereka ibyifuzo bigamije iterambere ry’umupira w’amaguru.
Ikipe ya AS Kigali yaraye ihagurutse i Kigali yerekeza muri Tunisia, aho ibanza guca Istanbul muri Turukiya, ikaba igiye gukina umukino ubanza wa CAF Confederation Cup na CS Sfaxien
Mu kiganiro Perezida Paul Kagame yagiranye n’ikipe y’Igihugu Amavubi ku Cyumweru tariki 07 Gashyantare 2021, umutoza mukuru Mashami Vincent yagaragaje imbogamizi bagize ndetse n’icyo bifuza ngo bazitware neza kurushaho mu bihe biri imbere.
Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda 2020/2021 irakinwa mu byiciro. Ibi bitandukanye n’ibyari bisanzwe aho shampiyona yakinwaga umukino ubanza n’uwo kwishyura, nyuma hagakinwa imikino ya Kamarampaka (Playoffs) ubundi hakaboneka ikipe itwara igikombe.
Amakipe ya Mali na Maroc zageze ku mukino wa nyuma wa CHAN, ni zo zihariye ibihembo ziniganza mu ikipe y’abakinnyi 11 beza ba CHAN 2020.
Ikipe ya Maroc ni yo yegukanye igikombe cya CHAN cyaberaga muri Cameroun, nyuma yo gutsinda Mali ibitego bibiri ku busa
Mu kiganiro yagiranye n’abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi, Perezida Kagame yasabye abakinnyi kureka kugendera ku myemerere irimo ubujiji, anavuga impamvu yatumye umutoza Dragan Popadic asezera.
Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki 07 Gashyantare 2021, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yahuye n’abagize ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, abashimira uko bitwaye muri CHAN 2020, ndetse agira n’ibyo abasaba kugira ngo bazitware neza mu minsi iri imbere.
Kuri iki Cyumweru tariki 7 Gashyantare 2021, saa tatu z’ijoro za Kigali kuri Stade Ahmadou Ahidjo mu murwa mukuru wa Cameroon, Yaounde harabera umukino wa nyuma wa CHAN 2020 uhuza Mali na Morocco.
Ubuyobozi bw’ikipe ya AS Kigali buratangaza ko bugiye guhindura izina ry’iyi kipe ikitwa Kigali FC.
Ahmad Ahmad wari warahagaritswe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, yemerewe gukomeza guhatanira umwanya wa Perezida wa CAF
Umukinnyi wo hagati uheruka gukinira Rayon Sports, Nizeyimana Mirafa yasinye amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Zanaco FC yo muri Zambia.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda iheruka gusezererwa mu marushanwa ya CHAN 2020 yaberaga muri Cameroun, igomba guhita itangira indi mikino myinshi ifite mu mwaka wa 2021.
Mu gihe amarushanwa ta CHAN abera muri Cameroun atarasozwa, bamwe mu bakinnyi bagiye bigaragaza kuva igitangira batangiye kubona amakipe mu bindi bihugu
Amakipe y’ibihugu bya Morocco na Mali ni yo azakina umukino wa nyuma uzaba ku Cyumweru tariki ya 07 Gashyantare 2021.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi ryategetse ikipe ya AFC Leopards kwishyura Habamahoro Vincent amafaranga asaga Miliyoni 15 Frws cyangwa igafatirwa ibihano
Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’abakinnyi bakina imbere mu gihugu akaba na rutahizamu wa APR FC, Jaques Tuyisenge, agiye kumara hagati y’ibyumweru bine na bitandatu hanze y’ikibuga nyuma yo kugira imvune.
Ikipe ya Rayon Sports igiye kugabanya umushahara wahabwaga abakinnyi n’abakozi bitewe no kuba ibikorwa bya siporo birimo shampiyona byarahagaze kubera COVID-19
Umutoza w’agateganyo w’ikipe y’igihugu y’abagabo y’umukino wa Basketball, Henry Muinuka, yasezereye abakinnyi batanu muri 18 barimo gukora imyitozo mu rwego rwo kwitegura imikino nyafurika (Afro-Basket 2021).
Ikipe ya AS Kigali ikomeje kwitegura umukino wa CAF Confederation Cup na CS Sfaxien, yakoreye imyitozo kuri Stade Amahoro aho yasuwe n’Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri ya Siporo