Polisi y’u Rwanda yaraye itaye muri yombi rutahizamu wa APR FC Bizimana Yannick, amakuru yizewe atugeraho akaba avuga ko yafashwe atwaye imodoka yanyweye ibisindisha.

Yannick Bizimana agiye kumara imyaka ibiri muri APR FC
Bizimana Yannick yafatiwe i Nyamirambo ahazwi nko kwa Mutwe, aza kujyanwa kuri Sitasiyo ya Polisi ya Nyamirambo. Ubusanzwe uwafashwe atwaye imodoka yarengeje igipimo fatizo cy’inzoga afungwa iminsi itanu.
National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|