Ikipe ya Gasogi United ibonye itike yo kujya mu cyiciro cya mbere, nyuma yo gutsinda Sorwathe mu mikino ibiri ya 1/2
Ikipe ya AS Kigali izahagararira u Rwanda mu mikino ya CAF Confederation Cup, yatangiye imyitozo kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Umutoza Kirasa Alain wari umutoza mukuru wa Kiyovu Sports, yamaze gusinyira nk’umutoza wungirije mu ikipe ya Rayon Sports
Irushanwa Beshobeza Cup imyaka itaha rishobora guhatanirwa n’imirenge yose igize akarere ka Nyagatare aho kuba umwihariko wa Karama.
Rutahizamu wa Rayon Sports Jules Ulimwengu, yahakanye amakuru amaze iminsi avugwa ko ashobora kwerekeza muri APR FC.
Ikipe ya KCCA yo muri Uganda ni yo yegukanye CECAFA Kagame Cup 2019, nyuma yo gutsinda Azam Fc igitego 1-0
Mu mikino ya CAF 2019/2020, Rayon Sports yatomboye El Hilal yo muri Sudan mu gihe AS Kigali yo izahura na KMC yo muri Tanzania
Umutoza Goncalves Del Carmo uzwi ku izina rya Robertinho nyuma y’igihe cy’ukwezi aganira na Rayon sports ku masezerano mashya bikarangira batumvikanye bagahitamo kuzana umutoza w’agateganyo watoje CECAFA KAGAME Cup ae kongera amasezerano y’umwaka muri iyi kipe.
Nyuma y’uko ingabo zahoze ari iza RPA zibohoye igihugu zigahagarika Jenoside yakorwe Abatutsi mu 1994,Leta yakoremereje urugamba rwo kubaka igihugu cyari cyasenyutse mu bice byose.
Nyuma y’iminsi micye APR yirukanye abakinnyi 16, Bugesera FC na yo yasezereye abakinnyi 18 icyarimwe.
Muri tombola y’amatsinda yo gushaka itike ya CAN 2021, u Rwanda rwashyizwe mu itsinda F aho ruri kumwe na Cameroun izakira iri rushanwa
Ikipe ya APR FC nayo yasezerewe muri CECAFA itsinzwe AS Maniema kuri Penaliti, nyuma yo kunganya 0-0
Ikipe ya Rayon Sports itsinzwe na KCCA yo muri Uganda ibitego 2-1, ihita isezererwa muri 1/4 cya CECAFA Kagame Cup 2019.
Mu mukino wa mbere wa 1/4, Azam Fc isezereye TP Mazembe iyitsinze ibitego 2-1, mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Munyakazi Sadate usanzwe akuriye MK Sky Vision, atorewe kuba Perezida wa Rayon Sports asimbuye Paul Muvunyi
Ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe na KMC yo muri Tanzania mu mikino wa nyuma w’itsinda A, wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo.
Muri Kanama uyu mwak mu Rwanda hagiye kubera irushanwa ry’isi rya Volleyball ikinirwa ku mucanga, rikazahuza amakipe 56 mu bagabo n’abagore aturutse ku isi yose.
Kuri uyu wa Gatandatu mu karere ka Rubavu hagiye kubera irushanwa rya Afurika rya Triathlon rizahuza ibihugu icyenda
Ikipe ya AS Kigali yabonye itike yo guhagararira u Rwanda mu marushanwa ya CAF Confederation Cup, yasinyishije abakinnyi 10 bashya barimo abanyamahanga bane
Mu ntara zitandukanye zigize igihugu cya Benin, hari kumvikana umurishyo w’ingoma, amashyi menshi ndetse n’indirimbo z’abagore ku buryo budasanzwe mu rwego rwo gusaba abakurambere ngo babane n’ikipe yabo izatware igikombe cya Afurika.
Abakinnyi barindwi b’ikipe ya Fly Cycling Club, bagiye gukina amasiganwa 25 mu Bubiligi
Ikipe ya Rayon Sports nayo yamaze kugera muri 1/4, nyuma yo gutsinda Atlabara yo muri Sudani y’Amajyepfo ibitego 2-0.
Ikipe ya APR FC yageze muri 1/4 cya CECAFA Kagame Cup, nyuma yo gutsinda Green Eagles igitego 1-0 kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo.
Mu mukino wa mbere wo mu itsinda rya mbere, Rayon Sports itangiye itsinda Tout Puissant Mazembe kuri Stade Amahoro.
Ikipe ya Rayon Sports na APR FC zamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 20 bazitfashisha muri CECAFA itangira kuri uyu wa Gatandatu
Ikipe ya DCMP yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yabuze amikoro yo kuza i Kigali gukina imikino ya CACAFA Kagame Cup ihita isimbuzwa AS Maniema Union.
Ikipe ya AS Kigali yegukanye igikombe cy’Amahoro ku nshuro ya gatatu, nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports ibitego 2-1.
Imyaka ibaye 25 ishize nyuma y’aho ingabo zahoze ari iza RPA zibohoreje u Rwanda zigahagarika jenoside yakorewe Abatutsi yatwaye ubuzima bw’inzirakarengane zisaga miliyoni.Nyuma urugamba rwo kwibohora rwakomereje mu bikorwa bitandukanye byo kubaka igihugu.
Nyuma yo gukatisha itike yo kujya mu cyiciro cya mbere cya shampiyona y’umupira w’abari n’abaregarugori, ikipe y’umupira w’amaguru y’abagore (Fatima Women Football Club) ya Kiliziya Gatolika Diyoseze ya Ruhengeri, yihaye intego yo kujya iza mu makipe ane ya mbere.
Kuri uyu wa kabiri ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha abakinnyi batanu baheruka gutandukana n’ikipe ya APR FC