
Munyakazi Sadate
Nyuma yo gutumizwa n’akanama k’imyitwarire ka Ferwafa, umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Munyakazi Sadate, ahagaritswe na Ferwafa amezi atandatu atagaragara mu bikorwa byose by’umupira w’amaguru.
Abinyujije kuri Twitter, Munyakazi Sadate yatangaje ko bamaze kwakira iyi myanzuro, akaba azayijuririra ku wa mbere w’icyumweru gitaha.
Byinshi ku mpamvu z’ihagarikwa rya Munyakazi Sadate bikubiye muri iyi nyandiko ya Komisiyo y’Imyitwarire muri FERWAFA:









National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Sadate nakomere ntabwo byoroshye ariko bizashira. Dukunda Rayon
ARIKO NDUMVA NTA KIBAZO SADATE UWAMUVUZE NABI YAMWIRUKANYE BURUNDU.NDUMVA NA FERWAFA KUBA YARAYIVUZE NABI AGOMBA KWAKIRA IGIHANO AHAWE.
Ohh rayon kuki bakugendaho ukobishakiye Ferwafa sinzimpamvu igendakuri rayonsport ark baribeshya nzayirwinyuma