Kuri uyu wa Gatanu, Ikipe ya APR FC yatsindiwe na Pyramids FC ibitego 6-1 mu Misiri iyisezerera muri CAF Champions League 2023-2024.
Ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB), ryamaze gusohora ingengabihe y’imikino yo kwishyura ya shampiyona y’uyu mwaka, nyuma yo gusbikwa kubera amarushanwa mpuzamahanga amakipe y’Igihugu yari yaritabiriye.
Kuri uyu wa Gatatu,Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika yemeje ko Maroc izakira Igikombe cya Afurika 2025 mu gihe Uganda,Tanzania na Kenya bazakira icya 2027.
Kuri uyu wa Gatatu,tariki 27 Nzeri 2023 ubuyobozi bw’Umuryango wa Kiyovu Sports bwavuze ko impinduka zo gukura ikipe muri Kompanyi ya Kiyovu Sports aricyo gihe kuko hari harageragejwe izindi nzira nyinshi zanze.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abagore yasezerewe na Ghana mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika 2024 iyitsinze 12-0 mu mikino ibiri nyuma y’uwo kwishyura wabaye kuri uyu wa Kabiri yatsinzwemo 5-0.
Mu mpera z’iki cyumweru mu mujyi wa Kigali no mu karere ka Bugesera habereye isiganwa ry’imodoka rizwi nka Rwanda Mountain Gorilla Rally, isiganwa ryasusurukije benshi
Mu mukino ubanza wa CAF Confederation Cup, ikipe ya Al Hilal Benghazi yanganyije na Rayon Sports igitego 1-1 mu mukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium
Ku Cyumweru tariki ya 24 Nzeri 2023, mu Karere ka Kirehe mu Ntara y’Iburasirazuba, hasojwe irushanwa ngarukamwaka ryiswe Kirehe Open Tournament 2023, aho amakipe ya Police VC na RRA ari yo yegukanye ibikombe.
Umunya-Kenya Karan Patel ni we wegukanye Isiganwa ry’amamodoka "Rwanda Mountain Gorilla Rally 2023", ryari rimaze iminsi itatu ribera mu Rwanda
Abanyeshuri bo mu Karere ka Kicukiro na Gasabo na Kamonyi bitabiriye umukino wa Karate, mu gihe cy’ibiruhuko bagera kuri 84, tariki ya 23 Nzeri 2023, bakoreye imikandara bava mu kiciro barimo bajya mu kindi, abitwaye neza bahabwa n’imidari.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Nzeri 2023, ikipe ya Marine FC yanganyije na APR FC 2-2 mu mukino wa shampiyona w’ikirarane, wakiniwe kuri Stade Umuganda igarura amateka yo muri 2017.
Isiganwa ry’imodoka rizwi nka Rwanda Mountain Gorilla Rally ryakinwe ku munsi waryo wa kabiri, aho ryakiniwe mu mihanda y’akarere ka Bugesera
Minisitiri w’Urubyiruko, Dr Utumatwishima Abdallah yashimiye ikipe ya Musanze FC iyoboye urutonde rwa Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda, aho ku geza ubu iri ku mwanya wa mbere n’amanota icyenda ku icyenda, mu mikino itatu imaze gukina, aho yayisabye kuguma kuri uwo mwanya.
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika(CAF) yamenyesheje Rayon Sports ko umukino wa CAF Confederation Cup izakirwamo na Al Hilal Benghazi kuri Kigali Pelé Stadium uzakinwa nta bafana bahari nk’uko iyi kipe yo muri Libya yari yabisabye.
Isiganwa ry’imodoka rizwi nka Rwanda Mountain Gorilla Rally ryatangiye kuri uyu wa Gatanu, aho ryitabiriwe n’imodoka 29
Kuri uyu wa Kane tariki ya 21 Nzeri 2023 i Kigali habaye umuhango wo guha ikaze irushanwa mpuzamahanga ryo gusiganwa ku magare (UCI Road Championship 2025) rizabera mu Rwanda mu mwaka wa 2025.
Nyuma yo kunyagirwa na Ghana 7-0, umutoza w’Amavubi y’abagore Grâce Nyinawumuntu yavuze ko abakinnyi b’iyi kipe bafite imisemburo nk’iy’abagabo byatumye ab’Amavubi babatinya kuva mu kwishyushya.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abagore yanyagiwe na Ghana mu mukino ubanza wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika, umukino wabereye i Kigali
Umutoza Abdou Mbarushimana, yavuze ko afite umushinga wo gutangiza ishuri ryigisha abakiri bato umupira w’amaguru mu gihe kiri imbere.
Nyuma y’uko Igikombe cya Afurika gisojwe, bamwe mu bakinnyi b’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda bitwaye neza, bamaze kubona amakipe yo hanze y’u Rwanda.
Rukundo Patrick wari Perezida wa Komite nkemurampaka ya Rayon Sports yeguye nyuma yo kugaragara mu mwambaro wa APR kuri iki Cyumweru
Ku mugaragaro mu Rwanda hamuritswe umukino mushya uzwi nka Pickleball, usanzwe ukinwa mu bihugu byateye imbere
Ikipe ya APR FC inganyije ubusa ku busa na Pyramids FC yo mu Misiri mu mukino ubanza w’ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League waberaga kuri Kigali Pelé Stadium.
Ayo mahugurwa arimo kubera i Kimironko mu Mujyi wa Kigali yatangiye ku wa 11 Nzeri 2023 akaba atangwa n’Umudage w’inzobere mu mukino wo koga, Sven Spannkrebs, aho yereka abatoza uko barinda abakinnyi impanuka zo mu mazi.
Abakozi batatu b’Ikipe ya APR FC baburanishirijwe ku cyicaro cy’Urukiko rwa Gisirikare i Nyamirambo, basabirwa gufungwa imyaka itatu.
Ikipe ya Young Africans izwi nka Yanga, kuri uyu wa Gatanu tariki 15 Nzeri 2023 yatanze inkunga y’ibikoresho bifite agaciro ka Miliyoni 4 Frw yo gufasha abaturage baherutse kwibasirwa n’ibiza.
Ku wa 13 Nzeri 2023, Umuyobozi w’ikipe ya APR FC yatangaje ko kuba ikipe yaba itamenyeranye, bitazaba urwitwazo mu mikino ibiri ya CAF Champions League, bafitanye na Pyramids FC yo mu Misiri, bityo ko nta gitutu bafite, iyi kipe na yo ngo ntibizayorohera.
Kuri uyu wa Kane tariki 14 Nzeri 2023, ikipe ya Pyramids FC yahagurutse mu Misiri aho ije mu Rwanda gukina na APR FC, mu mukino w’ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League.
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika yasabye kandi ihabwa amatariki imikino ibiri ya Rayon Sports na Al Hilal Benghazi izabera mu Rwanda