Ku Cyumweru tariki 15 Gicurasi 2022, Inteko Ishinga Amategeko ya Somalia yatoye Hassan Sheikh Mohamud, nka Perezida mushya w’icyo gihugu, akaba asimbuye uwakiyoboraga, Mohamed Abdullahi Mohamed.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) iragaragaza ko ku Cyumweru tariki 15 Gicurasi 2022 mu Rwanda habonetse abantu batatu banduye Covid-19, bakaba babonetse mu bipimo 4,761 byafashwe hirya no hino mu gihugu. Abanduye uko ari batatu ni ab’i Kigali. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze (…)
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Nyagatare, ku wa Gatanu tariki ya 13 Gicurasi 2022, yafashe amabaro umunani y’imyenda ya caguwa, yari yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa magendu ivanywe mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda, amabaro atanu muri yo akaba yafatanywe abantu babiri.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 14 Gicurasi 2022 mu Rwanda habonetse abantu barindwi banduye Covid-19, bakaba babonetse mu bipimo 7,651. Muri abo bantu 12 barimo barindwi babonetse i Kigali na batanu boneka i Karongi. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, (…)
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe gutanga ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga, ku wa Gatatu tariki ya 11 Gicurasi 2022, ryafatiye abagabo babiri mu Karere ka Rwamagana, barimo umukandida ku kizamini cy’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga icyiciro cya ‘B’, n’umwarimu wigisha gutwara ibinyabiziga, bakurikiranyweho (…)
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi (Marine Unit), ryarohohe umurambo w’umunyeshuri wigaga ku ishuri ry’ubumenyingiro (IPRC) rya Karongi, warohamye mu kiyaga cya Kivu ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki 10 Gicurasi 2022.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku Cyumweru tariki 8 Gicurasi 2022 mu Rwanda habonetse umuntu umwe wanduye Covid-19, akaba yabonetse i Kigali mu bipimo 4,871 byafashwe hirya no hino mu gihugu. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, (…)
Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya, avuga ko u Rwanda rwiteze kungukira byinshi mu nama mpuzamahanga yiswe Stockholm+50, igamije kureba uko abatuye Isi babana n’ibidukikije, cyane cyane uburyo babibungabunga, bikaba biteganyijwe ko izabera i Stockholm muri Suède mu ntangiriro z’ukwezi gutaha.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 3 Gicurasi 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya batatu, bakaba babonetse mu bipimo 2,977. Abo bantu batatu banduye, babiri babonetse i Kigali naho umwe aboneka i Gicumbi. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, (…)
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rubavu yafashe, mu mpera z’icyumweru gishize yafashe abantu bane bacyekwaho gukwirakwiza udupfunyika 1,688 tw’urumogi mu bice bitandukanye.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) iratangaza ko ku Cyumweru tariki 01 Gicurasi 2022 mu Rwanda habonetse abantu bane banduye Covid-19, bakaba babonetse mu bipimo 5,220 byafashwe hirya no hino mu gihugu. Abanduye ni batatu b’i Rubavu n’umwe w’i Kigali. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, (…)
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 30 Mata 2022 mu Rwanda habonetse abantu barindwi banduye Covid-19, bakaba babonetse mu bipimo 8,602. Abo bantu barindwi barimo batatu babonetse i Burera, babiri boneka i Rutsiro, umwe i mu Mujyi wa Kigali n’umwe i Gicumbi. Nta muntu witabye Imana mu (…)
Tariki ya 28 Mata 2022, Ambasade y’u Rwanda muri Senegal inashinzwe ibihugu bya Mali, Gambia, Cap-Vert na Guinea Bissau, ifatanyije na Kaminuza ya Gaston Berger iri mu Karere (Region) ka Saint Louis, gaherereye mu Majyaruguru ya Senegal mu bilometero 287 uvuye mu murwa mukuru Dakar, bateguye gahunda yo kwibuka ku nshuro ya (…)
Abahagarariye u Rwanda n’igihugu cya Botswana, ku wa Kane tariki 28 Mata 2022, basoje inama y’iminsi itatu yaberaga i Kigali, ari na yo yasinyiwemo ayo masezerano ndetse ifatirwamo n’ibindi byemezo.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 27 Mata 2022 mu Rwanda habonetse abantu batanu banduye Covid-19, bakaba babonetse mu bipimo 4,518. Abo bantu batanu barimo babiri babonetse i Kigali, babiri boneka i Burera n’umwe i Musanze. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo (…)
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 26 Mata 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya batandatu, bakaba babonetse mu bipimo 6,291. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,459 nk’uko imibare yatangajwe (…)
Mu gihe indwara z’umwijima, Hépatite B na C, zikomeje kugaragara muri Afurika, cyane cyane mu bihugu byo munsi y’ubutayu bwa Sahara, u Rwanda rurashimirwa kuba ruhagaze neza mu guhashya izo ndwara, nyuma y’uko rwapimye abaturage barwo barenga miliyoni esheshatu.
Itsinda ry’abaganga b’inzobere baturutse mu bihugu by’i Burayi na Amerika, bari mu Rwanda aho batangiye kubaga ibibyimba byo mu nda ku bagore bafite ubwo burwayi, bikaba bikorwa ku bufatanye hagati ya Minisiteri y’Ubuzima n’umuryango Rwanda Legacy of Hope, ari na wo uzana abo baganga kandi abarwayi bakavurwa ku buntu.
Ku wa Kane tariki ya 21 Mata, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda giherereye ku Kacyiru, Umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa, DIGP/Ops, Felix Namuhoranye, yahaye impanuro abapolisi 320 bitegura kujya gusimbura bagenzi babo mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Santrafurika.
Rosalie Gicanda yari umugore w’Umwami Mutara wa III Rudahigwa, akaba yarishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 19 Mata 2022 mu Rwanda nta muntu mushya wabonetse wanduye Covid-19, ibipimo byafashwe ni 6,597. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,459 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
Ku wa Mbere tariki ya 18 Mata, Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Nyamagabe yafashe abagabo batatu, bakurikiranweho gucura umugambi no kugerageza kwiba Banki y’Abaturage (BPR) ishami rya Musange riherereye mu Murenge wa Musange, akagari ka Masizi, umudugudu wa Karama, nyuma y’aho umwe muri bo yuriye agatobora igisenge akiba (…)
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 18 Mata 2022 mu Rwanda nta muntu mushya wabonetse wanduye Covid-19, ibipimo byafashwe ni 3,091. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,459 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.
Umuyobozi wungirije wa IBUKA mu Karere ka Nyamagabe, Kanamugire Remy, yasabye inzego za Leta zibifitiye ububasha gukurikirana abantu bahamijwe n’inkiko uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, n’abayikoze bataraburanishwa ubu bacyidegembya, akaba yatanze urugero ku Murenge wa Kibumbwe ufite abagera kuri 32 barebwa (…)
Kuri iki Cyumweru tariki 17 Mata 2022, itsinda ry’abapolisi 80 riyobowe na SSP Prudence Ngendahimana, ryahagurutse ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali, aho abo bapolisi bagiye gusimbura bagenzi babo bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo, mu Ntara ya Upper Nile, mu gace ka Malakal.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) iragaragaza ko ku Cyumweru tariki 17 Mata 2022 mu Rwanda habonetse abantu babiri banduye Covid-19, bakaba babonetse mu bipimo 3,416 byafashwe hirya no hino mu gihugu. Abanduye uko ari babiri ni ab’i Kigali. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba (…)
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyamasheke, yafashe abagabo batatu bakurikiranyweho kugira uruhare mu rupfu rw’umukobwa wacuruzaga Mobile money.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 16 Mata 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya babiri, bakaba babonetse mu bipimo 5,073. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,459 nk’uko imibare yatangajwe (…)
Ku wa Gatanu tariki ya 15 Mata 2022, Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya inkongi n’ubutabazi (Fire and Rescue Brigade), ryahuguye abakozi bunganira Akarere mu gucunga umutekano bazwi nka DASSO ku kwirinda no kurwanya inkongi, bahuguriwe mu nzu iberamo inama y’Akarere ka Nyabihu, iherereye mu Murenge wa Mukamira, Akagali ka (…)
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageze muri Barbados mu ruzinduko rw’akazi, nyuma y’urw’iminsi itatu yari asoje muri Jamaica.