Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1297 )

turashima kt

eliia yanditse ku itariki ya: 20-06-2017

uyumunsi mumurenge wagatenga akagali ka gashyekero nibwo mugitondo cyakare habonetse umusore wimanitse yiyahuye amakuru twabashije kumva ngo nuko ngo yagiye gucyina ikiryabarezi arinako asunika kamitsing ngo arashirirwa kuyowe bwite yarafite ye maze ngo nibwo yashoye kuyabosi we ucuruza amakara maze atangira kuribwa ngwarakomeza ngwarebeko byibura yagaruza biranga bigeze aho boss we ngo aramuhamagara amubaza aho ama frw ari amubeshyako yayaranguje ibyoyaranguye bitaraza maze ngo nibwo nyirabuja yahamagaye aho barangurira bamubwirako ntayo yabahaye ubwundiwe yariyagiye muvitondo rero kare ngo arabyuka aragenda akoramasuku ahobakorera arangije acaho nyumarero nibwo bagiyekumva bumvango ari mukagozi yapfuye ubworero nimba aripfumwe ryama frw yabandi yajyanye mugukinurusimbi.ngo rwikiryabarezi sinakubeshya pe gsa birababaje.ndangije nsabako rwose mukozubuvugizi nubwo biriya bintu bisora mwakorubuvugizi biriyabintu mugihugu cyacu bigacika kuko usanga ababikina nubundi ntacyobibagezaho ahubwo bibangiza mumutwe ahusanga ingonyinshi zirigusenyuka kubera kumugazwa nabiriya biryabarezi byaje nsubikiye aha ark nkabanyamakuru ndabadaba kuzakorubushakashatsi kubantu bubatse ndetse nabasore babikina koharicyo bimaze murakoze ndabakunda cyane kubwo kutwitaho.ndetse nuburyo.mugiruruhare mwiterambere ryigihugu.

omegaprinciple yanditse ku itariki ya: 12-06-2017

Natwe KT Turayikunda Ibitekerezo Tuzabitanga

Moustapha Platini Lee yanditse ku itariki ya: 11-06-2017

Turashimira PSD Yarebye kure,maze ihitamo umukandinda nyawe.

nsanzamahoro alphonse yanditse ku itariki ya: 5-06-2017

Turashimira RETA Y’URWANDA

IRANKUNDA Zachee yanditse ku itariki ya: 31-05-2017

ngir’inama daniel ubona ko hakwiye gufashw’abakiribato kandi aribo bagifit’imbaraga ngirang’ahubwo bishobotse basaranganya kuko mu zabukuru niho haruhije kurusha bitabujije ko n’abato bakwitabwaho

kamali yanditse ku itariki ya: 31-05-2017

kubabarira no kwiyunga bidufasha kwiyubaka

alias yanditse ku itariki ya: 28-05-2017

ndifuzakonzajyamenya amukuru yaye mukarere kacu.

ntibazankwirafocas yanditse ku itariki ya: 27-05-2017

Mbona amafaranga Leta iha abasaza n’abakecuru yaburi kwezi yajya iyaha urubyiruko mu kubafasha kwiteza imbere mwiterambere ry’igihugu cyacu

Daniel yanditse ku itariki ya: 25-05-2017

I Kibeho ni ahantu hatagatifu kandi si amazi y’isoko ya Bikira Mariya gusa hari ibyiza byinshi abahagenda baharonkera njye ndahatuye muzaze mbatembereze mwihere amaso.

DANIEL yanditse ku itariki ya: 25-05-2017

Akarengane muri KAYONZA DISTRICT, KABARONDO SECTOR, CYINZOVU CELL, CYINZOVU VILLAGE.aho abaturage 7 bikururije umuriro w’amashanyarazi wa EUCL 2 muri bo bari bamaze hafi amezi2 bacana. Ejo le 17/5/2017 manager wa EUCL KAYONZA araza abambura ama cash power abandi 5 baribatarazibona barazishyuye muri EUCL KAYONZA, Manager avuga ko uwo muriro bawubonye kuburyo budakurikije amategeko kandi ari we wawubahaye. YItwaje ko batishyuye umukecuru 50000 frw ngo yo gufatira ku ifoto ye. Bigaragara ko harimo akagambane k’umukobwe witwa Mutoni na Manger wa EUCL kugira ngo abo bafatabuguzi bashya bahombe kandi byarabatwaye amafranga menshi no guhera mu kizima. Turasaba kurenganurwa byihuta ninzego zose bireba, iz EUCL HEADQUATER, IZA lETA, IZ’UBUCAMANZA kugira ngo iterambere ryihute kandi Abanyarwanda bose basangire ibyiza Leta yacu ishaka kutugezaho.

Hitimana theonase yanditse ku itariki ya: 18-05-2017

mwaramutse mwiterambere nibyiza nkunda ikipeyagicumbi nifuzakwabayobozibayo bayegerahafi ntisubire mucyiciro cya 2 murakoze.

nkurikiye yanditse ku itariki ya: 8-05-2017

mwaramutse mwazadusuye mu karere ka gisagara mu murenge wa gikonko mu kagari ka gasagara.ko hari ibibazo bikeneye ubuvugizi bwanyu

alias yanditse ku itariki ya: 4-05-2017

Mwaramutse Ben! ibiyobyabwenge bidinza iterambere. Duhe indirimbo " nzoga iroshya" ya....,..kugira ngo dukomeze turwanye ibiyobyabwenge.

kamana charles yanditse ku itariki ya: 4-05-2017

Turashima cyane ibikorwa bya RPF/INKOTANYI byokutugezaho ibikorwa remezo bitandukanye iwacu i GIKUNDAMVURA.

MUKESHIMANA SAMUEL yanditse ku itariki ya: 4-05-2017

Turashimira Akarere Kanyabihu Ibikorwa Byiza Birimo Ndetse Nimihanda Irimogukorwa.Ikindi Abantubenshi Bavuga Umuriro Wamashanyarazi Ko Wabageraho Barabikeneye

Felix yanditse ku itariki ya: 2-05-2017

Ndashimira Ubuyobozibwakarere Ka Nyabihu

Felix yanditse ku itariki ya: 2-05-2017

Rutagarama Emmanuel

rutagarama Emmanuel yanditse ku itariki ya: 29-04-2017

murakoze ariko mujye mutugeza n,amakuru yakazi.

faustin nsanzimana yanditse ku itariki ya: 27-04-2017

turashimira umuyobozi wacu wakarere udahwema muguteza akarere kacu imbere

Nzafashyanimana Didier yanditse ku itariki ya: 26-04-2017

TURASHIMIRA UBUYOBOZI MWITAYE KUBATURAGE MUKABASHYIRIRA poster de sent twe mukagari ka bwenda mu murenge wakibumbwe mukarere ka nyamagabe

God yanditse ku itariki ya: 23-04-2017

Turashimira abo bose bandika bagaragaza icyateza umunyarwanda imbere.Turasaba ubuyozi ko bwakemura ikibazo cy’abantu badafite ibyemezo by’amashyamba yabo mu murenge wa nyamugali mu karere ka kirehe
Murakoze!

Kamarade yanditse ku itariki ya: 22-04-2017