Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1297 )

TURBAKUNDA

ndacyayisengasylvain yanditse ku itariki ya: 20-04-2017

murakozekuduhaI.Dmukarerekamusanze

ndacyayisengasylvain yanditse ku itariki ya: 20-04-2017

Mumurenge Wa Mimuli Akagari Ka Mimuli Baciwe Amande Angana Nibihumbi Bitanu Byo Gukererwa No Gusiba Mubiganiro Byo Kwibuka Genocide Yakorewe Abatutsi Bamwe Babifashe Nkakarengane Kuburyo Nta Muntu Numwe Byashimishije Nonese Umuyobozi Utarumva Impamvu Bwite Ahaaa!

Alias yanditse ku itariki ya: 19-04-2017

Turifuza kumenya amakuru twumvise yinzirakarengane zishwe kicukiro na gisozi mana y,, irwanda!!!!!

josee yanditse ku itariki ya: 14-04-2017

njye ndumva police yagomye kujya ikira akazi kayo ariko bakabanza gushaka ibimenyetso bifatika kuko hari ubwo abatangabuhamya bahimba pe. Nko kuvuga ngo yabwiye umuntu gutya.., nta kimenyetso nakimwe. Ntawutaziko hashobora kuzamo amashyari n’ibindi. So mujye mufunga mwabanje kubona facts. Gacaca ni nde utazi ko hari abayirenganiyemo nubu bafunze

Dada yanditse ku itariki ya: 11-04-2017

Umwanda ubangamira ibintu byinshi mu buzima bwa muntu bw’imibereho ye ya buri munsi. Abayobozi n’abayoborwa nibahurize hamwe imbaraga zabo maze tuwurwanye twivuye inyuma duce ukubiri n’indwara ziwukomokaho.

NIYOTUBIKESHA JEAN NEPOMUSCENE yanditse ku itariki ya: 4-04-2017

twakoze mukigo cya a.c.e.k bihembe nshira baratwambuye ikigo.baragifunze. iyo tubishuje batubwirako ntamafarangabafite. kandi baturimo amezi arenga muratanu(5) none banyakubahwa mutugiriyeneza mwadukurikiriranira ikikibazo.nukari mwabamugize nezacyane

turabakozi.barenga.icumi(10)... yanditse ku itariki ya: 3-04-2017

ba nyakubahwa ba karere ka kicukiro turabashimira service muduha ku bijyanye ni byangobwa byo kubaka!

Mukankuranga jeanne yanditse ku itariki ya: 28-03-2017

HiBanyakubahwa ba karere ka Gasabo twabasabaga mu rwego rwo kunoza service mugutanga ibyangombwa byo kubaka mu karere ka gasabo ko mwajya mubyihutsha! abantu bakabona service yihuse murwego rwi imiyoborere myiza! murakoze

Mukankuranga jeanne yanditse ku itariki ya: 28-03-2017

amakuru,NAyo muduha

HakiZimanavenustw yanditse ku itariki ya: 26-03-2017

kumenya amakuru kugihe

Dushime david yanditse ku itariki ya: 24-03-2017

Hi.banyakubahwa bayozi bakarere kabugesera mudufashe twetwa cikishije amashuri yisumbuye hijuruyuwakane nicyogitecyerezo narimfite?

ntibaziyandemye jean de dieu yanditse ku itariki ya: 23-03-2017

Akarere kacu karigutera imbere dushimishijwe n ’umuhanda wa kaburimbo umubyeyi Nyakubahwa Prezida wa Repubulika yatwemereye ku busabe bwanyu.Ese mufatanyije na campany ikora uyu muhanda wacu,mwatuvugira ,hariya hafi ku Biro by’u Murenge wa Cyeru,tutabogamiye ibipimo by’umuhanda berekanye tukazarushaho gushigikira amazu
yacyu n’urugarika rw’amabuye dore ko twari twarabitangiye fondation zubatswe ahakomeye ,cyangwa bakatwere uburyo twe twahikomereza ,aho gukomeza gusenya amazu yacu yubatswe ku buryo atapfa guhirima kubera compacteur zikora mu muhanda Natwe tukazabona kubyiza bya kaburimbo,ijYe iwacu.nabonye no kubona ikibanza hafi y umujyi wacyu wa Kirambo bitoroshe kwari ugusaba.

leonard yanditse ku itariki ya: 23-03-2017

Kiragara kuri Kigali

Muteteri Moreen yanditse ku itariki ya: 21-03-2017

MURAHO BANYAMAKUBEZA?NYAMAGABE TURABAKUNDA

Munyaneza yanditse ku itariki ya: 21-03-2017

Nyakubahwa muyobozi wa akarere ka Gicumbi tubabajwe nogusubira inyuma kwikipe yacu biturutse kubuyobozi bwa karere mwikuriramo ayanyu iyi kipe muzayihorwa.

Baptiste yanditse ku itariki ya: 17-03-2017

Nyakubahwa muyobozi wa akarere ka Gicumbi tubabajwe nogusubira inyuma kwikipe yacu biturutse kubuyobozi bwa karere mwikuriramo ayanyu iyi kipe muzayihorwa.

Baptiste yanditse ku itariki ya: 17-03-2017

mujye mukomeza mutugezeho amakuru maze dufatanye twubake urwatubyaye

iyakaremye jean damascene yanditse ku itariki ya: 16-03-2017

NIYIHANGAN

CLOUDE yanditse ku itariki ya: 16-03-2017

Turishimye Kubw’ Ibitaro Bishya

Ana yanditse ku itariki ya: 15-03-2017

Muraho, kt nanjye nifuje kujya ntanga ibitekerezo byamjye , murakoze

Veku yanditse ku itariki ya: 14-03-2017

Bwana muyobozi w’akarere ka Gisagara mbaje kubasuhuza.twishimiye intambwe imaze kugerwaho mwiterambere arko mujye munakurikirana ibyagenewe abaturage ko barikubigezwaho uko bikwiriye bitabaye umuhango wokubimurika gusa urugero nkamazi yahawe abaturage bo mumurenge wa nyanza ho mukarere ka Gisagara byabaye umuhango murakoze.

Niyonkuru Eric yanditse ku itariki ya: 14-03-2017