Kigali: Kuri Convention n’ahandi bakereye gusoza umwaka no gutangira undi (Amafoto)

Hirya no hino mu Mujyi wa Kigali abantu bakereye ibirori byo gusoza umwaka no gutangira undi, aho bagiye bahurira ahantu hatandukanye hari ibitaramo bibafasha kwishima, nko ku mbuga ya Kigali Convention Centre, aharimo kubera igitaramo kirimo umuhanzi w’icyamamare w’umunya-Tanzania Ali Kiba, aho afatanyije n’abarimo Kevin Kade, Bwiza, Riderman n’abandi.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka