Ibirori bya ‘Friends of Amstel’ bigiye kubera muri Zaria Court

Ku wa 18 Ukwakira 2025, muri Zaria Court i Kigali hazabera ibirori by’akataraboneka bizashyushya Umujyi wa Kigali, bikaba byarateguwe mu rwego rwo kwizihiza umuziki, kwidagadura ndetse n’ubuvandimwe buhoraho.

Mu bahanzi bazasusurutsa uwo mugoroba harimo icyamamare cyo mu Rwanda n’akarere: Bien-Aimé Baraza (Kenya), Bruce Melodie (Rwanda), Kivumbi King (Rwanda) na Mike Kayihura (Rwanda).

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka