Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1377 )

TURASABA EWAS KO YATUGEZAHO UMURIRO MUKAGALI KA RUTARE UMURENGE WA RWEMPASHA AKARERE KA NYAGATARE UBU BUBAYE UBWA (3 TUBANDIKIRA KO MUTUVUGANIRA NTAKISUBIZO MUTUGEZAHO TURABABAYE PE! MURAKOZE.

ALIAS yanditse ku itariki ya: 4-06-2014

reb yananiwe kuzuza ibyo yemereye abanyeshuri bakaminuza,kugeza ububarategereje amaso yaheze mukirere,ndi muri U-R-CAVM-BUSOGO CAMPUS.

nepo yanditse ku itariki ya: 3-06-2014

nasabaga rurindo ko yaduha umuriro mugasatere ka kivugiza na kabuga ho mu murenge wa masoro murakoze.

nkurikiyimana Lambert yanditse ku itariki ya: 3-06-2014

abakarasi bi rwamagana babangamiye abagenzi ndetse nitabi bicyara banwa

nsengamanasse yanditse ku itariki ya: 28-05-2014

Nukuri nangenibereye Kampala sukompishimiye,nangenagiye mpunze umugorewange.nasabaga kutugereza kuri leta igitekerezo cyogukangurira abagore kubaha abagabobabo.kuko,baradukoresha,amakosape!turashirira mumagereza,ahobukera.uburinganire bamwebabufashe,ukobutaripe!birakabije.murakoze.

Sibomana yanditse ku itariki ya: 28-05-2014

NDABAKUNDA ARIKO MUDUHE N’AMAKURU Y’IMIKINO.THANKS

PT GARCON yanditse ku itariki ya: 27-05-2014

Nukuri Haniwacu Umuriro Ni Kibazo Muri Burera Mumudugudu Mugeshi Akagari Kabyiniro Mutubarize

Erethier yanditse ku itariki ya: 26-05-2014

Turashima Nyakubahwa Perezida Warepuburika y’urwanda ibyiza atugezaho, Natwe Mukarere Ka Nyabihu Umurenge Wa Jenda Akagali Ka Gasizi Umudugudu Wa Rwanamiza ,twishwe Nicyuraburindi Ntamuriro Dufite Kandi Abaturage Batanzamafaranga,MUTUBARIZE EWSA.

vuganeza felicien yanditse ku itariki ya: 26-05-2014

Muravuga imiriremibi muri KAYONZA !muzaze NDEGO mazemurebe aho abantu baryanabipe !!Ubuhowagirango nimubutayu.

kalisa evalist yanditse ku itariki ya: 24-05-2014

Muraho?Ndi Hano Kampala.Natwe Turabashima Cyane Kuko Amakuru Y’iwacu Ya Burimunsi Atugeraho.Njye Ndabona Imiririre Mibi Y’abana Igenda Ikendera Ugereranyije N’ibihe Bishize

Ndamukunda Dieudonné yanditse ku itariki ya: 24-05-2014

mubyukuri turagirango mutubarize mukarere ka BURERA umuriro namazi aho byagiye, hari imidugudu yibyiotegererezo bavuzeko igomba kugeramo umuriro n’amazi ariko mumurenge wa GITOVU, ho wagirango ibyo ntibibareba nagato, ubu umuriro bawushize muri 200m kare gusa ibyo byaratuyobeye , mutubarize impamvu. murakoze

masengesho ruth yanditse ku itariki ya: 23-05-2014

Mubwire Police No Muri Week End Abapolisi Bajye Bajya Mumihanda

Gasirikare Otto yanditse ku itariki ya: 23-05-2014

Kt Turabashimira Kubwa Makuru Mutugezaho Arayo Mu Rwanda No Hanze Yu Rwanda Aho Tutabasha Kwigerera Mwebwe Murahatugerera Turabibashimira Mugomeze Mudushacyire Amakuru Natwe Turabakunda Cyane Ubu Urushinge Rwa Radio Rwa Kwamiye 96.7 Ok Thanks You Yari Cloude Murakoze Gd By By

Cloude yanditse ku itariki ya: 23-05-2014

natwemurikagabi romuzatugezeho umuriro ningombwa kuko turawushaka murakoze

hakizimana Emmanuel yanditse ku itariki ya: 22-05-2014

birababaje kuba igitsina gore gikomeje kwandagaza agaciro k’uburenganzira bw’ umwana ahotwakuye umwana umwana w’umunsumwe mubuga -gitara-kayo nza-rwamagana-EST yemwe nihakazwe umuco

BENJAMINDE yanditse ku itariki ya: 20-05-2014

Ndabashimacyane kubwibitekerezo byiza mukomeje kugeza kubanyarwnda ariko nange nasabaga inzegoza leta dufatanyije twese nkabanyakayonza ikibazo cyamazi n’okutagira umuriro giteye inkeke mumurenge wa kabarondo,akagali ka kabura birababaje kuba tumaze imyaka 19 ntagikorwanakime cyiterambere kuko byaragaraye ko aho umuriro ugeze ubukene burahunga
ndumva icyo cyaba igisubizo cyubukene bugaragara ahahantu
thx.

NTABWOBA AIMABLE yanditse ku itariki ya: 17-05-2014

Turasaba ikigo gishizwe amazi n’amashanyarazi ko cyareba ahataragera urusinga cy itiyo ko batworohereza bikatugeraho tukabasha kuba ahantu hasusurutse nyamuna mubitugiremo.

alias yanditse ku itariki ya: 16-05-2014

KWIKA NINGOMBWA M,URWANDA

ALPHONCE yanditse ku itariki ya: 16-05-2014

Muri za gare ya NYABUGOGO, MUSANZE mu RUHENGERI, gare ya RWAMAGANA, itabi ribangamiye abagenzi. Police yareba uko ihashya abanyweramo itabi kuko birakabije ugeramo ukabura aho uhumekera cyane cyane guhera saa kumnimwe 17h00’.

Seth yanditse ku itariki ya: 11-05-2014

RWOSE UMUJYI WA KABARONDO URAKABIJE KU MWANDA NI UKUREBA UKO MUKEMURA ICYO KIBAZO KUGIRANGO UBUZIMA BW’ABATURAGE BUTAHAGENDERA.

alias yanditse ku itariki ya: 8-05-2014

ningombwa kwibuka abacu bazize uko bavutse twibuke twiyubaka

ndihokubwayojockson yanditse ku itariki ya: 7-05-2014

Yewe ntukuri kutibuka abarimu nikimwe nokwiyima pe kdi icyo mbona abayobozi batakibona kimwe ahaaaaaaa

NGOGA V yanditse ku itariki ya: 6-05-2014