Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Ministre w’uburezi natubabarire asure ibigo bya gatsibo turamushaka
mu murenge wa Tare ahitwa mu gasarenda inkuba yivuganye umudamu ubwo imvura yagwaga ku mugoroba wo kuwa 10/08/2014
hii!!!!turabashimira kubikorwa byiza leta idahwema gukorera abanyarwanda
naho abasebya abayobozi
ahutwakagombye gusenyera umugozi umwe maze tugakosora ibitagenda
nikonkwigira kwiza
"ariko ge icyo nisabiraga leta byumwihariko moyor waka rere ka kayonza nkibaza icyo atekereza kumurenge wa kabarondo byumwihariko akagali ka kabura igituma aka kagali gakomeje guherinyuma mubikorwa byiterambere naha kagombye gushyirwa umuriro nkahandihose mugihugu"thx muzatubarize kuko amaso akomeje guhera muki rere.
Mwaramutse mwese? Abanenga bajye babikorana gukunda igihugu, bamenye kunenga umuntu kubye bitagenda, bamenye ko atari system yyamutumye, System igutuma Umutekano, uburezi bwiza, Amajyambere, service nziza, nibindi
Turasaba banki kugabanya interest zishyurwa nurubyiruko rufata loans mu mabanki. follow http://hebex.youclip.mobi to get unlimited contents. #twiteze imbere
AMAFOTOMESHI
twifuzagako umupira wa maguru wabona abaterankunga kugirango urusheho gutera imbere
EWAS,NANUBU,NTIRABICIKAHO
ndasaba Minister Mushya W’ubutegetsi Bw’igihugu Gusura Uturere Twose Agahura N’abakozi Bose Munzego Z’ibanze Guhera Ku Kagari Bizamufasha Kumenya Aho Azashyira Imbaraga.
NIBYIZA CYANE KUMAKURU MUDUHA.
Njywe ndashima reta y’ubumwe bw’abanyarwanda kuko iharanira gute imbere abanyarwanda kandi igaharanira inyungu z’abaturarwanda iyaba Paul Kagame yari kuzakomeza kuyobora abanyarwanda.
Abanyagakenke turishimira imiyoborere irangwa mu karere kacu byumwihariko mu murenge wa Nemba
ibya nyaruguru niko byamye.
Njye Ndanenga Kuyobora Ntabwo Ari Ukwica Mumbabarire Mbaawire Umwana Warenganye Agakubitwa Hafi Yogupfa Ngo Azira Kumenyana Nuwari Umukozi Wa Gitifu W UMurenge Wa rambura None Umuntu Azapfako Atagira Uwamuvuganira Gusa Haragowe Abarenganya Imfubyi
Njendashyimira ubuyobozi,buriho. ubu,nintangarugero nabandibigireho paul.oye turagushigikiye
muraho mbanje kubasuhuza ngewe ndi mugihugu cha yemeni mura asia nkurikirana amakuru buri musi yu rwanda mutugezaho mubyukuri aradushimisha aho urwanda rugeze murikigihe rwateye intamwe ishimishije turasaba imana ko yakomeza gutera inkunga kubayobozi baru yobora bakomerezah?
Nge navugaga kubitwa uduhimbaza mutsi kamwarimu ugasanga bavuga ko umunyeshuri atariha minerival ariko wabara ugasanga ninko kuriha ahaaa..
KO MUVUGA NGO TWUBAKE UBVREZI BUFITE IREME KUKI MUTAMANUKA NGO MUGESE MUSI GS NKUNGU ESE ABO BASHINZWE UBUREZI ICYO BATUMARIYE NI IKI?MUGIHE UMUYOBOZI WAGIRANGO IKIGO NICYO YIYUBAKIYEAKAKORERAMO IBYO ASHATSE.UMWARIMU ABYUTSE ATIYUMVAMO UWOMUNSI NUKUMUHINDURIRA AMASOMO IBYE NABANA BAHIGA BIZWI NATWE TUHATURANIYE WIKENDI ABANA BABAKOBWA SUGUSIMBURANA MURI BIRO YE ESE INZU (NAKO ICYAPA)YUBATSE MUKABARAZI ISIMA ZAKORESHEJWE...!NIMUDUTABARIRE ABANA MWOGAHEKAMWE!
Kaduha/Nyamagabe,abanyeshuri biga mu mashuri ya 9&12YBE barishimira igikorwa cyo kubona ifunguro rya saa sita cyagezweho kuko bakomeza amasomo bumva bafite imbaraga.
Sibyiza kugaragaza Ibitagenda ibigenda Bihari Usaba ngo yongererwe nuko hari nabicye yahawe kirehe gahara nyagasenyi twabuze umuriro nabaharanira ko byagerwaho barikwirukanwa ntamperekeza nyumvira nigute? wakora IMYAKA 8 UKIRUKANWA Ntamperekeza
jye ndasaba pe ! kandi ni
Reta bwira yo ifite
inshingano mugukoresha
(abazungu) ubwomvuze ubwokobwose bwabazungu
nka leta yagakwiye kutwitaho natwe
nibura batubaze uko
abobazungu badufata ?niba dufite
ubwishingizo nimba dufite contract ?
nkatwe tugira impungenge
nti nimbimubwira ndavakukazi
kandi dufashwe nab’ibwaye ikaturusha agaciro yego nubwo
byababi kurikiranwa rwose ntibinoze
neza ngutungiye agatoki mukarere ka musanze
hamwe na radio
Ndagirango mutubarize uko tuzabona amazi?,ikindi ko turimo kuvugurura sacco dukorera amafaranga 150F kwijerekani yamazi jera akatubwirako ntamuntu azahemba adafunguje konte muri sacco ubwo umuntu azakorera 150f afunguze konte ya 5000f ntacyo afite murugo?aho ni mumurenge wa Nyamirama akarere Ka Kayonza murakoze.