Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
kigali to day ndabashimira amakuru mutugezaha murakoze
Nibyiza cyanerwose amashanyarazi atumyemye benshi bakataza mu iterambere ubungubu business iyo ariyo yose iragenda bityo tukaba duknmeje gurhimira leta y’Urwanda ikomeje kutugezaho ibikorwa remezo nk’ibingbi TURABAKUNDA CYANE Thanks.
turabashimira kumakuru mutugezaho muturere tukaba twifuzagako nayo mumirenge mwajya muya duha
Abandika kurubuga bose bagakwiye kujya bandika ibifite ireme
ntakindi ndabashimira uburyo mutugezaho amakuru
mwaramutse ntangiye nshyimira kigali today, kudahwema kutugezaho amakuru yihuse mutubarize ibitaro bya nyagatare bigira toilet imwe nikigo nderabuzima cyaho.
Mu mbonezamikurire y’abana bato,hagomba gutegurwa neza ibiribwa bitera imbaraga,ibyubaka umubiri,ibirinda indwara .Umwana agomba gukoreshwa imitozo imufasha gukuza ibice bito n’ibinini by’umubiri,ibikuza ubwenge n’ibindi.
Mu mbonezamikurire y’abana bato,hagomba gutegurwa neza ibiribwa bitera imbaraga,ibyubaka umubiri,ibirinda indwara .Umwana agomba gukoreshwa imitozo imufasha gukuza ibice bito n’ibinini by’umubiri,ibikuza ubwenge n’ibindi.
Ibyinshi numvuse aribyizakuko biganisha kwiterambere ryugihugucyacu byumwihariko akarere kacukarusizi ariko ntacyo byababimaze mugihe ikirango kigihugu bamwe muritwe bakiba ese ubuturavahe tukajyahehe ? koko kera ngo batwitaga incutizurwanda nonetubaye abanzibarwo abobantu barabeshya bazafatwa so dukaze uburinzi amarondo akorwe kandinabayakora ducungane kuko birababaje bakurubacu !birababaza
nitwa nkurunziza michel nataye irangamuntu ariko ntabwo nzi nomero yayo,yatangiwe mukarere ka kirehe,gatore,nasabaga ko mwamfasha mukanyoherereza number yayo kuri iyi email([email protected])
Iyi gahunda yo kwigisha abana indangagaciro z’umuco nyarwanda ni nziza pe.IPRC ikomereze aho turayishyigikiye.
njydwe mbona nk’abanyarwanda aritwe dukwiye gufata iyambere tukiyubakira igihugu cyacu. kandi bajya bavugango,umugabo arigira yakwibura agapfa. nitutarwana kugihugu cyacu tuzashiduka twibuze natwe ubwacu. murakoze!!!!
MURAHO ABAKUNZI BA KIGALI TO DAY? TWISHIMIRA CYANE AMAKURU MUTUGEZAHO,AHERERANYE NAKARERE KA RUTSIRO NKABA NDIKUBAZA IMPAMVU IMIRENGE YO MUKARERE KARUTSIRO YABONYE UMURIRO WAMASHANYARAZI, ARIKO UMURENGE WA NYABIRASI UKABA UTARIGEZE KUBONA KURUWO MURIRO? MUTUBARIZE ABABISHINZWE.
Nyuma yo GUSOBANUKIRWA N’AMATEGEKO AGENGA IMICUNGIRE Y’UMUTUNGO W’ABASHYINGIRANYWE, IMPANO N’IZUNGURA.Abahungurwa bakaba biyemeje kuzarenganura abarenganye bifashishije itegeko.
Nyamagabe,Twishimiye amahugurwa ari gutangwa na Rwanda Women Network muri Nyungwe Forest Garden Hotel.Aho INGABIRE Immaculee ari kuduhugura ku kurwanya ihohoterwa,gucunga umutungo kw’abashakanye,impano n’izungura.
Aya mahugurwa yitabiriwe n’abashinzwe uburezi,irangamimerere,abagenzacyaha,abakuriye ingaga z’abagore na ba perezida b’abajyanama b’ubuzima baturutse mu mirenge ya Gasaka,Musange,Kaduha,Tare na Buruhukiro.
mudufashe hano mukarere ka nyagatare umurenge wa Gatunda akagari ka Rwensheke!tumaze umwaka ntamazi meza tugira!!!
mudufashe hano mukarere ka nyagatare umurenge wa Gatunda akagari ka Rwensheke!tumaze umwaka ntamazi meza tugira!!!
NATWE HANO MURENGE WA RUGERERO TWABUZE UMURIRO MUDUFASHE NI ERIC
MWARAMUTSE MWESE BAKUNZI BIYI PAGE!
NANJYE NASABA KO ABAYOBOZI BO MURI Ngoma District BAJYA BADUSURA MU MIDUGUDU BAKATWUNGANIRA MUKWITEZA IMBERERE MU BITEKEREZO!
Thanks!
Mudukurikirane mukarere ka Nyamagabe, Umurenge wa Musange ku Kigo nderabuzima cya Jenda; kuko wagirango abivuza usanga babuze ababitaho biryamiye muri JARIDE.
Murakoze Njyewe Ndisabira Abayobozi Ba Rwamagana Ko Batwubakira Parking Yi Modoka Ijyanye Ni Gihe Kuko Ihari Irasebya Umugi Wacu,muzatubarize Mwaba Mukoze!!
Umurenge wa Rubaya umudugudu Ngange hari akarengane gaterwa na chef w’umudugudu(MATABARO) mudufashe.