Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1377 )

inkuru mwakoze ndazishira ark byababyiza mugeze mu karere ka RUHANGO umurenge wa RUHANGO akagali BUHORO

ntamwere eugene yanditse ku itariki ya: 5-02-2015

Amahoro; Amahoro Nimwatumenyera Amanota Yabakuze Ikizamini Gisoza Amashuri Y’isumbuye Igihe Azasohokera?
MURAKOZE!

Yves Iriza yanditse ku itariki ya: 5-02-2015

Muraho kgl to day. Nasabaga kuza tubariza pm uburyo aba nurse twize hanze dusabwa gusha equivalency kd turakora mubitaro no mubigo nderabuzima hariho nabarengeje imyaka 15 bakora. Ikindi kandi dukorerwa isuzuma bushozi ryabakozi nkabandi bakozi ba leta udashoboye ntekereza ko. Bifite inzira binyuramo. 1.Equivalence 2. Isuzuma bushobozi. Bimaze iki? Nimba minist wubuzima yongera kudukoresha examen. Thats is secret

nkinzingabo yanditse ku itariki ya: 2-02-2015

Ngoma iri ku isonga mu kwesa imihigo ariko Akagari ka Karenge muri JARAMA kari mu bwigunge kubera kutagira amashanyarazi. Imibereho myiza irahari ariko iterambere rirakenewe mu
ikoranabuhanga.

Mbonizanye Cypridion yanditse ku itariki ya: 30-01-2015

RURA AMATEGEKO YASHYIZEHO NTABWO AREBA UMUHANDA GISENYI-RUBENGERA?TAX ZIRIGUKABYA.

HABIMANA ISIDORE yanditse ku itariki ya: 26-01-2015

turashimira moyar wacu nakomerezaho tumurinyuma.

Nzabandora straton yanditse ku itariki ya: 26-01-2015

Mutubarize ushinzwe minisante mugihugu kobirukana abafite A2 ngobarashaka aba A0 cg A1 urwanda rufite ubushobozi bwokujyabahemba abobantu,ariko bazibukeko nufite iyo leve yabanje A2 Natwe nibaduhe agacirokacudufite,murakoze.

Etienne hategekimana(Nyamasheke,shangi,burimba,busangati.) yanditse ku itariki ya: 25-01-2015

Amahoro ! Ibiganiro by’iyi radio rwose biratunyura.Turabashimiye cyane.

venuste N yanditse ku itariki ya: 23-01-2015

Mwaramutse,Mumurenge Wa Gikomero Akarere Ka Gasabo Umubyeyi Yimye Umwana We Ibikoresho By’ishuri Ngo Nareke Kwiga Ati"nabatarize Bariho"

Nzawallah yanditse ku itariki ya: 23-01-2015

Turabashimira Kubw’amakurumeza Mutugezaho Ariko Mujyemunadusura Nyamasheke

Nsabimana Samuel yanditse ku itariki ya: 23-01-2015

mwaramunse muzatubarize impamvu banshyizeho irondo ryumwu ga nonese umusilikare azarara hanze umu porisi ararehanze numuturange ararehanze ubwose ninde uzarara munzu ?

japheti yanditse ku itariki ya: 21-01-2015

Turabashimiye Muri Abagaciro Murakoze

Bategejo Thacien yanditse ku itariki ya: 16-01-2015

nwaramu ndashima abanyamakuru banyu kuko batungeraho tukababwira ibitekerezo byacu

ni japheti yanditse ku itariki ya: 13-01-2015

KABISA TURASHIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE KA BURERA KUBUFASHA BAHAYE IMIRYANGO YAHUTARIYE MURI RWA RUSENGERO RWAGUYE KUBANTU MUGAHUNGA-BURERA NDETSE N’IBINDI BYOSE BADAHWEMA GUKORERA ABATURAGE BURI MUNSI.

Alias GITEPHANO yanditse ku itariki ya: 12-01-2015

KABISA TURASHIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE KA BURERA KUBUFASHA BAHAYE IMIRYANGO YAHUTARIYE MURI RWA RUSENGERO RWAGUYE KUBANTU MUGAHUNGA-BURERA NDETSE N’IBINDI BYOSE BADAHWEMA GUKORERA ABATURAGE BURI MUNSI.

Alias GITEPHANO yanditse ku itariki ya: 12-01-2015

mwaramutse mutungezaho amakurumeza ni japheti

bikorimana yanditse ku itariki ya: 12-01-2015

Nangenshimiye,abobayobozi,arikonibabishoboka Mubadusabirebegere,abaturage , Murakoze.

Habanabashaka , Emmy yanditse ku itariki ya: 8-01-2015

mwaza tubwiye kuri kicukiro cg kagarama muzaba mukoze

Uwineza Cocos yanditse ku itariki ya: 8-01-2015

ndasa.umukobwa.witonda

nirenganya.ferdinand yanditse ku itariki ya: 7-01-2015

Nifurije Abanyarwanda Gutangira umwaka Mwiza Kandi Bakoro Bihangira Imirimo.

Turatsinze jean Damuor yanditse ku itariki ya: 5-01-2015

Gusa ikibazo cya Service kuri centre de sante ya Bukora nayo ntabwo inoze kuko uzanga abarwayi baryamye muri pasparumu nta muntu ubitaho bukabiriraho bamwe bagataha batanavuwe kandi abaganga babarebera gusa

Kamari yanditse ku itariki ya: 4-01-2015

nt amakuruyimikino mutungezaho

kalisa yanditse ku itariki ya: 31-12-2014