Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
inkuru mwakoze ndazishira ark byababyiza mugeze mu karere ka RUHANGO umurenge wa RUHANGO akagali BUHORO
Amahoro; Amahoro Nimwatumenyera Amanota Yabakuze Ikizamini Gisoza Amashuri Y’isumbuye Igihe Azasohokera?
MURAKOZE!
Muraho kgl to day. Nasabaga kuza tubariza pm uburyo aba nurse twize hanze dusabwa gusha equivalency kd turakora mubitaro no mubigo nderabuzima hariho nabarengeje imyaka 15 bakora. Ikindi kandi dukorerwa isuzuma bushozi ryabakozi nkabandi bakozi ba leta udashoboye ntekereza ko. Bifite inzira binyuramo. 1.Equivalence 2. Isuzuma bushobozi. Bimaze iki? Nimba minist wubuzima yongera kudukoresha examen. Thats is secret
Ngoma iri ku isonga mu kwesa imihigo ariko Akagari ka Karenge muri JARAMA kari mu bwigunge kubera kutagira amashanyarazi. Imibereho myiza irahari ariko iterambere rirakenewe mu
ikoranabuhanga.
RURA AMATEGEKO YASHYIZEHO NTABWO AREBA UMUHANDA GISENYI-RUBENGERA?TAX ZIRIGUKABYA.
turashimira moyar wacu nakomerezaho tumurinyuma.
Mutubarize ushinzwe minisante mugihugu kobirukana abafite A2 ngobarashaka aba A0 cg A1 urwanda rufite ubushobozi bwokujyabahemba abobantu,ariko bazibukeko nufite iyo leve yabanje A2 Natwe nibaduhe agacirokacudufite,murakoze.
Amahoro ! Ibiganiro by’iyi radio rwose biratunyura.Turabashimiye cyane.
Mwaramutse,Mumurenge Wa Gikomero Akarere Ka Gasabo Umubyeyi Yimye Umwana We Ibikoresho By’ishuri Ngo Nareke Kwiga Ati"nabatarize Bariho"
Turabashimira Kubw’amakurumeza Mutugezaho Ariko Mujyemunadusura Nyamasheke
mwaramunse muzatubarize impamvu banshyizeho irondo ryumwu ga nonese umusilikare azarara hanze umu porisi ararehanze numuturange ararehanze ubwose ninde uzarara munzu ?
Turabashimiye Muri Abagaciro Murakoze
nwaramu ndashima abanyamakuru banyu kuko batungeraho tukababwira ibitekerezo byacu
KABISA TURASHIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE KA BURERA KUBUFASHA BAHAYE IMIRYANGO YAHUTARIYE MURI RWA RUSENGERO RWAGUYE KUBANTU MUGAHUNGA-BURERA NDETSE N’IBINDI BYOSE BADAHWEMA GUKORERA ABATURAGE BURI MUNSI.
KABISA TURASHIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE KA BURERA KUBUFASHA BAHAYE IMIRYANGO YAHUTARIYE MURI RWA RUSENGERO RWAGUYE KUBANTU MUGAHUNGA-BURERA NDETSE N’IBINDI BYOSE BADAHWEMA GUKORERA ABATURAGE BURI MUNSI.
mwaramutse mutungezaho amakurumeza ni japheti
Nangenshimiye,abobayobozi,arikonibabishoboka Mubadusabirebegere,abaturage , Murakoze.
mwaza tubwiye kuri kicukiro cg kagarama muzaba mukoze
ndasa.umukobwa.witonda
Nifurije Abanyarwanda Gutangira umwaka Mwiza Kandi Bakoro Bihangira Imirimo.
Gusa ikibazo cya Service kuri centre de sante ya Bukora nayo ntabwo inoze kuko uzanga abarwayi baryamye muri pasparumu nta muntu ubitaho bukabiriraho bamwe bagataha batanavuwe kandi abaganga babarebera gusa
nt amakuruyimikino mutungezaho