Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1377 )

muraho ndabsuhuje nkukomutuberayo nkabavugizi bigenga twagirango mutubarize kayonza mumurenge wamurama tuziriki ko bataduhumuriro doreko arinawo murenge usigayehagati yiyindimirenge ntamurirokoko nyamuneka mutugeragereze mudufashe bayobozi bacudukunda

alias nsenga yanditse ku itariki ya: 20-07-2016

mukarere kangoma ubuyobozi bukora neza ariko haraho bass nkabirengagiza uduce tumwe natumwe mwiterambere ryabaturage baho.kubona bajyana amashanyarazi namazi mumurenge wat rukila bagasimbuka hafi 20km bawunyuza hejuru yabandi baturage bigaragarako mumyaka 22ishize twibohoye ahitwa Samara ,kibaya hose ntaterambere narimwe rihagezwa ubwo ababyumva murabyumva mute? NGOMA ikubite agashyi pe.

hategekimana yanditse ku itariki ya: 17-07-2016

Njendashima Kt redio Uburyo yatunjeJejeho Ariyamakuruyo Muri Iriyanam Y A 27 Yahuje Umuryango Wubumwebwa Afu Yabibumbiyehamwe Murakoze

Tuyishim Joshuwa yanditse ku itariki ya: 17-07-2016

Turasabako Nabantu Bafite Amahoteli Bajyabatangaza Imyanya Yakai Babinyujije Mubitangazamakuru Kuko Ubona Hoteli Yubakwa Ejo Ugasanga Yatanjyiye Gukora Ntumenye Igihe Akazi Katanjyiwe Kandi Nawe Wari Ufite Ubumenyi Kuburyo Nawe Waza Ugahangana Nabandi Ku Isoko Ry’umurimo Mudufashe Kbsa

Moses yanditse ku itariki ya: 14-07-2016

tubashimiye uko tugezaho amakuru yukuri.

MATABARO JEREMIE yanditse ku itariki ya: 13-07-2016

turabashimira, mukoze

Juvenal yanditse ku itariki ya: 10-07-2016

kumenyaamakuruyiriwemukarerenkomokamo

myasirosaveri yanditse ku itariki ya: 7-07-2016

Muraho kt ngewe harikintu ndikwibaza mukatere kanyagatare mumurenge wa gatunda mukagari ka nyangara tumaze ukwezi nigice ntamuyobozi wakagari dufite akabayaraburiwe irengero kubera ibyaha akurikiranyweho byo kurya amafranga ya leta nonese ubwuburenganzira bwacu nkabaturage burubahirizwa? ese habuzundi baduha? mutubarize kandi turabakunda.

alias yanditse ku itariki ya: 4-07-2016

dushyikiye ingobo zacu zabohoye u Rwanda

Musengimana Cyprien yanditse ku itariki ya: 4-07-2016

Ndabaza ubuyobozi Munyiginya ibura iki? ngo ibone umuriro wamashanyarazi turinyuma mumajyambere pe

Ndagije yanditse ku itariki ya: 30-06-2016

ABOBAYOBOZI BARYA AMAFARANGA YABATURAGE NTIBAHANWE BYINTANGA RUGERO TUKABA DUTUYE IBUSORO

TWIZEYIMANA ETIENNE yanditse ku itariki ya: 25-06-2016

Kigali to day ndabakunda.murakoze

majoro daniel yanditse ku itariki ya: 25-06-2016

ibyo ntago aribyo.

jamvier yanditse ku itariki ya: 22-06-2016

Niba koko inganda za kawa zarafashe amazi y’ abaturage byaba bibabaje! nonese umuturage azagera ate muruganda kugirango a bone amazi?

Joel yanditse ku itariki ya: 21-06-2016

Niba koko inganda za kawa zarafashe amazi y’ abaturage byaba bibabaje! nonese umuturage azagera ate muruganda kugirango a bone amazi?

Joel yanditse ku itariki ya: 21-06-2016

Mukomerezaho

didier yanditse ku itariki ya: 13-06-2016

BURERA abakekwaho kurya inka z’abakene bari mu maboko ya Police, bafashwe nyuma y’igihe kitari gito abaturage dutabaza. Ku byifuzo by’abaturage buri wese wabigizemo uruhare cg warangaye yakagombywe kubibazwa, aha ndavuga nyobozi icyuye igihe naba Exéctifs k’Umurenge. Njyanama y’Akarere ka BURERA yabonye Nyobozi igiye gucura igihe yimurira ba Gitifu mu yindi mirenge, twe twabifashe nko kubahunza amakosa bari barakoze mu mirenge bayoboraga kuko wasangaga hari abari bamaze imyaka 8 m’umurenge batimuka mbese umurenge warabaye nk’akarima kabo. Bityo muri gahunda yo kurwanya IHEZANDONKE aho bagiye bakagombye kubibazwa kuko nibwo butabera. Urugero m’Umurenge wa GAHUNGA hafashwe Umuvuzi w’amatungo nyamara amakosa yabaye n’inka zabuze Gitifu nk’Umuyobozi w’Umurenge unatanga raporo akayisinya yibereye mu wundi murenge utarimo ibibazo naho Veternaire arimo kwisobanura. Imyaka umunani uyobora ahantu kandi udatorwa ni myinshi, bibaye byiza Leta yagena mandat nabo tukajya tubatora kuko ahenshi abaturage TWARABERAGIJWE.

MANIRAGUHA Ladisilas yanditse ku itariki ya: 12-06-2016

Ababuze ababon,ibihangane

Mahoro erineste yanditse ku itariki ya: 11-06-2016

ahitwa ruhuha mubyapa byangarama igerekani ihagera iri kumafranga 200frw.

vestina yanditse ku itariki ya: 9-06-2016

udafite umwana cg igare nikibazo

vestina yanditse ku itariki ya: 9-06-2016

gatsibo rwose mudutabare kukibazo kijyanye na mazi,kuko ntanibirohwatunabona murakoze.

vestina yanditse ku itariki ya: 9-06-2016

GASABO: Dutekerezako itangazamakuru rifite uruhare mu gutuma Leta yihutira gutabara abaturage ahop rukomeye.

Niyo mpamvu twumva mwakomeza kudukorera ubuvugizi kugira ngo Akarere ka Gasabo kadukorere umuhanda Zindiro- Masizi- Birembo-Nyacyonga.
Meya aherutse kubyemera ariko rwose bikorwe kuko ubu noneho birakomeye cyanee, Bigeze aho imodoka zinanirwa kugenda kubera ivumbi ryinshi rihari. Birakabije basi mudusure namwe mushyireho akanyu mukore nibura inkuru y’ ubutabazi.

Karake yanditse ku itariki ya: 8-06-2016