Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1377 )

MUDUTABARE HANO TWARADINDIYE MUMAJYAMBERE UMUDUGUDU WA NKERENKE MUKAGARI KA KAMAGIRI UMURENGE WA YAGATARE NTAMURIRO AMAPOTO AMAZE IMYAKA YARASHINZWE AGERA AHO AVUNAGURIKA,IBYICIRO BYUBUDEHE TWABISHYIZWEMO NABAYOBOZI NTAMUTURAGE UGIRA ICYO AVUGA MUZAZE MWIREBERE TWARASHIZE.

Alias yanditse ku itariki ya: 18-09-2016

Natwetwabo Nye Aribyo Pe

Frugence yanditse ku itariki ya: 16-09-2016

muraho neza ndabakunda cyane kubwibitekerezo byiza mutugezaho.

uwingeneye yanditse ku itariki ya: 15-09-2016

MWIRIWE MBERE NA MBERE NDASHIMA CYANE KIGALI TODAY UBURYO MUTANGA AMAKURU ATOMOYE,NDAGIRANGO MBASABE MUZABAZE AMAYOBOZI BAKARERE KARUBAVU IMPAMVU BATAVUGANIRA ABATURAGE NGO BAHABWE INGURANE, KUBASIGAYE BATAYIBONYE KUBUTAKA GAKONDO BARIBAFITE MUNKENGERO ZAGISHWATI ABANDI BARISHYUWE IMISHINGA BAYIGEZE KURE ABANDI AMASOYAHEZE MUKIRERE. VRAIMENT NIBAGIRE BWANGU NATWE DUKORE IMISHINGA NKABANDI.IBYA MA ACCOUNT BAVUZE BANK ZAFUNZE IBYO BIMAZE IGIHE BIKOSOWE BARIBAVUZE KO MURI JULY BIZABA BYAKEMUTSE NONE SEPTEMBER NAYO IRARANGIYE!!!UBWOSE IKIKIBAZO KIZONGERE KIBAZWE H E? KWABA ARIGUKABYA VRAIMENT.IYO UBONA ABATURAGE BAKARERE KAWE HAFI 90%BATUZWE NO GUHINGA BIKABANGOMBWA KO AHARIHABATUNZE HASHYIRWA IBIKORWA REMEZO WARANGIZA UKISHYIRIRA AGATI MURYINYO UBA UZINGO AMANOTA UZAYAKURA HEHE?? KIGALI TODAY VRAIMENT MUNJYE MUDUHWITURIRA ABABAYOBOZI PLEASE U HAVE TO WHERE AND TALK TO THEM ABOUT THIS ISSUES PLEASE ! GUSA COURAGE KURI SINAMENYE JERVIN ! UBUTAHA VRAIMENT NDASHAKAKO TUVA KUMWANYA WA 21 TUKAZABA ABAGATANU NDETSE NUMWANYA WAMBERE TWAWUTWARA EREGA NTAGITANGAZA KIRIMO HAGUMA UBUFATANYE.SAWA MURAKOZE MAY THE LORD CARE OF YOU!

ALIAS yanditse ku itariki ya: 11-09-2016

nyabihu ,kabatwa ubuyobozi bwa G.S kabatwa biriza abanyeshuri mubihano bityo bituma abanyeshuri batsindwa
bakabwira abanyeshuri ngo nibakorope W.C base inkwi,nibakubure ikigo ababyeyi bakagirango abana bagiye kwiga kandi batiga , turabasaba ko mwabimenyesha ababishinzwe bagakemura ibyo bibazo,birukana abanyeshuri ndambamvu yumvikana ihari ,kandi bakaguha na weekend mubintu byamafuti.Murakoze .Umuyobozi wikigo ni Cyimana Theogene nabandi bamufasha kuyobora ikigo.

eric yanditse ku itariki ya: 4-09-2016

INYAMUGARI UMURENGE WA SHANGI AKARERE NYAMASHEKE NTAMURIRO PE,

ALIAS yanditse ku itariki ya: 3-09-2016

Ubwirakabiri bwabaye ntibusanzwe. Bwatwaye isahayose.guhera saw
10h13-11h56

NTIRIJYINAMA alias Cyahafi yanditse ku itariki ya: 1-09-2016

mukarere ka huye telwategereje umuriro wamashanyarazi turaheba hashize imyaka4. amapoto amaze amezi 4ashinze ndetse na transformateur zarahageze ntanwo tuzi ajo bitigupfira mutunarize.kuko mukagali kicyeru turi mumeijima ukabije.mumurenge wa mukura

byahishwe emmy yanditse ku itariki ya: 31-08-2016

nibyokoko twifuzaga kukumenya abemerewe inguzanyo nta batazihawebakamenyekana ,byadushimisha.murakoze.

Asuman yanditse ku itariki ya: 29-08-2016

mutubarize reb impamvu itadukura mugiirahiro ngo idutangarize abemerewe inguzanyo n’abatayemerewe!!ngo tumenye uko dutegura ejo hazaza hacu

ndaheranwa eric yanditse ku itariki ya: 27-08-2016

Ndi umwe mubarimu bagera ku100 bigisha mu Karere ka NGOMA kuva2012. Twagiye mu kazi tuzi ko tuzageragezwa 6mois nyuma tugahabwa amabaruwa ya burundu, kugeza ubu ntiturayabona ahubwo buri mwaka badusaba kudepoza ngo twongererwe amasezerano ikintu twe tubona nk’akarengane kandi kitaba mu tundi turere. Ibi byatwambuye uburenganzira twemererwa n’amategeko nko kwaka credit,avance sur salaire,...byadindije iterambere ryacu kuburyo bamwe no gukomeza kaminuza byatunaniye twitwa ngo dufite akazi. Ahari twe ntituzi amategeko, ariko:Mutubarize ministry idufite mu nshingano nk’abakozi niba mu itegeko rirengera abakozi hari ingingo yuzuzanya n’ibyo aka Karere kadukorera. Niba se ikosa ari iry’akarere, mubatubarize icyo twaba tuzira kuko niba tudashoboye akazi, iki sicyo gihano bakaduhaye tuziko hari icyo itegeko riteganya kidahuye n’ibi. Gutabaza muri ubu buryo si uko ntazi aho nabariza,nuko mbizeye nk’abavugizi b’abanyarwanda.Mu izina ry’abagera ku100 batantumye ariko babaye nkanjye,mbaye mbashimiye. Murakoze.

Alias yanditse ku itariki ya: 25-08-2016

mwiriwe njye nashakaga kubisabira NGO muzasure a karere Ka kirehe,nyarubuye,mareba,umudugudu nyamateke, murebe ukuntu amazi aringorabahizi ahavomwa (amazi)arukudaha hasi n’amatungo akahashoka, wakubitiraho urugendo(aho ava nikure cyane).uziko ijerekani 1 igura frw 200.moralized

camarade yanditse ku itariki ya: 19-08-2016

Ndashaka urutonde rwa manota y’ibizamini bya affair social butugali

TWAMBAZIMANA Edmond yanditse ku itariki ya: 16-08-2016

NITWA EPA MUKAREREKA BURAUMWANA AGIYEGU FATASENTREMARO AFITEIMYAKA 10

epa yanditse ku itariki ya: 16-08-2016

NDASHAKA Amakuru Yi Rwamagana

VESTINA yanditse ku itariki ya: 8-08-2016

nkoweerss ndakwemera urugo ruhire

uwitonze corendina yanditse ku itariki ya: 7-08-2016

Muzasure Nyamasheke Kanjongo Kigarama Karehe Hari Amarozi Akabije Murakoze

Alias yanditse ku itariki ya: 1-08-2016

Inka Zubudehe Ziri Gutangwa Nabi Aho Umuyobozi W Umudugudu Yicara Wenyine Akandika Umuhaye Amafaranga Kugirango Amuhe Inka Ahamagaza Inama Yabaturage Bigasa Nko Kubibaratira Ntibahabwe Umwanya Ngo babyibonemo Uregero Akarere Ka Gisagara - Umurenge Wa Gikonko - Akagari Ka Gasagara - Umudugudu Wa Mugusa . Muzahagere Muganirize Abaturage Mwiyumvire Ukuntu Abaturage Bagowe " Uwo Muyobozi Twamusabye Kwegura Kuko Ntacyo Yaratumariye Yegera Umunyamabanga Shingwa Bikorwa Wakagari Araza Amusubizaho Kungufu Ze . Mudukorere Ubuvugizi .

Allias yanditse ku itariki ya: 31-07-2016

Ngoma umurengewakibungoakagari kagatonde kagizwenimidugudu irengicumi ituyekumudugudu neza duturanye nimirengifitumuriro namazimeza impandenimpande nikukinatwe bitatugeraho ntamuriro ntamazi ntaterambere

nshimiyimana David yanditse ku itariki ya: 28-07-2016

Ubukungu nimizamukireyakarere Ruhago amakurukikipe ya etwari

nshimiyimana David yanditse ku itariki ya: 28-07-2016

Muraho bantu batugezaho ibyiza? umwana bajyana kenya, birashoboka ko ari urucyuruzo nogushaka inyungu.

AHISHAKIYE Samuel yanditse ku itariki ya: 24-07-2016

mwiriwe muzaze kudusura tumaze amezi 3tudahembwa mugishanga aho turangije kugitunganya muguhingamo umuceri mukarere ka nyagatare na gatsibo umurenge ni katabagemu na kabarore na karangazi

safari elise yanditse ku itariki ya: 22-07-2016