Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
HiBanyakubahwa ba karere ka Gasabo twabasabaga mu rwego rwo kunoza service mugutanga ibyangombwa byo kubaka mu karere ka gasabo ko mwajya mubyihutsha! abantu bakabona service yihuse murwego rwi imiyoborere myiza! murakoze
amakuru,NAyo muduha
kumenya amakuru kugihe
Hi.banyakubahwa bayozi bakarere kabugesera mudufashe twetwa cikishije amashuri yisumbuye hijuruyuwakane nicyogitecyerezo narimfite?
Akarere kacu karigutera imbere dushimishijwe n ’umuhanda wa kaburimbo umubyeyi Nyakubahwa Prezida wa Repubulika yatwemereye ku busabe bwanyu.Ese mufatanyije na campany ikora uyu muhanda wacu,mwatuvugira ,hariya hafi ku Biro by’u Murenge wa Cyeru,tutabogamiye ibipimo by’umuhanda berekanye tukazarushaho gushigikira amazu
yacyu n’urugarika rw’amabuye dore ko twari twarabitangiye fondation zubatswe ahakomeye ,cyangwa bakatwere uburyo twe twahikomereza ,aho gukomeza gusenya amazu yacu yubatswe ku buryo atapfa guhirima kubera compacteur zikora mu muhanda Natwe tukazabona kubyiza bya kaburimbo,ijYe iwacu.nabonye no kubona ikibanza hafi y umujyi wacyu wa Kirambo bitoroshe kwari ugusaba.
Kiragara kuri Kigali
MURAHO BANYAMAKUBEZA?NYAMAGABE TURABAKUNDA
Nyakubahwa muyobozi wa akarere ka Gicumbi tubabajwe nogusubira inyuma kwikipe yacu biturutse kubuyobozi bwa karere mwikuriramo ayanyu iyi kipe muzayihorwa.
Nyakubahwa muyobozi wa akarere ka Gicumbi tubabajwe nogusubira inyuma kwikipe yacu biturutse kubuyobozi bwa karere mwikuriramo ayanyu iyi kipe muzayihorwa.
mujye mukomeza mutugezeho amakuru maze dufatanye twubake urwatubyaye
NIYIHANGAN
Turishimye Kubw’ Ibitaro Bishya
Muraho, kt nanjye nifuje kujya ntanga ibitekerezo byamjye , murakoze
Bwana muyobozi w’akarere ka Gisagara mbaje kubasuhuza.twishimiye intambwe imaze kugerwaho mwiterambere arko mujye munakurikirana ibyagenewe abaturage ko barikubigezwaho uko bikwiriye bitabaye umuhango wokubimurika gusa urugero nkamazi yahawe abaturage bo mumurenge wa nyanza ho mukarere ka Gisagara byabaye umuhango murakoze.
Nishimiye perezida
abanyakarongi dufatanirize hamwe guteza imbere akarere kacu.
Muraho, Muzatubarize Impamvu Mumurenjye Wa Ruhashya Kugice Kimwe Gikora Kuri Kaburimbi, Guhera Kuri Atoriye(save) Kujyeza Mwibandagure? Mukagari Ka Muhororo Har’icyigo Cy’amashuri Ariko Ntamuriro
Bugesera mu iterambere rya byinshi mu mupira ubukungu umutekano n’ibindi . ntituzagutererana
nibyizako mutugezaho amakuru yu turere ariko mutubwire niterambere ryaburikarere murakoze
BWANA MUYOBOZI WA KARERE KA GAKENKE MBASHIMIYE IBIKORWA MWAGEZEHO ARIKO MUGERAGEZE MWEGERE EXECTIF WU MURENGE WA MUZO.KUKO NTIYUZUZA INSHIGANO UKO BIKWIYE.URUGERO MUZAGAGENDE MUREBE UMUHANDA URI MUKAGALI KA MWIYANDO HASI KURI NYABARONGO UVUYE MURI VUNGA UGANA
akazi keza imana ibahe umugisha
inkuru zanyu turazemera pe mukomereze aho