Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Mbona amafaranga Leta iha abasaza n’abakecuru yaburi kwezi yajya iyaha urubyiruko mu kubafasha kwiteza imbere mwiterambere ry’igihugu cyacu
I Kibeho ni ahantu hatagatifu kandi si amazi y’isoko ya Bikira Mariya gusa hari ibyiza byinshi abahagenda baharonkera njye ndahatuye muzaze mbatembereze mwihere amaso.
Akarengane muri KAYONZA DISTRICT, KABARONDO SECTOR, CYINZOVU CELL, CYINZOVU VILLAGE.aho abaturage 7 bikururije umuriro w’amashanyarazi wa EUCL 2 muri bo bari bamaze hafi amezi2 bacana. Ejo le 17/5/2017 manager wa EUCL KAYONZA araza abambura ama cash power abandi 5 baribatarazibona barazishyuye muri EUCL KAYONZA, Manager avuga ko uwo muriro bawubonye kuburyo budakurikije amategeko kandi ari we wawubahaye. YItwaje ko batishyuye umukecuru 50000 frw ngo yo gufatira ku ifoto ye. Bigaragara ko harimo akagambane k’umukobwe witwa Mutoni na Manger wa EUCL kugira ngo abo bafatabuguzi bashya bahombe kandi byarabatwaye amafranga menshi no guhera mu kizima. Turasaba kurenganurwa byihuta ninzego zose bireba, iz EUCL HEADQUATER, IZA lETA, IZ’UBUCAMANZA kugira ngo iterambere ryihute kandi Abanyarwanda bose basangire ibyiza Leta yacu ishaka kutugezaho.
mwaramutse mwiterambere nibyiza nkunda ikipeyagicumbi nifuzakwabayobozibayo bayegerahafi ntisubire mucyiciro cya 2 murakoze.
mwaramutse mwazadusuye mu karere ka gisagara mu murenge wa gikonko mu kagari ka gasagara.ko hari ibibazo bikeneye ubuvugizi bwanyu
Mwaramutse Ben! ibiyobyabwenge bidinza iterambere. Duhe indirimbo " nzoga iroshya" ya....,..kugira ngo dukomeze turwanye ibiyobyabwenge.
Turashima cyane ibikorwa bya RPF/INKOTANYI byokutugezaho ibikorwa remezo bitandukanye iwacu i GIKUNDAMVURA.
Turashimira Akarere Kanyabihu Ibikorwa Byiza Birimo Ndetse Nimihanda Irimogukorwa.Ikindi Abantubenshi Bavuga Umuriro Wamashanyarazi Ko Wabageraho Barabikeneye
Ndashimira Ubuyobozibwakarere Ka Nyabihu
Rutagarama Emmanuel
murakoze ariko mujye mutugeza n,amakuru yakazi.
turashimira umuyobozi wacu wakarere udahwema muguteza akarere kacu imbere
TURASHIMIRA UBUYOBOZI MWITAYE KUBATURAGE MUKABASHYIRIRA poster de sent twe mukagari ka bwenda mu murenge wakibumbwe mukarere ka nyamagabe
Turashimira abo bose bandika bagaragaza icyateza umunyarwanda imbere.Turasaba ubuyozi ko bwakemura ikibazo cy’abantu badafite ibyemezo by’amashyamba yabo mu murenge wa nyamugali mu karere ka kirehe
Murakoze!
TURBAKUNDA
murakozekuduhaI.Dmukarerekamusanze
Mumurenge Wa Mimuli Akagari Ka Mimuli Baciwe Amande Angana Nibihumbi Bitanu Byo Gukererwa No Gusiba Mubiganiro Byo Kwibuka Genocide Yakorewe Abatutsi Bamwe Babifashe Nkakarengane Kuburyo Nta Muntu Numwe Byashimishije Nonese Umuyobozi Utarumva Impamvu Bwite Ahaaa!
Turifuza kumenya amakuru twumvise yinzirakarengane zishwe kicukiro na gisozi mana y,, irwanda!!!!!
njye ndumva police yagomye kujya ikira akazi kayo ariko bakabanza gushaka ibimenyetso bifatika kuko hari ubwo abatangabuhamya bahimba pe. Nko kuvuga ngo yabwiye umuntu gutya.., nta kimenyetso nakimwe. Ntawutaziko hashobora kuzamo amashyari n’ibindi. So mujye mufunga mwabanje kubona facts. Gacaca ni nde utazi ko hari abayirenganiyemo nubu bafunze
Umwanda ubangamira ibintu byinshi mu buzima bwa muntu bw’imibereho ye ya buri munsi. Abayobozi n’abayoborwa nibahurize hamwe imbaraga zabo maze tuwurwanye twivuye inyuma duce ukubiri n’indwara ziwukomokaho.
twakoze mukigo cya a.c.e.k bihembe nshira baratwambuye ikigo.baragifunze. iyo tubishuje batubwirako ntamafarangabafite. kandi baturimo amezi arenga muratanu(5) none banyakubahwa mutugiriyeneza mwadukurikiriranira ikikibazo.nukari mwabamugize nezacyane
ba nyakubahwa ba karere ka kicukiro turabashimira service muduha ku bijyanye ni byangobwa byo kubaka!